Kinshasa:  Televiziyo Antenne A yatewe n’abantu bitwaje intwaro.

Kinshasa: Televiziyo Antenne A yatewe n’abantu bitwaje intwaro.

Jul 29, 2025

Kinshasa:  Televiziyo Antenne A yatewe n’abantu bitwaje intwaro.   Hari umwuka w’igitutu kuri uyu wa Kabiri, tariki 29 Nyakanga 2025, ku muhanda witwa “Avenue du Livre” uherereye muri komine ya Gombe, i Kinshasa. Inzego z’umutekano zifite intwaro ziremereye zinjiye ku ngufu mu nyubako

Read More
Umugabo w’imyaka 41 yateje impagarara mu ndege yarivuye i Londres yerekeza mu Mujyi wa Glasgow muri Scotland

Umugabo w’imyaka 41 yateje impagarara mu ndege yarivuye i Londres yerekeza mu Mujyi wa Glasgow muri Scotland

Jul 29, 2025

Umugabo w’imyaka 41 yateje impagarara mu ndege yarivuye i Londres yerekeza mu Mujyi wa Glasgow muri Scotland, nyuma yo kwigamba avuga ko afite igisasu ndetse atukana avuga amagambo mabi yifuriza urupfu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Ibi byabaye ku

Read More
Dore icyo wakora igihe wumva hari umuntu ukumbuye akaba ari kure yawe.

Dore icyo wakora igihe wumva hari umuntu ukumbuye akaba ari kure yawe.

Jul 28, 2025

Dore icyo wakora igihe wumva hari umuntu ukumbuye akaba ari kure yawe.   Iyo wumva hari umuntu ukumbuye akaba ari kure yawe, biba birimo amarangamutima akomeye; urukumbuzi, irungu, akenshi n’agahinda. Dore ibintu byubaka wakora kugira ngo uhangane n’icyo gihe kandi ukomeze uwo mubano

Read More
Uburundi: SNR yataye muri yombi umukozi wa Ambasade ya Congo, ukomeye mu muryango w’Abanyamulenge.

Uburundi: SNR yataye muri yombi umukozi wa Ambasade ya Congo, ukomeye mu muryango w’Abanyamulenge.

Jul 28, 2025

Uburundi: SNR yataye muri yombi umukozi wa Ambasade ya Congo, ukomeye mu muryango w’Abanyamulenge.   Amakuru aturuka mu murwa mukuru w’ubukungu w’Uburundi, Bujumbura, aravuga ko ku cyumweru tariki 27 Nyakanga 2025, Urwego rw’Ubutasi rw’iki gihugu (SNR), ku bufatanye na Polisi n’Ingabo z’Uburundi, rwataye

Read More
Agahinda gakabije kaza imbere mu bibazo byo mu mutwe abarwayi bajya kwivuriza mu Bitaro bya CARAES Ndera bafite.

Agahinda gakabije kaza imbere mu bibazo byo mu mutwe abarwayi bajya kwivuriza mu Bitaro bya CARAES Ndera bafite.

Jul 27, 2025

Agahinda gakabije kaza imbere mu bibazo byo mu mutwe abarwayi bajya kwivuriza mu Bitaro bya CARAES Ndera bafite.   Agahinda gakabije (depression profonde) ni kimwe mu bibazo byo mu mutwe bikunze kugaragara cyane mu barwayi bajya kwivuriza mu bitaro bya CARAES Ndera mu

Read More
Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza.

Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza.

Jul 27, 2025

Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza.   Umuvugizi wa M23 mu bijyanye na politike, bwana Lawrence Kanyuka yatangaje ku rukuta rwe rwa X amagambo asobanura ibyo abantu bibaza, akabayavuze ko:   “Aho gushyira mu bikorwa ingamba zubaka icyizere hagati

Read More
Masunzu muri M23, yaba atagira isoni n’ikimwaro.

Masunzu muri M23, yaba atagira isoni n’ikimwaro.

Jul 26, 2025

Biravugwa ko Masunzu yaba ari hagati nk’ururimi, Kinshasa ikaba yaramuhamagaye ngo agende afungwe, akaba ashaka kujya muri M23.   Masunzu wari umukuru wa zone ya 3 ya gisirikare ya FARDC, ikorera mu ntara za Kivu ya Ruguru, Kivu y’Epfo n’izindi intara z’Iburasirazuba bwa

Read More
Burundi: ishyamba rya Kibira niryo riri gutorezwamo FDLR

Burundi: ishyamba rya Kibira niryo riri gutorezwamo FDLR

Jul 26, 2025

Burundi: ishyamba rya kibira niryo riri gutorezwamo FDLR   Ibikorwa bya gisirikare bya FDLR (Forces démocratiques de libération du Rwanda) biri kuba muri ishyamba rya Kibira riherereye mu burengerazuba bwo mu Burundi, abasirikare ba FDLR bari kwiyegeranyiriza muri iryo shyamba nk’igicumbi cyangwa ahabera

Read More
Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare.

Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare.

Jul 26, 2025

Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare.   ‘Ni nk’ikinamico, ni urukurikirane rw’ibintu bitumvikana, mu gihe igihugu kiri mu bibazo bya politiki bikomeye. Ufashe icyemezo nk’iki cy’akarengane kandi cy’ubugwari bukabije, ubutegetsi ntibwibaza ko uru rubanza rw’amafuti rwakongera gutanya abanyekongo kurushaho? Iki ni

Read More
Uvira na Kalemie uduce dufatiye runini ubukungu bw’Uburundi.

Uvira na Kalemie uduce dufatiye runini ubukungu bw’Uburundi.

Jul 24, 2025

Uvira na Kalemie uduce dufatiye runini ubukungu bw’Uburundi. Uvira Aho iherereye: Uvira ni umujyi uri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo (Sud-Kivu), mu burasirazuba bwa RDC, ku nkombe z’ikiyaga Tanganyika. Uhera bugufi n’umupaka wa Gatumba uva i Bujumbura mu Burundi.   Mu mateka: Uvira

Read More