Yubatse Ingoro y’Imana i Yeruzalemu, ikaba ari imwe mu nyubako z’igitangaza zigeze kubaho.

Yubatse Ingoro y’Imana i Yeruzalemu, ikaba ari imwe mu nyubako z’igitangaza zigeze kubaho.

Aug 3, 2025

Yubatse Ingoro y’Imana i Yeruzalemu, ikaba ari imwe mu nyubako z’igitangaza zigeze kubaho.   Salomo (cyangwa Salomon, mu giswahili: Sulemani, mu Gifaransa: Salomon, mu kisilamu: Sulayman) ni umwe mu bantu bakomeye kandi b’igitangaza bavugwa mu byanditswe bitagatifu. Ni umwami wigaragaje mu mateka y’iyobokamana

Read More
Uburoso bw’amenyo bwafashije umugore wo mu Bwongereza gufata umugabo we wamucaga inyuma.

Uburoso bw’amenyo bwafashije umugore wo mu Bwongereza gufata umugabo we wamucaga inyuma.

Aug 2, 2025

Uburoso bw’amenyo bwafashije umugore wo mu Bwongereza gufata umugabo we wamucaga inyuma.   Ubuzima bw’urugo bushobora guhinduka burundu biturutse ku ikoranabuhanga rito kandi abantu benshi batatekerezaga ko ryagira uruhare mu mibanire y’abashakanye. Ibi nibyo byabaye ku mubyeyi wo mu Bwongereza, wafashe umugabo we

Read More
AFC/M23 (Alliance Fleuve Congo) igiye vuba aha kugira abacamanza, abashinjacyaha n’abanditsi b’inkiko.

AFC/M23 (Alliance Fleuve Congo) igiye vuba aha kugira abacamanza, abashinjacyaha n’abanditsi b’inkiko.

Aug 1, 2025

AFC/M23 (Alliance Fleuve Congo) igiye vuba aha kugira abacamanza, abashinjacyaha n’abanditsi b’inkiko.   Inama y’akanama k’ihuriro AFC yarateranye kugira ngo isubukure imirimo y’inkiko. Raporo y’akanama k’ubutabera yasomwe n’umunyamabanga mukuru Delion Kimbulumpu.   Icyo bisobanura mu mikorere ya AFC Kwisuganya nk’inzego zifite imiyoborere yuzuye

Read More
Kinshasa:  Televiziyo Antenne A yatewe n’abantu bitwaje intwaro.

Kinshasa: Televiziyo Antenne A yatewe n’abantu bitwaje intwaro.

Jul 29, 2025

Kinshasa:  Televiziyo Antenne A yatewe n’abantu bitwaje intwaro.   Hari umwuka w’igitutu kuri uyu wa Kabiri, tariki 29 Nyakanga 2025, ku muhanda witwa “Avenue du Livre” uherereye muri komine ya Gombe, i Kinshasa. Inzego z’umutekano zifite intwaro ziremereye zinjiye ku ngufu mu nyubako

Read More
RDC:Perezida Thisekedi akomeje gufunga abasirikare bakuru abashinja ubugambanyi no gushaka kumuhirika k’ubutegetsi

RDC:Perezida Thisekedi akomeje gufunga abasirikare bakuru abashinja ubugambanyi no gushaka kumuhirika k’ubutegetsi

Jul 29, 2025

Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye urukiko Rukuru rwa Kinshasa gukatira Francois Beya Kasonga wabaye umujyanama wihariye wa Perezida Felix Tshisekedi Tchilombo  mu by’umutekano igifungo cy’umwaka umwe kirimo amezi atandatu asubitse . Francois Beya,Venda Nowa Biama Guy,Col Cikapa Tite Mokili,Komiseri

Read More
Uburundi: SNR yataye muri yombi umukozi wa Ambasade ya Congo, ukomeye mu muryango w’Abanyamulenge.

Uburundi: SNR yataye muri yombi umukozi wa Ambasade ya Congo, ukomeye mu muryango w’Abanyamulenge.

Jul 28, 2025

Uburundi: SNR yataye muri yombi umukozi wa Ambasade ya Congo, ukomeye mu muryango w’Abanyamulenge.   Amakuru aturuka mu murwa mukuru w’ubukungu w’Uburundi, Bujumbura, aravuga ko ku cyumweru tariki 27 Nyakanga 2025, Urwego rw’Ubutasi rw’iki gihugu (SNR), ku bufatanye na Polisi n’Ingabo z’Uburundi, rwataye

Read More
Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare.

Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare.

Jul 26, 2025

Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare.   ‘Ni nk’ikinamico, ni urukurikirane rw’ibintu bitumvikana, mu gihe igihugu kiri mu bibazo bya politiki bikomeye. Ufashe icyemezo nk’iki cy’akarengane kandi cy’ubugwari bukabije, ubutegetsi ntibwibaza ko uru rubanza rw’amafuti rwakongera gutanya abanyekongo kurushaho? Iki ni

Read More
Ibivugwa kuri Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente.

Ibivugwa kuri Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente.

Jul 24, 2025

Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente.   Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho Dr Justin Nsengiyumva nka Minisitiri w’Intebe mushya, asimbura Dr Edouard Ngirente wari umaze imyaka umunani (2017–2025) ku buyobozi bwa Guverinoma.  

Read More
Kwegura cyangwa kuvanwa ku mirimo kwa Minisitiri w’Intebe ntibigarukira ku mwanya umwe.

Kwegura cyangwa kuvanwa ku mirimo kwa Minisitiri w’Intebe ntibigarukira ku mwanya umwe.

Jul 24, 2025

Kwegura cyangwa kuvanwa ku mirimo kwa Minisitiri w’Intebe ntibigarukira ku mwanya umwe.   Mu Rwanda, birakurikirwa n’iyegura ry’abagize Guverinoma bose, nk’uko biteganywa mu Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, mu ngingo ya 124 n’iya 125.   Minisitiri w’Intebe ni inkingi ya Guverinoma Ingingo

Read More
Constant Mutamba: umuntu wa mbere wajyanye abavoka bagera kwi 100 kumuburanira icyarimwe.

Constant Mutamba: umuntu wa mbere wajyanye abavoka bagera kwi 100 kumuburanira icyarimwe.

Jul 23, 2025

Constant Mutamba: umuntu wa mbere wajyanye abavoka benshi (kugera ku 100) kumuburanira icyarimwe.   Constant Mutamba yageze ku rukiko agiye kunganirwa n’aba aavocats hafi 100   Mu mateka ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ndetse n’isi, Constant Mutamba, wari minisitiri w’ubutabera, yabaye

Read More