Abasirikare benshi ba Fardc bari bafunze boherejwe muri gereza ya gisirikare ya Ndolo
Gen Franck Ntumba Buamunda wahoze ari umuyobozi w’ibiro bishinzwe igisirikare mu ngoro ya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Gen Maj Christian Ndaywel Okura wayoboye urwego rw’ubutasi bwa gisirikare, boherejwe muri gereza ya gisirikare ya Ndolo. Gen Ntumba yatawe muri yombi
Venezuela:Diosdado Cabello yatangaje ko abantu 100 bapfuye mu gitero cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatumye Perezida Nicolas Maduro akurwa ku butegetsi
Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu muri Venezuela, Diosdado Cabello, yatangaje ko abantu 100 bapfuye mu gitero cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatumye Perezida Nicolas Maduro akurwa ku butegetsi ku wa Gatandatu. Ubutegetsi bwo muri Venezuela ntibwari bwagatangaje umubare w’abapfuye, ariko igisirikare cyashyize
Urukiko rw’i Paris rwahamije abantu 10 ibyaha bishingiye ku kwibasira Brigitte Macron
Urukiko rw’i Paris rwahamije abantu 10 ibyaha bishingiye ku kwibasira Brigitte Macron, umugore wa Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, hifashishijwe imbuga nkoranyambaga. Aba bantu bashinjwaga ibirimo gukwirakwiza kuri izi mbuga, amakuru y’ibihuha ajyanye n’imiterere y’imyanya y’ibanga ya Brigitte Macron, bakanavuga uko biboneye
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bw’abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bw’abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo Man, Ishimwe Francois Xavier na Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta, rwemeza ko bakomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Uko ari bane bakurikiranyweho kugira uruhare mu
Perezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Guinée
Perezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Guinée, Mamadi Doumbouya, watorewe gukomeza kuyobora iki gihugu mu matora yabaye ku wa 28 Ukuboza 2025. Perezida Kagame abinyujije kuri X ati “Ndashimira cyane, umuvandimwe wanjye, Perezida Mamadi Doumbouya, ku ntsinzi yegukanye mu matora y’Umukuru w’Igihugu cya
Umuhungu wa perezida Nicolas Maduro yemeje ko papa we na nyina bagambaniwe n’abamurindaga
Umuhungu wa Perezida NicolasMaduro yatangaje ko ise atafashwe nkuko bivugwa,yemeje ko ahubwo yagambaniwe n’abarinzi be ,ndetse n’ibihugu by’inshuti ze,avuga ko bamugambaniye bakamuha Abanyamerika yemeza ko nta muntu numwe wari hafi yase akizera,ibi uyu muhungu abitangaje mu gihe Maduro yaraye yitabye urukiko rwo muri
Perezida Trump yabaye nkuha amabwiriza perezida w’inzibacyuho wa Venezuela ko natayubahiriza azahura n’akaga
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Donald J. Trump, yaburiye Perezida w’Inzibacyuho wa Venezuela Delcy Rodríguez, ko ashobora kwishyura ikiguzi gikomeye cyane kirenze icya Nicolás Maduro nadakora ibyo Amerika ishaka. Mu kiganiro Trump yahaye ikinyamakuru The Atlantic, yavuze ko impinduka mu
Perezida Ndayishimiye Evariste akebuye minisitiri wiwe Qatar ibiha umugisha
Mu gisa no gukosora ibyavuzwe na Minisitiri we w’ububanyi n’amahanga, Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko igihugu cye ‘igihe cyose cyashimiye ‘uruhare rw’ingenzi’ rwa Qatar mu buhuza ku kibazo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ni nyuma y’uko ku wa gatandatu nijoro
Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika yamaganye icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gufata Nicolas Maduro
Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika, yamaganye icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gufata Nicolas Maduro wayoboraga Venezuela n’umugore we, agaragaza ko kinyuranyije n’amategeko kandi ko kirimo ubushishozi buke. Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya
Urukiko rw’Ikirenga rwa Venezuela rwategetse Visi Perezida Delcy Rodriguez gufata inshingano zo kuyobora igihugu by’agateganyo
Urukiko rw’Ikirenga rwa Venezuela rwategetse Visi Perezida, Delcy Rodriguez, gufata inshingano zo kuyobora igihugu by’agateganyo, nyuma y’uko Perezida Nicolas Maduro afashwe n’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iki cyemezo cyafashwe mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 3 Mutarama 2026, aho urukiko