Isesengura ry’ukuntu misile za Iran zabashije kunyura kuri systeme y’ubwirinzi ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA).
Isesengura ry’ukuntu misile za Iran zabashije kunyura kuri systeme y’ubwirinzi ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Dore isesengura ry’uko misile za Iran zabashije kunyura kuri système ya THAAD ya Amerika, n’impamvu eshanu zikomeye zituma izi ntwaro nshya zigora cyane ubwirinzi bwa
Intambara ikomeje kwaduka mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo hagati y’inyeshyamba za AFC/M23 n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo.
Intambara ikomeje kwaduka mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo hagati y’inyeshyamba za AFC/M23 n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo. Imidugudu n’uturere twinshi two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo imaze ibyumweru byinshi mu mvururu ziturutse ku mirwano ikomeye hagati y’inyeshyamba za AFC/M23 n’abarwanyi bo mu mitwe
Rwanda/RDC:Abaminisitiri b’Ububanyi n’amahanga bagiye gusinya amasezerano y’Amahoro muri USa.
Kuri uyu wa gatatu, ibihugu by’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatangaje ko umushinga w’amasezerano y’amahoro biteganyijwe ko azashyirwaho umukono mu cyumweru gitaha, hagati y’ ibihugu byombi na Amerika aya masezerano akaba agamije guhagarika imirwano mu burasirazuba bwa Congo. Amasezerano y’agateganyo,
RDC:Lt Gen Jean Claude Yav umusirikare muri FARDC yatawe muri yombi.
Amakuru ava mu gisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko urwego rw’iperereza rwa DEMIAP ko rwamaze guta muri yombi umusirikare mukuru muri FARDC witwa Lt Gen Jean Claude Yav akaba yafatiwe iwe i Kinshasa. Uyu Lt Gen Jean Claude Yav yari
Iran vs USA:Perezida Donald Trump yarakariye Iran ashobora kuyirasaho.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika k’urukuta rwe rwa Truth Social yasabye abaturage bose kuva mu mujyi wa Tehran ,umurwa mukuru wa Iran ,aho bivugwa ko USA ishobora kuba igiye kuhagaba ibitero simusiga. Trump yagize ati:”Iran yagombaga kwemera amasezerano nabasabye.Ni agahomamunwa
Mu karere ka Kayonza, umurenge wa Rukara, abagabo bahorwa igikoma
Mu karere ka Kayonza, umurenge wa Rukara, abagabo bahorwa igikoma Ntibisanzwe kumva ko hari abakubitwa bazizwa imyitwarire yabo myiza, kuko insoresore zo mu karere ka Kayonza, umurenge wa Rukara, akagari ka Rwimishinya, ziri kwibasira abagabo batajya mu kabari zibahora ko banywa igikoma. Izo
The Role of Artificial Intelligence (AI) in Development
The Role of Artificial Intelligence (AI) in Development Artificial Intelligence (AI) plays a significant and visible role in various sectors. Below are some key areas where AI greatly contributes to development: Economy and Business Increased productivity: AI is used to perform tasks
RDC:MRDP/Twirwaneho yamaganye ibitero by’ingabo z’Abarundi.
Ishyaka rya MRDP/Twirwaneho ryasoye itangazo ryamagana ibitero by’ingabo zirwana k’ubutegetsi bwa Kinshasa harimo ingabo z’Abarundi,umutwe wa FDLR,Wazalendo n’ingabo za Fardc. Ishyaka rya MRDP/Twirwaneho rivugako ibi bitero byibasira abasivile batuye Minembwe na Rugezi hatuye abanyamulenge benshi ,bikaba bikorwa hagamijwe kubakorera jenoside.
Igisirikare cya Afurika Yepfo cyatangaje ko gitangira gucyura ingabo zacyo zari mu mujyi wa Goma.
Igisirikare cya Afurika Yepfo cyasoye itangazo rivuga ko kuwa 13 Kamena 2025 kizakira itsinda rya mbere ry’abasirikare babo bari m’Uburasirazuba bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bari baje m’ubutumwa bwa SAMIDRC bakaza gutsindwa n’abarwanyi bo mu mutwe wa m23. Iri tanagazo ryasowe kuwa
Rutshuru-Walikale:Imirwano ikaze yahanganishije umutwe wa m23 na Wazalendo.
Imirwano ikaze yahanganishije abarwanyi b’umutwe wa m23 nabo m’umutwe wa Wazalendo muri teritwari ya Rusthuru no muri teritwari ya Walikale kuri uyu wa kabiri tariki 10 kamena,yatumye abaturage benshi bava mu byabo. Umutekano ukomeje kuba mukeya mu bice bya teritwari ya Rutshuru na