Perezida Tshisekedi na Fayulu bahanganye mu matora bagiye kugirana ibiganiro byihariye

Perezida Tshisekedi na Fayulu bahanganye mu matora bagiye kugirana ibiganiro byihariye

Jun 4, 2025

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko yiteguye guhura na Martin Fayulu, kugira ngo baganire ku bibazo bikomeye igihugu gihanganye na byo muri iki gihe. Ibi bibaye nyuma y’uko Fayulu asohoye itangazo risaba ibiganiro byihariye hagati ye, Tshisekedi ubuyobozi

Read More
CSAC muri RDC yahagaritse itangazwa ry’amakuru ya Kabila na PPRD mu bitangazamakuru

CSAC muri RDC yahagaritse itangazwa ry’amakuru ya Kabila na PPRD mu bitangazamakuru

Jun 4, 2025

Christian Bosembe uyobora urwego rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe kugenzura itangazamakuru n’itumanaho (CSAC), yatangaje icyemezo kiburira ibitangazamakuru gutangaza inkuru zerekeye Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’icyo gihugu, ndetse n’ishyaka rye rya PPRD. Ibi yabitangaje ku wa 2 Kamena 2025, mu gihe

Read More
U Rwanda rugiye gufungura Ambasade muri Algérie mu rwego rwo gushimangira umubano w’ibihugu byombi

U Rwanda rugiye gufungura Ambasade muri Algérie mu rwego rwo gushimangira umubano w’ibihugu byombi

Jun 4, 2025

Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda ruteganya gushinga Ambasade nshya muri Repubulika ya Algérie, hagamijwe gukomeza gushimangira umubano n’ubufatanye hagati y’ibi bihugu bibiri bya Afurika. Ibi yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru cyakurikiye ibiganiro yagiranye na mugenzi we wa Algérie, Perezida Abdelmadjid Tebboune, ubwo

Read More
Umukozi wa British Airways wambaye ubusa mu ndege ari mu.mazi abira

Umukozi wa British Airways wambaye ubusa mu ndege ari mu.mazi abira

Jun 3, 2025

Umugabo w’imyaka 41, ukorera sosiyete y’indege ya British Airways, yafashwe n’inzego z’umutekano akigera ku kibuga cy’indege i Londres, nyuma yo kwitwara mu buryo budasanzwe ubwo yari mu kazi k’indege yavaga i San Francisco, USA, yerekeza mu Bwongereza. Uyu mugabo wari mu itsinda ry’abakozi

Read More
RDC:Perezida Tshisekedi yemeye guhura n’umurwanya kubera m23.

RDC:Perezida Tshisekedi yemeye guhura n’umurwanya kubera m23.

Jun 3, 2025

Perezida Felix Tshisekedi yemeye guhura na mukeba we w’ibihe byose Martin Fayulu,abinyujije k’umuvugizi we Tina Salama perezida wa RDC yatangaje ko azahura n’umunyapolitike batavuga rumwe bwana Martin Fayulu.   Akoresheje urubuga rwe rwa twitter ,umuvugizi wa perezida Tshisekedi Tina Salama yatangaje ko ,perezida

Read More
DRC:Jenerali Banywesize yateje impaka hagati ya leta n’imiryango yigenga

DRC:Jenerali Banywesize yateje impaka hagati ya leta n’imiryango yigenga

Jun 2, 2025

Ihuriro ry’Imiryango itegamiye kuri Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ONGDH), ryasohoye itangazo ryerekana impungenge zishingiye ku ifungwa ridasobanutse rya Jenerali Pierre Banywesize Bulanga, wari Umuyobozi Wungirije ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu gace ka Dungu, Intara ya Haut-Uele. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara

Read More
Raila Odinga yongeye guteza impaka kuri leta ya Nairobi

Raila Odinga yongeye guteza impaka kuri leta ya Nairobi

Jun 2, 2025

Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya yasabye Perezida w’iki gihugu gusubiza icyubahiro no gutanga indishyi y’akababaro ku miryango y’abaturage baguye cyangwa bagakomereka mu myigaragambyo yabaye mu 2024. Ibi yabivuze ku wa Kabiri tariki 1 Kamena 2025 mu mujyi wa Kisumu uherereye

Read More
KENYA:NIFUZA KUGUSABA KO WAHA INDISHYI IYO MIRYANGO YABUZE ABABO/RAILA ODINGA.

KENYA:NIFUZA KUGUSABA KO WAHA INDISHYI IYO MIRYANGO YABUZE ABABO/RAILA ODINGA.

Jun 2, 2025

Mu muhango wo kwizihiza umunsi mukuru w’ubwigenge bw’igihugu cya Kenya RAILA ODINGA wabaye minisitiri w’intebe wiki gihugu yasabye perezida Dr.William Ruto kwishyura imiryango y’abaguye mu myigaragambyo mu mwaka w’2024 akabaha indishyi z’akababaro. Perezida William Ruto yahamagariwe kwishyura indishyi z’akababaro imiryango yabuze abana babo

Read More
Gicumbi: Ibisambo byafatiwe ingamba zishobora kubica burundu

Gicumbi: Ibisambo byafatiwe ingamba zishobora kubica burundu

Jun 2, 2025

Abaturage batuye mu tugari two mu nkengero z’Umujyi wa Byumba, mu Karere ka Gicumbi, batangaza ko bishimiye gahunda nshya yo gushyiraho irondo ry’umwuga ryitezweho kurinda umutekano wabo, nyuma y’igihe kinini bahanganye n’ubujura bukabije. Bavuga ko mbere abajura bajyaga biyoberanya, rimwe na rimwe bakifashisha

Read More
RDC:EU YATANGAJE KO ISHAKA KUBA UMWE MUBASHAKA UMUTI W’IBIBAZO BYA RDC.

RDC:EU YATANGAJE KO ISHAKA KUBA UMWE MUBASHAKA UMUTI W’IBIBAZO BYA RDC.

Jun 2, 2025

Intumwa z’umuryango w’ubumwe bw’uburayi ziherutse kwakirwa muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo zashimangiye ko zishyikikiye perezida Tshisekedi Felix Antoine kandi zinatangaza ko zifuza ko uyu muryango wagira uruhare mu gushakira ibisubizo ibibazo biri muri iki gihugu.   Abadepite bagera kuri 11 bo m’umuryango

Read More