IBYIZA BYO GUKORANA SIPORO N’ABANA BAWE
IBYIZA BYO GUKORANA SIPORO N’ABANA BAWE Abashakashatsi batandukanye bamaze kwerekana ko gukora imyitozo ngororamubiri bifitiye umumaro abantu bose, yaba abana cyangwa abantu bakuru. Ariko iyo siporo ikozwe hagati y’umwana n’umubyeyi, umumaro urushaho kuba munini kuko urebana n’ibice bitandukanye by’ubuzima: ubuzima bw’umubiri, ubw’umutima, ubw’imibanire
Agahinda k’ababyeyi: Ingaruka ku buzima n’imitekerereze y’abana
Agahinda k’ababyeyi: Ingaruka ku buzima n’imitekerereze y’abana Mu gihe umuryango wose ugira uruhare runini mu mikurire y’umwana, ubushakashatsi buherutse kwerekana ko ababyeyi bonsa abana babo agahinda n’amarangamutima mabi bashobora gutuma abana bahura n’ingaruka z’igihe kirekire ku buzima bwabo bwo mu mutwe, ku myitwarire
AFC/M23 yamaganye icyaha cyo gukoresha abana mu ntambara
AFC/M23 yamaganye icyaha cyo gukoresha abana mu ntambara Mu itangazo ryasohotse ku rukuta rwa X (yahoze yitwa tweeter) ryasohowe na Lawrence Kanyuka, umuvugizi w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), ryamaganye bikomeye kandi ryerekana agahinda batewe n’uko ingabo zifatanyije zishamikiye kuri Leta ya Kinshasa