Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko ikomeje guhamagarwa n’abaturage bafite ubwenegihugu bwayo 17 bafatiwe muri Ukraine mu Mujyi wa Donbas mu ntambara ihanganishije icyo gihugu n’u Burusiya
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko ikomeje guhamagarwa n’abaturage bafite ubwenegihugu bwayo 17 bafatiwe muri Ukraine mu Mujyi wa Donbas mu ntambara ihanganishije icyo gihugu n’u Burusiya. Bivugwa ko bari mu mutwe w’abacanshuro urwanira u Burusiya muri iyo ntambara. Abafashwe bari hagati y’imyaka
MRDP Twirwaneho yahaye Makanika Rukunda ipeti rishya nubwo yatabarutse
Ubuyobozi bw’ishyaka rya MRDP Twirwaneho ryahaye ipeti rishya gen maj Makanika Rukunda rya Liyetena generali kandi agirwa umuyobozi w’ikirenga w’ingabo za FRP Twirwaneho. Mu itangazo ryashyizweho umukono na perezida wa MRDP Twirwaneho Dr Freddy Kaniki yahaye n’abandi basirikare benshi amapeti abashimira ubwitange bakomeje
Minisitiri Biruta yashimagiye ko u Rwanda rutazacika intege mu guharanira imibanire myiza na RDC
Minisitiri w’Umutekano, akaba Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD), Dr. Vincent Biruta, yabwiye abayoboke baryo ko u Rwanda rutazacika intege ku ntambwe zo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’ubwo icyo gihugu cyo gikomeje kugenda biguru
Perezida Kagame yashimye abasirikare binjiye mu Ngabo z’u Rwanda, abagaragariza ko ahazaza h’igihugu hari mu biganza byabo
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yasabye abofisiye bashya gukomeza kurangwa n’umutima wo kurinda igihugu, ndetse abagaragariza ko ahazaza h’u Rwanda hari mu biganza byabo.Yabigarutseho kuri uyu wa 3 Ukwakira 2025, ubwo yatangaga ipeti rya Sous-Lieutenant ku basirikare 1029 bashya
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko gukoresha abacancuro binyuranya n’amahame mpuzamahanga
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rudakwiye kongera gusabwa guha inzira abacanshuro bakoreshwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe batsindwa n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23. Tariki ya 29 Mutarama 2025, M23 yohereje abacanshuro
UMUDUGUDU WASENYWE NA WAZALENDO
UMUDUGUDU WASENYWE NA WAZALENDO Ku Cyumweru, tariki ya 21 Nzeri 2025, mu karere ka Walikale mu ntara ya Nord-Kivu, hamenyekanye inkuru y’akababaro yashegeshe abaturage benshi. Umudugudu wa Lukoma, uri hagati ya Kikamata 1 na Buhendje, mu gace ka Luberike, wibasiwe bikomeye n’imitwe yitwaje
YIRUKANYWE MU NAMA YA TSHISEKEDI MURI ÉTATS-UNIS KUBERA KO ASA NA MAKENGA
YIRUKANYWE MU NAMA YA TSHISEKEDI MURI ÉTATS-UNIS KUBERA KO ASA NA MAKENGA Ku italiki ya 21 Nzeri 2025, mu mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habaye inkuru yasize benshi bacecetse ariko n’abandi ibashyira mu kantu. Umusore w’umunyekongo witwa Tshidingi
Fizi umusirikare mu gisirikare cya Fardc yishwe na bagenzi be bapfa umushahara we
Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yarashwe na bagenzi be ahita ahasiga ubuzima mu misozi ya teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko yarimo asaba umushara we. Uyu musirikare akaba yarishwe na bagenzi be mu ijoro ryaraye rikeye rishya
Mwenga:imitwe 15 na Wazalendo byasabye perezida Tshisekedi gusimbuza umuyobozi wabo
Imitwe 10 ya Wazalendo yo muri Mwenga na Shabunda yasabye Perezida Tshisekedi n’Umugaba Mukuru wa FARDC gusimbuza vuba Tshihutu Vela uyobora Regima ya 3306. Mu rwandiko rwasinywe n’iyo mitwe, bashinja uwo muyobozi ibyaha bitandukanye birimo kwiba intwaro . Tshihutu kandi ashinjwa gufatanya
Amerika gushinja Israel jenoside, Algerie iyibutsa ko iri gukora amakosa nk’ayakorewe Abanyarwanda mu 1994
Ambasaderi wa Algerie mu Muryango w’Abibumbye, Amar Bendjama, yavuze ko.nihatagira icyo uyu muryango ukora ngo uhagarike ubwicanyi Israel iri gukora muri Gaza, uzisanga wakoze amakosa nk’ayo mu 1994 ubwo mu Rwanda habaga Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni ingingo Amar Bendjama yagarutseho ku wa 18