EUGENE OFFICIAL

Minisitiri y’umurimo yagaragaje amatariki y’ibiruhuko atandukanye.
AMAKURU

Minisitiri y’umurimo yagaragaje amatariki y’ibiruhuko atandukanye.

Jun 20, 2025

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda yasoye itangazo rimenyekanisha amatariki atandukanye y’ikiruhuko rusange.

Muri iri tangazo rigaragaramo ko :kuwa Kabiri ,tariki ya 1 Nyakanga 2025 ari umunsi w’ubwigenge.

Kuwa Gatatu,tariki ya 4 Nyakanga 2025 ko azaba ari umunsi wo kwibohora.

Iyi minisiteri kandi iramenyesha abaturage ko kandi guverinoma yatanze ikiruhuko rusange ku minsi ikurikira:

Kuwa Gatatu ,tariki ya 2 Nyakanga 2025 no kuwa Kane,tariki ya 3 Nyakanga 2025 bivuga ko akazi kazasubukurwa ku wa mbere tariki ya 7 Nyakanga 2025.

Minisiteri yasabye abaturarwanda ko bakizihiza iyi minsi mikuru ikomeye mu buryo buboneye kandi butekanye.