Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yabwiye Umuhungu wa Habyarimana Juvénal wayoboye u Rwanda, Jean Luc Habyarimana, ko u Rwanda rudakerensa umubano we na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi. Yabigarutseho ubwo yamusubizaga, nyuma y’ubutumwa Habyarimana Jean-Luc yatambukije ku mbuga
Kugenda mu byatsi wambaye ibirenge, umuco ushobora kuguhindurira ubuzima
Kugenda mu byatsi wambaye ibirenge, umuco ushobora kuguhindurira ubuzima Mu buzima bwa none, abantu benshi batunzwe n’ibiribwa byihuse, bakora amasaha menshi bicaye ku meza cyangwa imbere ya mudasobwa, abandi bagatwarwa n’urusaku rwa telefoni zigezweho. Ibi byose bituma tugenda duhora duhangayitse, tudatuje ndetse n’imibiri
AFC/M23 yamaganye ubwicanyi bwakorewe abasivile muri Ituli batangaza n’icyo bagiye gukora ngo buhagarare
AFC/M23 yatangaje gahunda yiyemeje nyuma yuko abantu 47 bicanywe ubugome ndengakamere Mu ntara ya Ituri aho aba basivire bari bazindukiye mu masengesho bakagabwaho igitero n’umutwe w’iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Museveni muri Uganda. Iri huriro AFC/M23 ryamaganye ubwicanyi bwakozwe n’umutwe w’iterabwoba wa
Kevin Kade wari witezwe mu bitaramo bya MTN I Wacu na Muzika Festival ntakibigaragayemo
Umuhanzi ukunzwe cyane muri iyi minsi, Kevin Kade, agiye guhagararira u Rwanda mu birori by’abanyarwanda baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bizwi nka ‘Rwanda Convention’, nyuma yo kugirana ibiganiro byihariye n’isosiyete ishinzwe gutegura ibitaramo muri Afurika y’Iburasirazuba, Eastern Africa Promoters (EAP).
Col Innocent Kaina yasabye Tshisekedi kwegura byihuse
Colonel Innocent Kaina uheruka gushinga umutwe Coalition National Pour la liberation du Congo ufite igisirikare ugamije gukuraho ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, yamusabye guhita yegura byako kanya. Ibi yabinyujije mw’itangazo ry’umutwe ayoboye wa Coalition National Pour la liberation du Congo (CNLC)
Constant Mutamba yeguye ahitanywe na miliyoni 19$
Constant Mutamba wari Minisitiri w’ubutabera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yeguye kuri izi nshingano nyuma y’iminsi mike umushinjacyaha mukuru, Firmin Mvonde, amubujije kurenga umujyi wa Kinshasa kubera amukurikiranyeho kunyereza miliyoni 19 z’amadolari. Mu ijoro ryaraye ryakeye rishyira kuri uyu wa gatatu tariki
Leta itanze ikiruhuko ku bakozi mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa EID AL-ADHA abenshi bita irayidi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, tariki 03/06/2025 nibwo kumbuga nkoranya mbaga hatangiye gukwirakwizwa itangazo rigaragaza ko Minisiteri y’Abakozi ba leta n’Umurimo itanze ikiruhuko cyo kwizihiza umunsi mukuru wa eid al-adha benshi bita irayidi wizihizwa cyane naba Islam, itangazo riravuga riti: Minisiteri