RDC:Umutwe wa m23 mu kaga ko kunyagwa ikirombe cya Rubaya n’utundi duce twinshi
Ingabo zihuriro rirwana k’ubutegetsi bwa Kinshasa zikomeje kotsa igitutu ingabo zihuriro rya Afc/m23 mu bice byinshi bitandukanye haba mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ndetse na Kivu y’Amajyaruguru. Imirwano ikaze yatangiye mu mpera z’icyumweru gishize aho umutwe wa Wazalendo uterwa inkunga n’igisirikare cya Fardc
Polisi y’u Rwanda yohereje abapolisi 160 muri Sudan Y’Epfo mu butumwa bw’amahoro bwa Loni
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abapolisi 160 bagiye koherezwa mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), aho bazasimbura bagenzi babo bari bamaze umwaka muri ubwo butumwa bafasha polisi ya Sudani y’Epfo kwiyubaka. Aba bapolisi 160 bahawe impanuro n’Umuyobozi Mukuru
Igisirikare cya AFC/M23 irwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi cyungutse abakomando kabuhariwe bashya 7.532
Igisirikare cya AFC/M23 irwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi cyungutse abakomando kabuhariwe bashya 7.532 bahabwa ubutumwa bwo kubohora no kubaka Repubulika ya Demokarasi ya Congo nshya. Aba bakomando basoje amasomo ku wa 8 Gashyantare 2026, batojwe mu kigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Tchanzu mu Ntara
Nitwe twarashe ikibuga cya Kisangani kandi n’ahandi hose mukoresha muturasa turaza kuhagera /afc m23
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko watangije ibikorwa byo gusenya santere y’indege zitagira abapilote(drones) iri I Kisangani . Uyu mutwe uvuga ko ibi bikorwa wabitangije tariki 31 Mutarama 2026 na tariki ya 01 Gashyantare 2026 aho wagabye ibitero bya drone kuri iyi Santere ihereye
Twirwaneho yatangaje ko yahanuye drone ya Fardc yarasaga Abanyamulenge mu Minembwe
Umutwe wa Twirwaneho wiyemeje kurengera abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, wemeje ko ku wa Kane tariki ya 15 wahanuye drone y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Umuhuzabikorwa w’uriya mutwe, Colonel Ndakize Kamasa Welcome, yatangaje ko iriya drone bivugwa ko ari iyo
Umusirikare wa Sandf yasobanuye uko Fardc yabagambaniye kuri afc/m23 mu mujyi wa Goma
Umwe mu basirikare bo mu ngabo za Afurika y’Epfo (SANDF) bari baroherejwe kurwana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahishuye akaga we na bagenzi be bahuye na ko karimo kugambanirwa n’ingabo za RDC bari baragiye gufasha ku rugamba, bigatuma inyeshyamba za M23 zibatsinda.
Umutwe wa FDLR wateguje u Rwanda ko ugiye kurwotsa igitutu paka bawemereye ibiganiro
Mu gihe DRC ivuga ko yatangije ubukangurambaga busaba ko inyeshyamba z’Abanyarwanda zo mu mutwe wa FDLR kwitanga no gushyira intwaro hasi, hagamijwe ko basubizwa mu Rwanda bakanga bakazahatirwa gutaha ku gahato, ubu uyu mutwe wo uravuga ko uzirwanaho kugeza igihe Leta y’u Rwanda
Afc/m23 yongeye gushinja Fardc kugaba ibitero muri Masisi hakoreshejwe drone
Indege zitagira abadereva z’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo zagabye ibitero bivugwa ko byongeye kwibasira abasivili mu ijoro ryakeye muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, Ihuriro rya AFC / M23 ryamaganye mu buryo bukomeye ibitero bya
Fardc yashinje ihuriro rya Afc/m23 kubagabaho urufaya rw’ibitero
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zashinje umutwe wa M23 gukaza ibitero ku birindiro byazo biri mu burasirazuba bwa Congo, mu gihe buri ruhande rushinja urundi kuba nyirabayazana yo kwica agahenge zumvikanye. Umuvugizi wa FARDC, Gen. Maj. Sylvain Ekenge mu itangazo
Ubumenyi ku ikoranabuhanga bwakifashishwa mu kubaka ubunyamwuga bw’igisirikare
Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko ubumenyi ku ikoranabuhanga, bwakifashishwa mu kubaka ubunyamwuga bw’igisirikare. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere, tariki ya 10 Ugushyingo 2025, ubwo hatangiraga inama ihuza abayobozi b’amashuri makuru ya gisirikare yo ku mugabane wa Afurika. Ni ku nshuro ya