Rwanda:Meddy Kagyere ari mubakinnyi batari bubanze mu kibuga.
AMAKURU MASHYA: Meddy Kagera ntago aza kubanza mu kibuga kuri uyu munsi aho ikipe y’igihugu y’uRwanda iza kuba icakirana n’ikipe y’igihugu ya Algeria y’abakinnyi bakina imbere mugihugu mu mukino wa gishuti uri bubere mu gihugu cya Algeria.

Amakuru ava muri comp y’amavubi avuga ko Meddy Kagyere aza kuba atari muri 11 babanza mu kibuga.kimwe nabandi bakinnyi muza kumenya mbere Yuko umukino utangira nka omborenga n’abandi .
