Kenya yashyizeho Uhagararira Inyungu zayo i Goma mu Burasirazuba bwa DRC
Kenya yashyizeho Uhagararira Inyungu zayo i Goma mu Burasirazuba bwa DRC Goma, DRC, Kanama 2025; Perezida wa Kenya, William Ruto, yamaze gushyiraho uhagararira inyungu z’igihugu i Goma, umujyi ukomeye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC). Madamu Judy Kiaria Nkumiri ni
Uyu munsi mu mateka
Uyu munsi mu mateka Itariki ya 15 Kanama: Amateka n’ibikorwa byabaye ku isi Kwibohora k’Ubuhinde (India) : 1947 Ku wa 15 Kanama 1947, Ubuhinde bwageze ku kwigenga nyuma y’imyaka irenga 190 y’ubukoroni bw’Abongereza. Uyu munsi wateye ishema rikomeye imiryango y’Abahinde, bitegekwa kwizihizwa buri
Sud-Kivu, Ituri, Maniema, Walikale n’Uburundi; amakuru y’umutekano atari meza
Sud-Kivu, Ituri, Maniema, Walikale n’Uburundi; amakuru y’umutekano atari meza Mu ntangiriro z’iki cyumweru, intara zitandukanye z’Amajyepfo n’Amajyaruguru y’u Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kimwe n’igihugu cy’u Burundi, zakomeje kugaragaramo ibikorwa by’imirwano, ibikorwa bya politiki n’itabwa muri yombi ry’abasirikare bakuru, mu
Abasirikare 35 b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore bgo baryamare
Iperereza rya gisirikare ryakozwe hagati ya Nyakanga 2022 kugeza mu mpera za 2024, ryagararaje dosiye 35 z’abasirikare b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore kugira ngo bakore imibonano mpuzabitsina. Ibyavuye mu iperereza byagaragaje ko nubwo hari itegeko ryashyizweho rigamije guca burundu ihohoterwa rishyingiye ku gitsina
Walikare umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Macumbi na Ngenge mu mirwano ikomeye
Walikare umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Macumbi na Ngenge mu mirwano ikomeye uyu mutwe wari uhanganyemo n’abarwanyi ba Wazalendo. Mu mirwano yatangiye kuwa kabiri tariki ya 12 Kanama 2025 ikagera kuwa kane yari ihanganishije abarwanyi ba m23 n’abarwanyi bashyigikiwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa
Minembwe: Drone yarashe ku baturage, ibabuza kwibuka abiciwe mu Gatumba
Minembwe: Drone yarashe ku baturage, ibabuza kwibuka abiciwe mu Gatumba Minembwe, Kivu y’Amajyepfo; Ku wa 13 Kanama 2025, abaturage b’abanyamurenge bo mu gace ka Minembwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bateguraga umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 21 Jenoside yakorewe Abanyamurenge
Uganda: Iperereza ku bahoze mu gisirikare bakekwaho kwinjira mu ntambara yo muri Ukraine
Uganda: Iperereza ku bahoze mu gisirikare bakekwaho kwinjira mu ntambara yo muri Ukraine Inzego z’umutekano muri Uganda zatangije iperereza rikomeye nyuma y’aho hafatiwe abagabo icyenda (9) bahoze mu gisirikare cya Uganda, bakekwaho kugana muri Ukraine kugira ngo bafatanye mu ntambara ikomeje hagati y’iki
Rulindo:RIB yakaguriye abaturange gukumira ibyaha bitaraba
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha(RIB) mu bukangurambaga bwo gukangurira abaturageye y’agaciro ndetse runagaragaza ibihano bihabwa ababikoze gukumira ibyaha bitaraba,rwibanze ku byaha bigaragara mu bucukuzi bw’amabu. ku wa kabiri,tariki 12 kanama 20205, Urwego rw’Igihungu rw’ubugenzacyaha(RIB)rwaganirije abaturage bo mu Karere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru kungingo yo
AFC/M23 yashyizeho Komisiyo yo gusubukura imirimo y’ubucamanza mu duce igenzura
AFC/M23 yashyizeho Komisiyo yo gusubukura imirimo y’ubucamanza mu duce igenzura Ku wa 12 Kanama 2025, Umuvugizi w’AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje icyemezo gifite nimero 022/COORDO/AFC-M23/2025, cyashyizeho komisiyo ishinzwe gutangiza no kugenzura inzira yo gusubukura imirimo y’ubutabera mu bice byafunguwe n’uyu mutwe wa gisirikare. Icyemezo
Uko wamenya umuntu wubaha abandi
Uko wamenya umuntu wubaha abandi Kumenya umuntu wubaha abandi bisaba kureba imyitwarire ye mu bice bitandukanye by’ubuzima, aho ibyo avuga bihura n’ibyo akora. Dore ibimenyetso bikomeye bishobora kugaragaza ko umuntu yubaha abandi: Atega amatwi neza Ntababara mu gihe abandi bavuga. Ateganya umwanya wo