Akazi cyangwa Ubucakara? Abarenga 17,000 b’abarundi boherejwe mu bihugu by’abarabu, bamwe baragarutse barakomerekejwe.
Akazi cyangwa Ubucakara? Abarenga 17,000 b’abarundi boherejwe mu bihugu by’abarabu, bamwe baragarutse barakomerekejwe. Byibura abarundi 17,000 bamaze koherezwa ku mugaragaro mu bihugu by’abarabu, aho bajyanywe mu rwego rwo gukorera yo akazi binyuze mu masezerano y’ubufatanye hagati ya Leta y’ Uburundi na Arabiya Sawudite.
Kicukiro: Umubyeyi yakubise umwana we amukura amenyo azira 200 Frw
Umubyeyi wo mu Murenge wa Kicukiro ari gukurikiranwa n’ubutabera nyuma yo gukubita umwana we w’imyaka itandatu, akamukura amenyo abiri, amuziza ko atamugaruriye amafaranga 200 Frw yo kumusagurira ku yo yari yamuhaye ngo ajye kwiyogoshesha. Byabaye ku wa 18 Kamena 2025 mu Kagari ka
RDC/Rwanda:Urukiko Nyafurika rurengera uburenganzira bwa muntu nubwa baturage rwanze ikifuzo cy’u Rwanda
Urukiko Nyafurika rwita ku burenganzira bwa muntu n’abaturage (ACHPR), rwaregewe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo aho yashinjaga u Rwanda ko imyaka ibarirwa muri za mirongo ko iki gihugu gitera kigakora ubwicanyi, no gusahura umutungo kamere wacyo ,uru rukiko rwatangaje ko rufite ubushobozi
Rwanda: Aimable Karasira Uzarama yireguye ku cyaha cyo kutagaragaza inkomoko y’umutungo
Aimable Karasira Uzarama yireguye ku cyaha cyo kutagaragaza inkomoko y’umutungo m’urubanza aregwamo n’ubushinjacyaha ibyaha 6,ni urubanza rubera m’urukiko rukuru ,urugereko rwa Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda’ Ibyaha akurikiranyweho harimo no guhakana no guha inshingiro jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka 1994,Karasira wari
Mu ntara ya Ngozi, hari abanyeshuri bashimuswe na Leta iyobowe na CNDD-FDD, baburiwe irengero.
Mu ntara ya Ngozi, hari abanyeshuri bamaze imyaka myinshi bashimuswe na Leta iyobowe na CNDD-FDD, baburiwe irengero. Umwe muri abo banyeshuri ni uwitwa Irakoze Emery, umuryango we ukaba ukeneye kumenya ukuri ku ishimutwa yakorewe muri 2017 i Ngozi. Imyaka umunani irashize umuryango
P Diddy yisobanuye iminota makumyabiri gusa we n’umwunganira.
Itsinda ry’abunganira Sean Diddy Combs mu mategeko mu rubanza aregwamo ibirego byo gukoresha abagore imibonano mpuzabitsina bigamije inyungu ,kuwa kabiri ryahawe umwanya ngo ryiregure,maze ribikora mu minota 20 gusa. Hari nyuma y’ibyumweru hafi birindwi humvwa ubushinjacyaha hamwe n’abatangabuhamya babwo mu rukiko i New
RDC/Burundi:Igisirikare cy’Uburundi cyatumije abasirikare bakuru babo bari muri Uvila.
Igisirikare cy’Uburundi cyatumije abasirikare bakuru biki gisirikare bari k’urugamba mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo,ahatumijwe abasirikare bakuru ndetse n’abasirikare bakuru bashinzwe ubutasi muri izo ngabo zagiye kurwana muri iki gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Amakuru dukesha ikinyamakuru cya Telegrame
Fatakumavuta wagaragaweho ibyaha byinshi yakoreye kuri youtube yakatiwe igifungo
Fatakumavuta wagaragaweho ibyaha byinshi yakoreye kuri youtube yakatiwe igifungo. kuri uyu wa 13 Kamena 2025, urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, rwakatiye uzwi ku mbuga nkoranyambaga (social media) ku mazina ya Fatakumavuta (SENGABO Jean Bosco) igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandatu ndetse n’ihazabu ya 1.300.000
Ubwenge bw’ubukorano (Artificial Intelligence) ni iki?
Ubwenge bw’ubukorano (Artificial Intelligence) ni iki? AI ni ikoranabuhanga rifasha mudasobwa cyangwa imashini gukora ibintu bisanzwe bikorwa n’abantu, nko: Gutekereza no gufata ibyemezo Kumenya amajwi n’amashusho Kwiga ku byo yabonye mbere (machine learning) Kugira ubushobozi bwo kuvugana n’abantu (nk’uko undi muntu akuganiriza) Hashize
RDC:Minisitiri w’ubutabera wa RDC yamaganye umushinjacyaha mukuru n’abacamanza .
Muri DRC, Minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba, yamaganye umushinjacyaha mukuru mu rukiko rusesa imanza muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, Firmin Mvonde, ejo, ku wa gatatu, tariki ya 10 Kamena, mu ibaruwa yabonywe na RFI. Iki cyemezo agifashe nyuma Yuko ejo bundi umushinjacyaha mukuru