Uvira:Umusirikare wa FARDC yishe umuyobozi mu biro bya guverineri Jean Jacques Purusi
Umusirikare mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yishe arashe umuyobozi ushinzwe itangazamakuru mu biro bya guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo Jaen Jacques Purusi. Uyu musirikare wa FARDC ufite ipeti rya kapiteni amaze kurasa uyu muyobozi ,abaturage bamwirutseho baramufata nabo bamwica bamutsitse.
RDC:Ubutegetsi bwa Tshisekedi bwitabaje abacanshuro b’AbanyaColombia mu guhangana na m23
Abacanshuro baturutse mu gihugu cya Colombia nibo bitababajwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo mu guhanagana n’ingabo z’ihuriro rya AFC/M23 kugira ngo babashe kwigarurira imijyi ibiri iri huriro ryabanyaze. Aba bacanshuro hamwe n’ingabo za FARDC ku munsi wejo ,tariki ya 4 Nyakanga
Iyo zibeshya zigakomeza kurasa zari kubona urupfu/Perezida Kagame Paul
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Perezida Paul Kagame yatangaje ko ingabo z’umuryango w’ubukungu w’Afurika y’Amajyepfo SADC zari zaje mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo zari zifite gahunda yo kurasa u Rwanda,gusa ashimangira ko iyo zibeshya zigakomeza kurasa zari guhura n’urupfu. Perezida Paul
Mbere yo gupfa, yasize yandikiye ubutumwa nyina umubyara!
Mbere yo gupfa, yasize yandikiye message nyina umubyara! Umunya Brezilikazi Juliana Marins yaguye mu manga ya metero 1000 ku musozi wa Rinjani muri Indoneziya. Lombok, Indoneziya, 21 Kamena 2025: Juliana Marins, Umunya brezilakazi w’imyaka 26, wari mu rugendo rw’ubukerarugendo n’ubushakashatsi muri Aziya
Leta y’Uburundi ihakana ibivugwa na TV5 Monde ivuga ubucuruzi bw’abantu n’ubuja bukorerwa abarundikazi muri Arabia Saoudite.
Leta y’Uburundi ihakana ibivugwa na TV5 Monde ivuga ubucuruzi bw’abantu n’ubuja bukorerwa abarundikazi muri Arabia Saoudite. “Baracuruzwa nk’ibintu”, umurundikazi aratabaza avuye muri Arabia Saoudite Leta y’Uburundi yamenyesheje ko yagaye ibyasohowe na televiziyo TV5 Monde, by’uko hari abarundikazi boherezwa muri Arabia Saoudite kugira
Twafashe icyemezo ko ingabo z’u Rwanda zizaba umusingi wo guhindura igihugu/ brig Gen Rwivanga
Mu kiganiro n’itangazamakuru umuvugizi w’iIngabo z’u Rwandayakoze asobanura ibyerekeranye n’urugamba rwo kubohora igihugu no guhagarika Jenoside yakorerwaga Abatutsi 1994 yasobanuye uburyo bafashe ibyemezo bikomeye n’uburyo bemeje ko ingabo z’u Rwanda arizo zizagira uruhare rukomeye mu guhindura isura y’igihugu. Yanagaragaje uburyo kwibohora nyabyo kwabonetse
Kaminuza y’u Burundi: abakobwa barashinja umwarimu wabo kubahohotera!
Kaminuza y’u Burundi: abakobwa barashinja umwarimu wabo kubahohotera! Bujumbura, hari abakobwa biga muri Kaminuza y’u Burundi, mu by’ubushakashatsi bwa Politike n’Impuguke mu by’Ubutwererane mpuzamahanga, bafite ikibazo gikomeye kirebana n’ingeso bavuga ko zikorwa n’umwarimu wabo, Dr Dionise ARAKAZA, bamurega ko abategeka kuryamana nawe
Akazi cyangwa Ubucakara? Abarenga 17,000 b’abarundi boherejwe mu bihugu by’abarabu, bamwe baragarutse barakomerekejwe.
Akazi cyangwa Ubucakara? Abarenga 17,000 b’abarundi boherejwe mu bihugu by’abarabu, bamwe baragarutse barakomerekejwe. Byibura abarundi 17,000 bamaze koherezwa ku mugaragaro mu bihugu by’abarabu, aho bajyanywe mu rwego rwo gukorera yo akazi binyuze mu masezerano y’ubufatanye hagati ya Leta y’ Uburundi na Arabiya Sawudite.
Burundi: Abasirikare bavuye k’urugamba na M23 bashimwe na Perezida Ndayishimiye
Perezida Evariste Ndayishimiye w’uburundi, kuri uyu wa kabiri yahembye abasirikare batatu bari bo u burundi bwari bwarohereje kurwana muri repubulika iharanira demokarasi ya congo Aba basirikare bari mu babarirwa mubihumbi u burundi bwari bwarohereje kurwana kuruhande rwa Leta ya RDC , mu ntambara
RDC/USA:Perezida Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura FDLR
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura umutwe w’iterabwoba wa FDLR,ndetse akaza anashinzwe gukurikirana ibikorwa byo gukuraho ingamba z’ubwirinzi ku Rwanda nk’uko byemejwe mu masezerano yasinywe hagati ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo na Repubulika