Mu ntara ya Ngozi, hari abanyeshuri bashimuswe na Leta iyobowe na CNDD-FDD, baburiwe irengero.
Mu ntara ya Ngozi, hari abanyeshuri bamaze imyaka myinshi bashimuswe na Leta iyobowe na CNDD-FDD, baburiwe irengero. Umwe muri abo banyeshuri ni uwitwa Irakoze Emery, umuryango we ukaba ukeneye kumenya ukuri ku ishimutwa yakorewe muri 2017 i Ngozi. Imyaka umunani irashize umuryango
Ubuzima bubi bw’imbonerakure ku rugamba muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo.
Imbonerakure, ku miterere yazo, ni urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD rwakomeje gukoreshwa mu bikorwa bijya gusa n’iby’igisirikare birimo kugenzura abaturage, kwikoma abatavuga rumwe n’ubutegetsi, gukora ibikorwa byo guhashya abarwanya ubutegetsi mu buryo butemewe n’amategeko. Mu gihe zimaze gufatwa nk’inkingi y’ubutegetsi, zikoreshwa nk’igisirikare cyo hanze
Uganda: Abasirikare babiri bakuru batawe muri yombi bakekwaho gukorana na ADF
Abasirikare babiri mu gisirikare cya Uganda (UPDF) batawe muri yombi bakekwaho gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Perezida Yoweli Kaguta Museveni. Amakuru avuga ko abo basirikare bafashwe Colonel Peter Ahimbisibwe uyobora ishami ry’igisirikare rishinzwe kurwanya iterabwoba,na Lt col Ephraim Byaruhanga uyobora
TRUMP yashyizeho agahenge hagati ya Iran na Israel, ibihugu byombi birashinjanya kutubahiriza ako gahenge.
TRUMP yashyizeho agahenge hagati ya Iran na Israel, ibihugu byombi birashinjanya kutubahiriza ako gahenge. Ku wa 24 Kamena 2025, Iran na Israel binjiye mu masezerano y’agahenge, ariko ako gahenge kavugwaho ko kari kabangamiwe cyane n’uko impande zombi ziregana kukarengaho mu masaha ya
RDC:FDLR na Wazalendo muguhigana bukware mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,umutwe wa m23 guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri wazindutse uhiga bukware abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR . Ibi ni ibikorwa byatangiye mu buryo budasanzwe biri gukorwa n’umutwe wa m23 ,aho babitangiriye muri gurupoma ya
RDC/Rutshuru:Amazu 18 y’abaturage yatwitse n’abarwanyi ba Wazalendo na m23.
Amazu arenga 18 y’abaturage yatwitswe muri teritwari ya Rutshuru mu mirwano yashyamiranyije umutwe wa m23 n’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo muri gurupoma za Bambo,Bukombo,na Tongo muri sheferi ya Bwito. Mu mirwano ikaze iri hagati y’umutwe wa m23 n’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo muri tritwari ya
Rwanda:Ni fake news RDF ivuga kubyabitiriwe k’ubuzima bwa Perezida Paul Kagame.
Mu butumwa bwanyujijwe k’urukuta rwa Twitter rw’igisirikare cy’U Rwanda RDF buvuga ko itangazo ryasowe n’abantu bataramenyekana buvuga k’ ubuzima bwa Perezida w’U Rwanda butameze neza ari ibihuha cyangwa Fake news nk’uko RDF yabyanditse. Hamaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga zabarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bandika
Qatar yagabweho igitero
Qatar yagabweho igitero Ibisasu bya Irani byarashe ku birindiro bya Amerika muri Qatar Mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Kamena 2025, igihugu cya Irani cyarashe ibisasu bitandatu ku kigo cya gisirikare cya Al-Udeid kiri i Doha muri Qatar, aho ingabo za Leta
RDC: Ese koko SADC yaricyuye abarwanyi ba FDLR koko?
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ,tariki ya 22Kamena 2025 nibwo hatashye abandi basirikare ba SADC bari mu butumwa bwa SAMIDRC m’Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ,abatashye bose hamwe bakaba bagera kuri 461,bagizwe na 317 b’Afurika Y’Epfo ni 144 ba Malawi
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel mu bitero ku byanya bya nikeleyeri bya Irani, bikaba bishobora gutera intambara nini kurushaho.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel mu bitero ku byanya bya nikeleyeri bya Irani, bikaba bishobora gutera intambara nini kurushaho. Ku mugoroba wo ku wa gatandatu, Perezida Donald Trump yagejeje ijambo ku gihugu avuga ko indege za gisirikare za Amerika