Kinshasa: Televiziyo Antenne A yatewe n’abantu bitwaje intwaro.
Kinshasa: Televiziyo Antenne A yatewe n’abantu bitwaje intwaro. Hari umwuka w’igitutu kuri uyu wa Kabiri, tariki 29 Nyakanga 2025, ku muhanda witwa “Avenue du Livre” uherereye muri komine ya Gombe, i Kinshasa. Inzego z’umutekano zifite intwaro ziremereye zinjiye ku ngufu mu nyubako
Umugabo w’imyaka 41 yateje impagarara mu ndege yarivuye i Londres yerekeza mu Mujyi wa Glasgow muri Scotland
Umugabo w’imyaka 41 yateje impagarara mu ndege yarivuye i Londres yerekeza mu Mujyi wa Glasgow muri Scotland, nyuma yo kwigamba avuga ko afite igisasu ndetse atukana avuga amagambo mabi yifuriza urupfu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Ibi byabaye ku
Dore icyo wakora igihe wumva hari umuntu ukumbuye akaba ari kure yawe.
Dore icyo wakora igihe wumva hari umuntu ukumbuye akaba ari kure yawe. Iyo wumva hari umuntu ukumbuye akaba ari kure yawe, biba birimo amarangamutima akomeye; urukumbuzi, irungu, akenshi n’agahinda. Dore ibintu byubaka wakora kugira ngo uhangane n’icyo gihe kandi ukomeze uwo mubano
Uburundi: SNR yataye muri yombi umukozi wa Ambasade ya Congo, ukomeye mu muryango w’Abanyamulenge.
Uburundi: SNR yataye muri yombi umukozi wa Ambasade ya Congo, ukomeye mu muryango w’Abanyamulenge. Amakuru aturuka mu murwa mukuru w’ubukungu w’Uburundi, Bujumbura, aravuga ko ku cyumweru tariki 27 Nyakanga 2025, Urwego rw’Ubutasi rw’iki gihugu (SNR), ku bufatanye na Polisi n’Ingabo z’Uburundi, rwataye
Agahinda gakabije kaza imbere mu bibazo byo mu mutwe abarwayi bajya kwivuriza mu Bitaro bya CARAES Ndera bafite.
Agahinda gakabije kaza imbere mu bibazo byo mu mutwe abarwayi bajya kwivuriza mu Bitaro bya CARAES Ndera bafite. Agahinda gakabije (depression profonde) ni kimwe mu bibazo byo mu mutwe bikunze kugaragara cyane mu barwayi bajya kwivuriza mu bitaro bya CARAES Ndera mu
Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza.
Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza. Umuvugizi wa M23 mu bijyanye na politike, bwana Lawrence Kanyuka yatangaje ku rukuta rwe rwa X amagambo asobanura ibyo abantu bibaza, akabayavuze ko: “Aho gushyira mu bikorwa ingamba zubaka icyizere hagati
Masunzu muri M23, yaba atagira isoni n’ikimwaro.
Biravugwa ko Masunzu yaba ari hagati nk’ururimi, Kinshasa ikaba yaramuhamagaye ngo agende afungwe, akaba ashaka kujya muri M23. Masunzu wari umukuru wa zone ya 3 ya gisirikare ya FARDC, ikorera mu ntara za Kivu ya Ruguru, Kivu y’Epfo n’izindi intara z’Iburasirazuba bwa
Burundi: ishyamba rya Kibira niryo riri gutorezwamo FDLR
Burundi: ishyamba rya kibira niryo riri gutorezwamo FDLR Ibikorwa bya gisirikare bya FDLR (Forces démocratiques de libération du Rwanda) biri kuba muri ishyamba rya Kibira riherereye mu burengerazuba bwo mu Burundi, abasirikare ba FDLR bari kwiyegeranyiriza muri iryo shyamba nk’igicumbi cyangwa ahabera
Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare.
Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare. ‘Ni nk’ikinamico, ni urukurikirane rw’ibintu bitumvikana, mu gihe igihugu kiri mu bibazo bya politiki bikomeye. Ufashe icyemezo nk’iki cy’akarengane kandi cy’ubugwari bukabije, ubutegetsi ntibwibaza ko uru rubanza rw’amafuti rwakongera gutanya abanyekongo kurushaho? Iki ni
Uvira na Kalemie uduce dufatiye runini ubukungu bw’Uburundi.
Uvira na Kalemie uduce dufatiye runini ubukungu bw’Uburundi. Uvira Aho iherereye: Uvira ni umujyi uri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo (Sud-Kivu), mu burasirazuba bwa RDC, ku nkombe z’ikiyaga Tanganyika. Uhera bugufi n’umupaka wa Gatumba uva i Bujumbura mu Burundi. Mu mateka: Uvira