Burundi:Niyonkuru Dieudonne alias Rabin impunzi yabaga mu Rwanda yashimuswe n’inzego z’iperereza z’u Burundi
Dieudonné Niyukuri Alias Rabin na bagenzi be bane barashimuswe n’iperereza ry’Uburundi kuva tariki ya 28.8.2025 umurundi uzwi cyne kuri chaîne ya YouTube mu Rwanda yitwa Bwiza Tv azwi kw’izina rya Rabin, amaze imisi 19 mu iperereza ry’Uburundi (SNR). Amazina yiwe y’ukuri ni Dieudonné
UBURASIRAZUBA BWA CONGO: AFC/M23 YINJIJE ABAKOMANDO 7,437 BASOJE IMYITOZO YA GISIRIKARE
UBURASIRAZUBA BWA CONGO: AFC/M23 YINJIJE ABAKOMANDO 7,437 BASOJE IMYITOZO YA GISIRIKARE Kuri iki Cyumweru mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo, mu karere ka Kivu ya Ruguru, habereye umuhango ukomeye wo kwinjiza mu ngabo za AFC/M23 abakomando bashya 7,437 basoje imyitozo ikomeye ya gisirikare.
Israel ikomeje kunengwa n’amahanga
QATAR YASABYE UMURYANGO MPUZAMAHANGA GUFATIRA ISRAEL IBIHANO Israel ikomeje kunengwa n’amahanga Minisitiri w’Intebe wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim al-Thani, yongeye kugaragaza ko igihe kigeze ngo isi ihaguruke ikumire ibikorwa by’igitugu n’intambara bimaze igihe bikorwa na Israel. Mu ijambo rye rikomeye
IBINTU BURI UMWE MU BASHAKANYE ABA YIFUZA KURI MUGENZI WE
IBINTU BURI UMWE MU BASHAKANYE ABA YIFUZA KURI MUGENZI WE Ubuzima bw’abashakanye ni ishingiro ry’imiryango yose. Iyo urugo rufite urukundo, kubahana no kwizerana, usanga no mu buzima bw’imiryango yose byoroshye. Ariko iyo hagati y’abashakanye hadatekanye, bigira ingaruka ku bana, ku muryango mugari ndetse
Uvira:umujenerari wa Fardc yapfuye amarabira biteza akaduruvayo mu mujyi
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko umuyobozi w’akarere ka gisirikare ka 33, Brig Gen. Mwaku Mbuluku Daniel yapfuye. Umuvugizi w’iki gisirikare, Gen Maj Sylvain Ekenge Bomusa, yasobanuye ko uyu musirikare yagize ikibazo cy’ubuzima, apfa kuri uyu wa 12 Nzeri 2025
NYUMA Y’UKO IKIPE YA CONGO ITSINZWE NA SENEGAL, ABAFANA BASENYE STADE
NYUMA Y’UKO IKIPE YA CONGO ITSINZWE NA SENEGAL, ABAFANA BARASENYE STADE Kinshasa, 09 Nzeri 2025, Umukino wari utegerejwe na benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wahindutse isoko y’imyigaragambyo n’urusaku rwinshi nyuma y’uko ikipe y’igihugu ya RDC itsinzwe na
GASITA YAMAZE GUHUNGIRA MU BURUNDI NYUMA YO GUSOHOKA MURI UVIRA MU BURINZI BUKOMEYE
GASITA YAMAZE GUHUNGIRA MU BURUNDI NYUMA YO GUSOHOKA MURI UVIRA MU BURINZI BUKOMEYE BW’INGABO Z’UBURUNDI Uvira, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo; amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira aravuga ko Gasita, umwe mu bayobozi bakuru b’abarwanyi mu burasirazuba bwa Congo, yamaze kuva ku
Tshisekedi yatumije inama y’igitaraganya yiga ku mutekano wa Uvira; amakuru y’i Kinshasa, Masisi, Beni, Idjwi
Tshisekedi yatumije inama y’igitaraganya yiga ku mutekano wa Uvira; amakuru y’i Kinshasa, Masisi, Beni, Idjwi Uvira: Tshisekedi yatumije inama y’igitaraganya yiga ku mutekano wa Uvira Mu masaha ya kare ku wa mbere tariki 08 Nzeri 2025, Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo yatumije inama
UVIRA: WAZALENDO BAMAZE GUSHYIRAHO ABAYOBOZI BASHYA MU MUJYI RWAGATI
UVIRA: WAZALENDO BAMAZE GUSHYIRAHO ABAYOBOZI BASHYA MU MUJYI RWAGATI Uvira, umujyi ukomeye mu Buseruko bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ukomeje kuba ahantu h’inkundura hagati y’inyeshyamba za Wazalendo n’ingabo za leta (FARDC). Kuva tariki ya 1 Nzeri 2025, ibikorwa byo kurwanira uyu mujyi