Rwanda: Abasirikare 20 b’Abarundi n’abandi bo mu bihugu bigize EAC bari gufasha abatishoboye.
Rwanda: Abasirikare 20 b’Abarundi n’abandi bo mu bihugu bigize EAC bari gufasha abatishoboye. Iki gikorwa cyatangiye kuwa 29/6/2025, kikaba kiri mu mugambi wa CIMIC (Coopération Civilo-Militaire / Ubufatanye hagati y’abasivile n’igisirikare), ugamije gukomeza umubano n’ubufatanye hagati y’abaturage n’inzego z’umutekano mu bihugu bigize Umuryango
Burundi abaturage baricanye ku itariki 30/6/2025, bamwe baranabatwitse ku mugaragaro!
Burundi abaturage baricanye ku itariki 30/6/2025, bamwe baranabatwitse ku mugaragaro! Mu gihe leta ya Gitega ikomeje kwifatanya na leta ya Kinshasa, izo leta zombi ntizigeze zigira impuhwe ku baturage bazo, dore ko gutwika abantu ku mugaragaro abandi bari kubireba ndetse no kwica abaturage
RDC: Goma hongeye gukorwa ubundi bwicanyi bukabije
Mu mujyi wa Goma hongeye gukorerwa ubwicanyi bwakozwe na Wazalendo baciye murihumye abarwanyi ba AFC/M23, nk’uko amakuru azindutse atugeraho muriki gitondo cyo kuwa kabiri taliki 2 Nyakanga 2025 . Ubu bwicanyi bwabereye ahazwi nka SEBECA Ndosho ,aho ubu bwicanyi bwaguyemo abasivile batatu,ubwo abarwanyi
Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati ya M23 na Wazalendo muri Kivu Y’Amajyaruguru
Imirwano ikomeye yongeye kubura mu bice bitandukanye by’intara ya Kivu y’Amjyaruguru ,hagati y’abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo ,ni imirwano yahereye mu masaha ya mugitondo kuri uyu mbere washize. Abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo barwanye bikomeye mu bice bya Munguli
RDC:Minembwe FARDC yongeye kuharasa ikoresheje indege ya Sukoi 25
Ingabo za Repubulika iharanira demokarasi ya Congo FARDC,ndetse nabo bafatanya kurwanya umutwe wa Twirwaneho ubarizwa mu ihuriro rya AFC/M23, bazindutse barasa amabombe bakoresheje indege mu misozi ya Minembwe aho barashe indege yari izanye imiti ku mavuriro ari muri kano gace. Amakuru dukesha abaturage
RDC:Menya amasezerano yose RDC yagiye isinya agamije gusenya FDLR akaba amasigarakicaro
KANDA HANO UBONE VIDEO YIBIBAYE IMURENGEGuhera umutwe w’iterabwoba wa FDLR ushinzwe n’abagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, watangiye gukora ibikorwa bibuza umutekano abaturage b’u Rwanda ndetse n’abanyekongo batuye m’uburasirazuba bw’iki gihugu ,cyane cyane abo mu bwoko bw’Abatutsi nk’uko raporo
Bujumbura, Nyakabiga: Imiryango 8 mu kaga n’inkongi y’umuriro yaturutse mu rupangu.
Bujumbura, Nyakabiga: Imiryango 8 mu kaga n’inkongi y’umuriro yaturutse mu rupangu. Bujumbura – Kamena 28, 2025 Imiryango umunani ituye mu gace ka Nyakabiga ya kabiri, muri Komine Mukaza, irarira ayo kwarika nyuma y’inkongi y’umuriro yaturitse kuri uyu wa gatandatu ahagana saa saba
Isesengura ry’imiterere y’imitwe y’inyeshyamba muri RDC: aho “wazalendo” ishingiye ku nyungu z’abategetsi.
Isesengura ry’imiterere y’imitwe y’inyeshyamba muri RDC: aho “wazalendo” ishingiye ku nyungu z’abategetsi. Mu ntambara z’igihe kirekire zibangamiye uburenganzira n’umutekano w’abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), akenshi hibandwa ku mitwe yitwaje intwaro nka M23, CODECO, FDLR, n’abandi bazwi nk’inyeshyamba. Nyamara, ubushakashatsi
RDC/Rwanda:Hamenyekanye amoko y’intwaro umutwe wa m23 watse FARDC mu mujyi wa Goma
Amazina ya zimwe mu mbunda umutwe wa m23 wanyaze igisirikare cya FARDC harimo 122 mm Howitzer M1938 M-30 ,M23 yazifashe zari ku marembo ya Goma zinarasa mu Rwanda.Ndetse banafashe za 122 mm howitzer 2A18 (D-30) zose zakoreshejwe muri za 2021 na 2025
UGANDA: MUSEVENI YIHANANGIRIJE ABIMA ABANYARWANDA BO MURI UGANDA IBYANGOMBWA.
UGANDA: MUSEVENI YIHANANGIRIJE ABIMA ABANYARWANDA BO MURI UGANDA IBYANGOMBWA. Perezida Yoweri Kaguta Museveni yihanangirije abima Abanyarwanda bo muri Uganda ibyangombwa, bitewe no gukomeza gushidikanya ku bwenegihugu bwabo mu buryo budafite ishingiro. Itegeko Nshinga rya Uganda ryo mu mwaka wi 1995 ryemeza