Perezida Cyril Ramaphosa yaburiye Félix Tshisekedi ko ashobora guterwa coup d’État
Perezida Cyril Ramaphosa yaburiye Félix Tshisekedi ko ashobora guterwa coup d’État Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yaburiye mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, ko ishyirwa mu bikorwa ry’igihano cyo kwica uwahoze ari Perezida Joseph Kabila rishobora gutera
Hamenyekanye amazina 25 y’ibyihebe by’abanyarwanda batera inkunga iterabwoba
Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Ubutasi ku Mari (Financial Intelligence Center: FIC), rwashyize hanze urutonde rw’abanyarwanda 25 bafatiwe ibihano kubera gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba imbere mu gihugu. Bashinjwa gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba, gushinga imitwe y’iterabwoba cyangwa gushyigikira ibikorwa bigamije guhungabanya u Rwanda. Uru rutonde
Kabila, umugabo w’icyizere cyangwa umunyabyaha?
Kabila, umugabo w’icyizere cyangwa umunyabyaha? Nyuma y’ibyumweru bibiri gusa urukiko rwa gisirikare rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) rufashe icyemezo cyatangaje benshi, aho rwakatiye urwo gupfa Joseph Kabila, wahoze ari Perezida w’icyo gihugu, inkuru nshya ikomeje gutangaza isi yose. Uwo wahoze ari
Général Bunyoni yinjijwe ibitaro bikuru bya Gitega arinzwe cyane n’igisirikare cy’u Burundi
Radio RPA ikorera mu gihugu cy’u Burundi kuri murandasi kuko yahagaritswe mu mwaka wa 2015 yatangaje ko Bunyoni yajyanywe mu bitaro uno munsi saa tanu n’igice. Iyi Radio ivuga ko yagiye aherekejwe n’imodoka umunani, zirimwo iz’abakozi b’iperereza, abashinzwe umutekano n’abacunga ibiro by’umukuru
RIB yafunze abantu 14 barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu Mugiraneza David n’abandi bafatanyacyaha
RIB yafunze abantu 14 barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu Mugiraneza David n’abandi bafatanyacyaha barimo abakozi bashinzwe amasoko, umukozi ushinzwe ubwubatsi, umukozi ushinzwe imibereho myiza, bamwe mu bayobozi b’imirenge, bamwe mu bakuriye Ibuka mu mirenge na barwiyemezamirimo. Bose bakurikiranyweho ubufatanyacyaha mu cyaha cyo
Kinshasa: Kiliziya Gatolika yamaganye igihano cy’urupfu Kabila yakatiwe
Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye igihano cy’urupfu Urukiko Rukuru rw’Igisirikare rwa Kinshasa, rwakatiye Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019. Tariki ya 30 Nzeri 2025 ni bwo uru rukiko rwakatiye Kabila igihano cy’urupfu, nyuma yo
Gen. Byamungu, Lt. Col Willy Ngoma, François Kazarama, Ibrahim Makenga, Col. Jimmy Nzamuye, Manzi, bari mu bo Gen. Makenga yafunze mu bihe bitandukanye
Gen. Byamungu, Lt. Col Willy Ngoma, François Kazarama, Ibrahim Makenga, Col. Jimmy Nzamuye, Manzi, bari mu bo Gen. Makenga yafunze mu bihe bitandukanye Mu mitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubuzima bw’abasirikare bakuru akenshi buba bukurikiranirwa hafi n’abantu benshi
Uburundi bukomeje kwica abanyagihugu babwo, ese koko Rabin aracyariho, cyangwa se amarenga y’uko yishwe ni ukuri?
Uburundi bukomeje kwica abanyagihugu babwo, ese koko Rabin aracyariho, cyangwa se amarenga y’uko yishwe ni ukuri? Amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi akomeje kuzamura impungenge zikomeye mu baturage ndetse no mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu. Nyuma y’igihe kitari gito umusesenguzi wari warahungiye
MINUBUMWE yavugutiye umuti abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi bitwikiriye imbuga nkoranyambaga
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Jean-Damascène Bizimana, yatangaje ko Guverinoma iri gukora uko ishoboye mu biganiro bigamije kuganira n’ibigo bifite mu nshingano imbuga nkoranyambaga kuko zinyuzwaho amagambo yo guhakana akanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, kugira ngo ababikora bahanwe. Ibi bikorwa bigiye gutangira mu gihe
Aimable Karasira yakatiwe igihano cy’igifungo kingana n’imyaka itanu
Aimable Karasira wigeze kuba umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, umaze imyaka ine afunze anaburana ku byaha bitandatu yaregwaga, yahamijwe kimwe cyo gukurura amacakubiri, ahanishwa gufungwa imyaka itanu. Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Nzeri 2025 n’Urukiko rw’Urugereko Rwihariye rububuranisha Ibyaha