Perezida Tshisekedi na Fayulu bahanganye mu matora bagiye kugirana ibiganiro byihariye
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko yiteguye guhura na Martin Fayulu, kugira ngo baganire ku bibazo bikomeye igihugu gihanganye na byo muri iki gihe. Ibi bibaye nyuma y’uko Fayulu asohoye itangazo risaba ibiganiro byihariye hagati ye, Tshisekedi ubuyobozi
CSAC muri RDC yahagaritse itangazwa ry’amakuru ya Kabila na PPRD mu bitangazamakuru
Christian Bosembe uyobora urwego rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe kugenzura itangazamakuru n’itumanaho (CSAC), yatangaje icyemezo kiburira ibitangazamakuru gutangaza inkuru zerekeye Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’icyo gihugu, ndetse n’ishyaka rye rya PPRD. Ibi yabitangaje ku wa 2 Kamena 2025, mu gihe
U Rwanda rugiye gufungura Ambasade muri Algérie mu rwego rwo gushimangira umubano w’ibihugu byombi
Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda ruteganya gushinga Ambasade nshya muri Repubulika ya Algérie, hagamijwe gukomeza gushimangira umubano n’ubufatanye hagati y’ibi bihugu bibiri bya Afurika. Ibi yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru cyakurikiye ibiganiro yagiranye na mugenzi we wa Algérie, Perezida Abdelmadjid Tebboune, ubwo
Umukozi wa British Airways wambaye ubusa mu ndege ari mu.mazi abira
Umugabo w’imyaka 41, ukorera sosiyete y’indege ya British Airways, yafashwe n’inzego z’umutekano akigera ku kibuga cy’indege i Londres, nyuma yo kwitwara mu buryo budasanzwe ubwo yari mu kazi k’indege yavaga i San Francisco, USA, yerekeza mu Bwongereza. Uyu mugabo wari mu itsinda ry’abakozi
RDC:Perezida Tshisekedi yemeye guhura n’umurwanya kubera m23.
Perezida Felix Tshisekedi yemeye guhura na mukeba we w’ibihe byose Martin Fayulu,abinyujije k’umuvugizi we Tina Salama perezida wa RDC yatangaje ko azahura n’umunyapolitike batavuga rumwe bwana Martin Fayulu. Akoresheje urubuga rwe rwa twitter ,umuvugizi wa perezida Tshisekedi Tina Salama yatangaje ko ,perezida
DRC:Jenerali Banywesize yateje impaka hagati ya leta n’imiryango yigenga
Ihuriro ry’Imiryango itegamiye kuri Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ONGDH), ryasohoye itangazo ryerekana impungenge zishingiye ku ifungwa ridasobanutse rya Jenerali Pierre Banywesize Bulanga, wari Umuyobozi Wungirije ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu gace ka Dungu, Intara ya Haut-Uele. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara
Raila Odinga yongeye guteza impaka kuri leta ya Nairobi
Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya yasabye Perezida w’iki gihugu gusubiza icyubahiro no gutanga indishyi y’akababaro ku miryango y’abaturage baguye cyangwa bagakomereka mu myigaragambyo yabaye mu 2024. Ibi yabivuze ku wa Kabiri tariki 1 Kamena 2025 mu mujyi wa Kisumu uherereye
KENYA:NIFUZA KUGUSABA KO WAHA INDISHYI IYO MIRYANGO YABUZE ABABO/RAILA ODINGA.
Mu muhango wo kwizihiza umunsi mukuru w’ubwigenge bw’igihugu cya Kenya RAILA ODINGA wabaye minisitiri w’intebe wiki gihugu yasabye perezida Dr.William Ruto kwishyura imiryango y’abaguye mu myigaragambyo mu mwaka w’2024 akabaha indishyi z’akababaro. Perezida William Ruto yahamagariwe kwishyura indishyi z’akababaro imiryango yabuze abana babo
Gicumbi: Ibisambo byafatiwe ingamba zishobora kubica burundu
Abaturage batuye mu tugari two mu nkengero z’Umujyi wa Byumba, mu Karere ka Gicumbi, batangaza ko bishimiye gahunda nshya yo gushyiraho irondo ry’umwuga ryitezweho kurinda umutekano wabo, nyuma y’igihe kinini bahanganye n’ubujura bukabije. Bavuga ko mbere abajura bajyaga biyoberanya, rimwe na rimwe bakifashisha
RDC:EU YATANGAJE KO ISHAKA KUBA UMWE MUBASHAKA UMUTI W’IBIBAZO BYA RDC.
Intumwa z’umuryango w’ubumwe bw’uburayi ziherutse kwakirwa muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo zashimangiye ko zishyikikiye perezida Tshisekedi Felix Antoine kandi zinatangaza ko zifuza ko uyu muryango wagira uruhare mu gushakira ibisubizo ibibazo biri muri iki gihugu. Abadepite bagera kuri 11 bo m’umuryango