Uganda:Umunyamakuru ari mukaga gakomeye kuko ashinjwa kubeshya Perezida Museveni
Umunyamakuru David Mwesigwa wa Galaxy TV muri Uganda ari mu kaga gakomeye nyuma y’aho mu cyumweru gishize agejeje kuri Perezida Yoweri Kaguta Museveni ikibazo cy’ibitaro bititaweho mu karere ka Mukono na Kayunga. Tariki ya 23 Nzeri 2025, Perezida Museveni yahaye abanyamakuru umwanya wo
Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai
Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai Umugabo w’Umunya-Uganda witwa Charles Mwesigwa, uzwi ku izina rya Abbey, wamamaye mu makuru y’ubugenzuzi yakozwe n’ikinyamakuru BBC cyamushinje uruhare mu icuruzwa
Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda
Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda Ku wa 23 Nzeri 2025, mu igazeti ya Leta y’u Rwanda hasohotse urutonde rw’abanyamahanga 74 bakomoka mu bihugu 20 bitandukanye, bahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda. Ni ubwa mbere mu mateka y’iki gihugu habonetse
Yagiye kurega ko yafotowe mu buryo bunyuranije n’amategeko ahita afungwa
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Busasamana hafungiye umukecuru bikekwa ko yaranduye imyumbati y’uwo abereye mukase, aho bivugwa ko yafashwe amafoto ayirandura, agiye kurega ahita afungwa. Byabereye mu Mudugudu wa Nyarunyinya, Akagari ka Nyanza, Umurenge wa Busasamana, mu Karere ka Nyanza. Amakuru avuga ko
URUKIKO MU BUFARANSA RWAHAMIJE NICOLAS SARKOZY ICYAHA CYO GUHABWA AMAFARANGA NA GADDAFI, RUMUKATIRA IMYAKA ITANU Y’IGIFUNGO
URUKIKO MU BUFARANSA RWAHAMIJE NICOLAS SARKOZY ICYAHA CYO GUHABWA AMAFARANGA NA GADDAFI, RUMUKATIRA IMYAKA ITANU Y’IGIFUNGO Urukiko rw’i Paris mu Bufaransa rwafashe icyemezo cy’amateka ku wa 25 Nzeri 2025, ruhanisha uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Nicolas Sarkozy, igihano cyo gufungwa imyaka itanu ndetse
Uwahoze ari perezida yarezwe ibyaha byibasiye inyokomuntu muri icc
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwareze Rodrigo Duterte, wahoze ari Perezida wa Philippines, w’imyaka 80, ibyaha byibasiye inyokomuntu. Duterte ashinjwa impfu z’abantu benshi mu ntambara ye yo kurwanya ibiyobyabwenge, aho abarenga ibihumbi bishwe nta manza baciriwe. Umushinjacyaha wungirije wa ICC, Mame Mandiaye Niang, yavuze
AFC/M23 ikomeje kubaka inzego zayo nka Leta
UBURASIRAZUBA BWA CONGO: ABANYAMATEGEKO BASHOBORA GUHINDUKA ABACAMANZA B’UBUCAMANZA BWA AFC/M23 AFC/M23 ikomeje kubaka inzego zayo nka Leta Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kugaragara nk’ahantu AFC/M23 iri kwiyubakira inzego zisa n’iz’igihugu, ku munsi w’ejo hashize habereye igikorwa gikomeye kitabiriwe
UBUTABERA BUSHYA: UKO IKIZAMINI CY’ABACAMANZA BA AFC/M23 CYAGENZE
UBUTABERA BUSHYA: UKO IKIZAMINI CY’ABACAMANZA BA AFC/M23 CYAGENZE Abakandida barenga 500 mu kizamini cy’ipima-bushobozi Ku munsi w’ejo ku cyumweru, mu kigo cya Rumangabo, habereye ikizamini gikomeye cy’ipima-bushobozi cy’abanyamategeko bifuza kuba abacamanza mu rwego rushya rwa AFC/M23. Iki kizamini cyitabiriwe n’abakandida 517 barimo abavoka
Amafaranga Mutamba yari yaranyereje yasubijwe mu Kigega cya Leta
Rawbank yamenyesheje Umushinjacyaha Mukuru mu rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko yamaze kohereza kuri konte ya Leta miliyoni 19 z’Amadolari zari zaranyerejwe na Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera. Aya makuru agaragara mu ibaruwa abanyamategeko b’iyi banki bandikiye uyu
RIB yataye muri yombi umusore wiyiyitiriye abinyujije ku mbuga nkoranyambaga
RIB yataye muri yombi umusore wiyiyitiriye abinyujije ku mbuga nkoranyambaga Straton Ndagijimana yafashwe nyuma yo gushyira amafoto ye kuri TikTok yambaye impuzankano isa n’iy’Urwego rw’Ubugenzacyaha Musanze; Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umusore witwa Ndagijimana Straton, nyuma yo gufatirwa mu