Umutwe wa FDLR wateguje u Rwanda ko ugiye kurwotsa igitutu paka bawemereye ibiganiro
Mu gihe DRC ivuga ko yatangije ubukangurambaga busaba ko inyeshyamba z’Abanyarwanda zo mu mutwe wa FDLR kwitanga no gushyira intwaro hasi, hagamijwe ko basubizwa mu Rwanda bakanga bakazahatirwa gutaha ku gahato, ubu uyu mutwe wo uravuga ko uzirwanaho kugeza igihe Leta y’u Rwanda
Tanzania abagize uruhare mu myigaragambyo bari gufungwa ariko abandi bari kwicwa buhoro buhoro
Muri Tanzania imibare y’abaguye mu myigaragambyo ikomeje kwiyongera. Abagize uruhare muri iyo myigaragambyo bari gufatwa bagafungwa. Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu bafatanyije na CHADEMA, Ishyaka ritavuga rumwe na CCM babwiye AFP ko abantu 3000 aribo bamaze kugwa muri iyo myigaragambyo. Mu mijyi ya
Colonel Bonfort Ndoreraho usanzwe ari Komiseri Mukuru wa polisi y’Intara ya Ngozi mu Burundi ari mu maboko y’urwego rushinzwe iperereza
Colonel Bonfort Ndoreraho usanzwe ari Komiseri Mukuru wa polisi y’Intara ya Ngozi mu Burundi, ari mu maboko y’urwego rushinzwe iperereza muri kiriya Gihugu, akekwaho kohereza ikawa mu Rwanda mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Colonel Bonfort Ndoreraho ari mu maboko y’urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza mu
Umuhanzi Diamond Platinumz yababajwe n’imyigaragambyo yabaye nyuma y’amatora ya perezida
Umuhanzi Diamond Platinumz, ukunzwe na benshi mu gihugu cya Tanzania no muri Afurika y’Iburasirazuba yagaragaje agahinda yatewe n’imyigaragambyo iherutse muri Tanzania ubwo habaga amatora y’umukuru w’igihugu tariki ya 29 Ukwakira 2025, aho urubyiruko rwamaganaga Perezida Suluhu Hassan, asabira igihugu cye amahoro. Ni imyigaragamyo
Ishyaka rya CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Samia Suluhu Hassan ryandikiye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ‘ICC’ ku byaha biri gukorerwa abanyagihugu ba Tanzania
Perezida Samia Suluhu Hassan yatsinze amatora kuri 98% ariko yarahiriye mu kigo cya gisirikare mu kwirinda imyigaragambyo yari kuba iyo arahirira muri sitade nk’uko bisanzwe. Kuri ubu rero ishyaka ritavuga rumwe na CCM iri ku butegetsi ryamaze kumenyesha imiryango mpuzamahanga ko bakwiriye kugira
Umusirikare mukuru mu ngabo za Uganda yasabye aba Tanzania guhirika ubutegetsi bwa Samia Suluhu
Gen. (Rtd) David Sejusa wo mu gihugu cya Uganda, yasabye aba Tanzaniya gukora iyo bwabaga bagahirika ingoma ya Madam Samiya Suluhu Hassan uherutse gutorerwa kuyobora icyo gihugu cya Tanzaniya, ndetse no ku munsi w’ejhashize akaba yararahiye nyuma yo kwemezwa na komisiyo y’amatora NEC.
Perezida Samia Suluhu yarahiriye kuba perezida wa Tanzania mu muhezo
Ntangaje ko Samia Suluhu Hassan ari we mukuru w’igihugu watorewe kuyobora Repubulika yaTanzania avuye mu mu ishyaka CCM,” byavuzwe n’umukuru wa INEC, Jacobs Mwambegele, mu gitondo cyo ku wa gatandatu, tariki ya 01/11/2025. Ayo magambo ashobora gusa nk’asanzwe kuri wowe, ariko ni yo
Abarwanashyaka ba green party muri Rusizi bibukijwe amahame n’ingengabitekerezo bibagenga
Komiseri mukuru muri greenParty hon Alexis Mugisha mu kiganiro yaganirije abarwanashyaka ba green Party y’ibanze kwibutsa abarwanashyaka inshingano zabo mu kubaka ishyaka mu nzego zose z’igihugu,agaruka cyane ku mahame y’ishyaka n’ingengabitekerezo y’ishyaka kugira ngo abarwanashyaka bose bajye babasha kuyisobanura mu buryo bumwe,agaruka ku
Perezida Samia Suluhu yatsinze amatora ya Perezida ku majwi hafi 98%
Komisiyo y’amatora muri Tanzania yatangaje ko Samia Suluhu Hassan, wari usanzwe ari Perezida, ari we watsinze amatora ya perezida yabaye ku wa gatatu, n’amajwi hafi 98%. Komisiyo y’amatora itangaje ibi mu gihe hari ubwoba ko abantu babarirwa mu magana bapfiriye mu mvururu zabaye
Tanzania abigaragambya bateye station ya Police basahura imyenda yaba police barayambara
Imyigaragambyo ikomeje gufata intera iteye ubwoba mu gihugu cya Tanzania, aho urubyiruko rudashaka ko perezida w’iki gihugu, Samia Suluhu Hassan yakomeza kubayobora; ibyari imyigaragambyo byahindutse ubujura, ni mu gihe abayirimo bagaragaje ubujura budasanzwe. Uyu n’umunsi wa gatatu, imyigaragambyo ikomeje kubica bigacika mu bice