RIB yateguje gushinga ikipe ya ruhago: Ubundi buryo bwo kwegera urubyiruko
RIB yateguje gushinga ikipe ya ruhago: Ubundi buryo bwo kwegera urubyiruko Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko uru rwego ruri mu myiteguro yo gushinga ikipe ya ruhago izitabira amarushanwa mu Rwanda. Yavuze ko intego nyamukuru atari ugutsinda imipira
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar Ibi byemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, nyuma yo kwakirwa i Kinshasa ku wa 19 Kanama 2025 na Perezida Tshisekedi. Uyu muyobozi w’Uburayi yagize ati: “Rwose Perezida Tshisekedi yampamirije ko inyandiko yateguwe
Gatsibo yapfuye, hakekwa inkoni yakubiswe
Inzego z’umutekano mu karere ka Gatsibo mu Murenge wa Gitoki, Zatangiye iperereza ku rupfu rw’umugabo w’imyaka 32 bikekwa ko yishwe n’abacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe muri aka karere. Uyu mugabo yapfuye ku cyumweru tariki 17 Kanama 2025.Yari atuye mu Mudugudu wa Gishore
Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage bagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa RDC
Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage bagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba baturage biciwe mu duce dutandukanye two muri Segiteri ya Bapere muri teritwari ya Lubero ndetse no mu mujyi wa
AFC/M23 na Leta ya RDC bigiye kohereza intumwa muri Qatar
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya,bigiye kohereza intumwa muri Qatar kugira ngo zisuzume uko amahame yashyizweho umukono tariki ya 19 Nyakanga 2025 ari kubahirizwa. Umuyobozi wungirije wa AFC/M23, Bertrand bisimwa, yatangaje ko mu ngingo zizasuzumirwa muri Qatar zirimo ihagarikwa
Drones zituruka i Bujumbura mu gitero cyahitanye abaturage i Kanyola na Nzimbira: Impungenge ku mutekano w’akarere
Drones zaturutse i Bujumbura mu gitero cyahitanye abaturage i Kanyola na Nzimbira: Impungenge ku mutekano w’akarere Ku Cyumweru, tariki ya 17 Kanama 2025, amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko ingabo za Leta ya Kinshasa, zifatanyije n’abambari bazo,
Imirwano ikaze yongeye kwaduka muri Kivu y’Amajyepfo: abaturage ba Nzimbira na Kanyola bari mu kangaratete
Imirwano ikaze yongeye kwaduka muri Kivu y’Amajyepfo: abaturage ba Nzimbira na Kanyola bari mu kangaratete Bukavu, kuwa 17 Kanama 2025; Amakuru aturuka mu bice bya Kivu y’Amajyepfo aravuga ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) n’abambari bazo bo mu
UMUNYAKOREYA YAKOZE IJISHO RY’IKORANABUHANGA RIRINDA IMPANUKA ZITERWA NO KURENGARIRA TELEFONI
UMUNYAKOREYA YAKOZE IJISHO RY’IKORANABUHANGA RIRINDA IMPANUKA ZITERWA NO KURENGARIRA TELEFONI Mu gihe abantu benshi ku isi basigaye bamara umwanya munini bareba mu matelefoni yabo aho kuba mu nzira, bishobora gutera impanuka, umunyakoreya witwa Paeng Min-wook, w’imyaka 28, yakoze agashya kitamenyerewe: ijisho ry’ikoranabuhanga rishobora
RDC yikomye Perezida Ruto ku kugena uhagarariye Kenya i Goma: Impaka za dipolomasi n’isesengura ku mutekano w’akarere
RDC yikomye Perezida Ruto ku kugena uhagarariye Kenya i Goma: Impaka za dipolomasi n’isesengura ku mutekano w’akarere Ku wa 15 Kanama 2025, Perezida wa Kenya William Ruto yatangaje icyemezo gishya cyateye impaka mu karere kose: kugena Judy Kiaria Nkumiri nk’uhagarariye inyungu za Kenya
RDC: Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yatangaje ko ashobora kwinjira Kisangani niba M23 ifashe Uvira
RDC: Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yatangaje ko ashobora kwinjira Kisangani niba M23 ifashe Uvira Goma, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Kanama 2025; mu butumwa buteye impungenge ku mutekano mu burasirazuba bwa RDC, umuhungu wa Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni,