Nyanza Abantu batatu bari mu maboko y’ubugenzacyaha bakurikiranwaho urupfu rw’umusore wari waraburiwe irengero

Nyanza Abantu batatu bari mu maboko y’ubugenzacyaha bakurikiranwaho urupfu rw’umusore wari waraburiwe irengero

Aug 8, 2025

Abantu batatu bo mu Krere ka Nyanza ,Umurenge wa Rwabicuma bari mu maboko y’ubungenzacyaha (RIB), bakurikiranwaho urupfu rw’ umusore w’imyaka 19, wari umaze icyumweru yaraburiwe irengero nyuma yuko umurambo we bahusanze mu mufuka. Ibi byatangajwe ku wa 6 kanama 2025 na Polisi y’u

Read More
Umuskuti ayoboye igisirikare!

Umuskuti ayoboye igisirikare!

Aug 7, 2025

Umuskuti ayoboye igisirikare! Uyu munsi, Uburundi buri mu bihe bigoye byo guhindura no kunoza imikorere ya gisirikare, ndetse hakaba hanagaragara impinduka zidasanzwe mu miyoborere y’igisirikare; nko gushyiraho Marie-Chantal Nijimbere nka Minisitiri w’Ingabo wa mbere w’umugore mu mateka y’igihugu. Uko byakiriwe n’abaturage n’abasirikare: Hagati

Read More
Iran yishwe ukekwa kuba umutasi wa Israel

Iran yishwe ukekwa kuba umutasi wa Israel

Aug 7, 2025

Ibitangazamakuru bya Leta ya Iran byatangaje ko Rouzbeh Vadi washinjwaga kuba maneko ya Isiraheli yishwe nyuma yo gushinjwa n’Urukiko guha Isiraheli amakuru yerekeye umuhanga mu bya nikeleyeri wishwe mu gitero cya Isiraheli cyo muri Kamena. Rouzbeh Vadi yishwe kuri uyu wa Gatatu nyuma

Read More
Uvira:imirwano yongeye kubura hagati y’igisirokare cy’u Burundi na FNL ndetse na Twirwaneho

Uvira:imirwano yongeye kubura hagati y’igisirokare cy’u Burundi na FNL ndetse na Twirwaneho

Aug 7, 2025

Uvira imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’igisirikare cy’igihugu cy’u Burundi n’abarwanyi b’umutwe wa FNL urwanya ubutegetsi bwiki gihugu ukorera mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwiki gihugu. Ni imirwano yatangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu  tariki ya 6Kamena 2025 mu bice bya Kiliba

Read More
Ni uko Marie Chantal afata intwaro

Ni uko Marie Chantal afata intwaro

Aug 6, 2025

“Ni uko Marie Chantal afata intwaro”   Ishyirwaho bwa mbere ry’umugore ku mwanya wa Minisitiri w’Ingabo mu Burundi, ari we Marie-Chantal Nijimbere. Marie-Chantal yafashe intwaro… Ku nshuro ya mbere, umugore agizwe Minisitiri w’Ingabo mu Burundi. Uwo mugore ni Marie-Chantal Nijimbere, ukomoka mu muryango

Read More
M23 ishobora kujya mu kaga

M23 ishobora kujya mu kaga

Aug 6, 2025

M23 ishobora kujya mu kaga Inyandiko iri mu gitabo cy’inyandiko za Kongere ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (Congressional Record), irimo icyifuzo cy’ivugururwa ry’itegeko ryagejejweho na Senateri RISCH kuri projet de loi S.2296, rigamije guha uburenganzira bwo gukoresha ingengo y’imari y’umwaka wa 2026

Read More
Umugore n’umugabo iyo baraye mu byumba bitandukanye, bibafasha kugabanya “Stress”. Ubushakashatsi bushya

Umugore n’umugabo iyo baraye mu byumba bitandukanye, bibafasha kugabanya “Stress”. Ubushakashatsi bushya

Aug 6, 2025

Umugore n’umugabo iyo baraye mu byumba bitandukanye, bibafasha kugabanya “Stress”. Ubushakashatsi bushya. “Kuryama ahatandukanye bishobora kugabanya stress mu bashakanye” Ubushakashatsi bushya burabitangaza Ibyavuye mu bushakashatsi bushya biragaragaza ko kuryama mu byumba bitandukanye bishobora kugira uruhare runini mu kugabanya umunaniro, ubushyamirane, n’imihangayiko mu bashakanye.

Read More
“Urubyiruko ni urufunguzo rw’ejo hazaza”: Abanyarwanda baratanga ibyifuzo kuri gahunda nshya ya miliyari 49 Frw igamije kuruteza imbere

“Urubyiruko ni urufunguzo rw’ejo hazaza”: Abanyarwanda baratanga ibyifuzo kuri gahunda nshya ya miliyari 49 Frw igamije kuruteza imbere

Aug 6, 2025

“Urubyiruko ni urufunguzo rw’ejo hazaza”: Abanyarwanda baratanga ibyifuzo kuri gahunda nshya ya miliyari 49 Frw igamije kuruteza imbere   Guverinoma y’u Rwanda yatangije ku mugaragaro gahunda nshya y’imyaka itanu igamije guteza imbere urubyiruko, aho izashorwamo arenga miliyari 49 z’amafaranga y’u Rwanda. Iyi gahunda,

Read More
Masisi: Imirwano Ikaze hagati ya Wazalendo na AFC-M23 yahitanye Colonel Hangi Miujiza

Masisi: Imirwano Ikaze hagati ya Wazalendo na AFC-M23 yahitanye Colonel Hangi Miujiza

Aug 6, 2025

Masisi: Imirwano Ikaze hagati ya Wazalendo na AFC-M23 yahitanye Colonel Hangi Miujiza Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’imitwe ya Wazalendo na AFC-M23 mu gace ka Kalembe, muri Territoire ya Masisi, Groupement ya Bashali Mokoto, aho intambara y’amajwi y’imbunda ziremereye yumvikanye. Iyi mirwano yatewe

Read More
Guverineri Bahati Musanga yagize Lumumba Kambere Muyisa Umuvugizi we Mukuru; Impinduka nshya muri politiki y’intara

Guverineri Bahati Musanga yagize Lumumba Kambere Muyisa Umuvugizi we Mukuru; Impinduka nshya muri politiki y’intara

Aug 6, 2025

Guverineri Bahati Musanga yagize Lumumba Kambere Muyisa Umuvugizi we Mukuru; Impinduka nshya muri politiki y’intara Goma, 5 Kanama 2025, Guverineri mushya wa Kivu ya Ruguru, Bwana Bahati Musanga Joseph Erasto, yatangaje itegeko ryihariye ritangaza ishyirwaho rya Lumumba Kambere Muyisa nk’Umuvugizi Mukuru w’Ibiro bye.

Read More