Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko perezida Maduro azaburanishirizwa muri Amerika
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko Perezida Maduro wa Venezuela azaburanishirizwa muri Amerika. Ni nyuma y’amasaha make Trump atangaje ko uyu mukuru w’igihugu yafashwe n’ingabo za Amerika. Visi Perezida wa Venezuela, Delcy Rodríguez yavuze ko
Afc/m23 yerekanye amayeri leta ya RDC iri gukoresha muguhishira ko ubutegetsi budashoboye
Mu gihe Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje gutwerera u Rwanda ibibazo by’umutekano muke muri icyo gihugu, AFC/M23 yashimangiye ko ari amayeri ikoresha mu guhisha ko ubutegetsi bwa Tshisekedi bwananiwe gukemura ibibazo by’Abanye-Congo. Umuhuzabikorwa mu bya Politiki w’Ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa,
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kwibasira u Rwanda
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yongeye kwibasira u Rwanda mu ijambo risoza umwaka wa 2025 yaraye agejeje ku baturage b’igihugu cye. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi muri iryo jambo yavuze ko ashimishijwe n’uko igihugu cye kibanye neza n’ibihugu byo mu karere baturanye, usibye u
Perezida Paul Kagame yabwiye urubyiruko rw’u Rwanda ko ari cyo gishoro gikomeye igihugu gifite
Perezida Paul Kagame yabwiye urubyiruko rw’u Rwanda ko ari cyo gishoro gikomeye igihugu gifite, rukaba rukwiye kwitegura icyasabwa cyose ngo rusigasire ibyagezweho, n’iyo byasaba kwitanga. Mu ijambo risoza umwaka, umukuru w’igihugu yabanje kwibutsa ko uyu mwaka wa 2025 usize u Rwanda ruteye intambwe
Ibihugu bya Mali na Burikinafaso byihimuye kuri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika giherutse kumenyesha ibihugu bya Mali na Burikinafaso ko nta muturage wabo wemerewe kujya muri iki gihugu ,akaba ari icyemezo cyafashwe niki gihugu kuwa 16 Ukuboza 2025. Minisiteri z’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane bwibi bihugu bya Mali na Burikinafaso nazo
Gen Doumbouya niwe watsinze amatora muri Guinee Conakry
Komisiyo ishinzwe amatora muri Guinée-Conakry yatangaje ko Gen Doumbouya uyobora iki gihugu kuva mu 2021 yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 86,72%. Aya matora yabaye tariki ya 28 Ukuboza 2025. Gen Doumbouya yahatanye n’abandi bakandida umunani barimo abahoze muri Guverinoma n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi
Minisitiri Bizimana yagaragaje uko ijambo ‘Ubwenge’ ryagoretswe n’abaamutswe n’urwango
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean-Damascène, yasobanuye uburyo abamunzwe n’urwango bahinduye igisobanuro cy’ijambo ‘Ubwenge’ bagamije inabi. Tariki ya 27 Ukuboza 2025, ofisiye mu ngabo za RDC, Gen Maj Sylvain Ekenge, yavugiye kuri televiziyo y’igihugu (RTNC) ko ubusanzwe ijambo ‘Ubwenge’ ryakomotse ku
Perezida Kagame Paul yahanuye urubyiruko ko rudashobora kubaka igihugu rutabanje kwiyubaka ubwarwo
Mu birori bisoza umwaka, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahanuye urubuiruko rw’u Rwanda arwibutsa ko rudashobora kubaka Igihugu rudahereye ku kubanza kwiyubaka ubwarwo. Ibirori bisoza umwaka byabereye muri Kigali Convention Centre ku mugoroba wo ku wa Mbere, byitabiriwe n’abayobozi mu nzego nkuru z’Igihugu
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yahagaritse mu mirimo umuvugizi w’igisirikare Général-major Sylvain Ekenge
Ibiro ntaramakuru bya Congo (ACP) byatangaje ko kuri uyu wa mbere Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yahagaritse mu mirimo umuvugizi w’igisirikare Général-major Sylvain Ekenge, kubera amagambo y’ivangura yavuze ku bwoko bw’abatutsi. ACP hamwe n’ikinyamakuru Le Potentiel bisubiramo umusirikare mukuru abimenyesha ko
Nyamagabe:ishyaka rya greenParty ryahuguye abarwanashyaka baryo muri aka karere
Uyu munsi kuwa 28 Ukuboza 2025 ,ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ryasoje guhugura abarwanashyaka baryo bo mu ntara y’Amajyepfo aho basoreje aya mahugurwa mu karere ka Nyamagabe. Muri Gashyantare uyu mwaka ni bwo ubuyobozi bwa rino shyaka bwatangiriye mu karere ka