Indirimbo Jay Polly yasize akoze zateje amakimbirane.
Indirimbo Jay Polly yasize akoze zateje amakimbirane. Umwuka mubi hagati ya Fifi na Producer Li John: indirimbo za Jay Polly zihindutse Intandaro y’Amakimbirane Umwuka utari mwiza ukomeje gututumba hagati ya Nirere Afsa uzwi nka Fifi, wahoze ari umugore wa nyakwigendera Jay Polly
Umudipolomate wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafatiwe muri Bulgaria afite cocaine ibiro 205.
Umudipolomate wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafatiwe muri Bulgaria afite ibiyobyabwenge bya cocaine bingana n’ibiro 205. Umudipolomate wa RDC Afungiwe muri Bulgaria Azira Cocaine: hafashwe 205 Kg mu modoka. Umudipolomate wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatawe muri yombi
Yatawe muri yombi akekwaho gufungirana abakobwa mu nzu ye.
Yatawe muri yombi akekwaho gufungirana abakobwa mu nzu ye. Mwitende Abdoulkarim, umusore wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Burikantu, yatawe muri yombi ku wa gatandatu tariki ya 20/7/2025, akurikiranyweho icyaha cyo gufungirana abantu mu nzu ye. Amakuru avuga ko Burikantu yafashwe
Ibiranga umubyeyi mubi cyangwa umubyeyi gito.
Ibiranga umubyeyi mubi cyangwa umubyeyi gito. Ibiranga umubyeyi mubi cyangwa umubyeyi gito ni imyitwarire cyangwa ibikorwa bidahwitse umubyeyi akorera cyangwa agirira umwana we, bikaba byangiza imibereho ye, uburere bwe, ndetse n’iterambere rye. Dore bimwe mu biranga umubyeyi mubi: Kutita ku mwana Kudaha umwana igihe cyangwa
Amakuru yerekeranye n’ifungwa rya Lt. Col. Willy Ngoma, umuvugizi wa M23.
Amakuru yerekeranye n’ifungwa rya Lt. Col. Willy Ngoma, umuvugizi wa M23. Lt. Col. Willy Ngoma, umuvugizi wa M23, mu minsi yashize yari yashyizwe ku rutonde ruriho n’abandi bayobozi bakomeye muri M23, urwo rutonde rukaba rwari rwemejwe na ONU ndetse n’ibindi bihugu bikomeye
Impamvu hari aba rasta batiyogoshesha
Kubera iki hari aba rasta batiyogoshesha? Ntibisanzwe mu muco wa vuba ko usangamo dreadlocks, ahubwo mu muco nyarwanda wa kera niho hajyaga habonekamo ibyo bitaga ibisage byagereranywa na dreadlocks z’ubungubu. Ushatse rero kumenya impamvu hari nk’umuntu utiyogeshesha, wamusanga ukamubaza impamvu yabyo.
Ubutabera:RIB yafunze Habiyambere Maurice kubera kutagaragaza inkomoko y’umutungo atunze
RIB yafunze Habiyambere Maurice, umuyobozi ushinzwe ibikorwa (Operations Manager) mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB). Uyu akurikiranyweho ibyaha byo kwigwizaho umutungo n’iyezandonke. Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha bwatangaje ko afunzwe nyuma y’iperereza ryakozwe ku imenyekanisha
Intambara nshya ishobora kwambukiranya imipaka.
Intambara nshya ishobora kwambukiranya imipaka. Uko ibikorwa by’intambara bikomeje kwiyongera mu bice bya Uvira no muri Kivu y’Epfo, imitwe yitwaje intwaro irimo FARDC, abarundi, Wazalendo ndetse n’abacanshuro baragenda biyongera ku rugamba, mu gihe M23 ikomeje kugaragaza imbaraga zidasanzwe. Ibi biri gutuma agace
Leta y’Uburundi ihakana ibivugwa na TV5 Monde ivuga ubucuruzi bw’abantu n’ubuja bukorerwa abarundikazi muri Arabia Saoudite.
Leta y’Uburundi ihakana ibivugwa na TV5 Monde ivuga ubucuruzi bw’abantu n’ubuja bukorerwa abarundikazi muri Arabia Saoudite. “Baracuruzwa nk’ibintu”, umurundikazi aratabaza avuye muri Arabia Saoudite Leta y’Uburundi yamenyesheje ko yagaye ibyasohowe na televiziyo TV5 Monde, by’uko hari abarundikazi boherezwa muri Arabia Saoudite kugira
Kaminuza y’u Burundi: abakobwa barashinja umwarimu wabo kubahohotera!
Kaminuza y’u Burundi: abakobwa barashinja umwarimu wabo kubahohotera! Bujumbura, hari abakobwa biga muri Kaminuza y’u Burundi, mu by’ubushakashatsi bwa Politike n’Impuguke mu by’Ubutwererane mpuzamahanga, bafite ikibazo gikomeye kirebana n’ingeso bavuga ko zikorwa n’umwarimu wabo, Dr Dionise ARAKAZA, bamurega ko abategeka kuryamana nawe