RDC:Mobutu yavumye RDC Perezida Tschilombo Felix Tshisekedi arinda uwo muvumo.
Mobutu yavumye DRC, kandi Tshisekedi arinda umuvumo niko umwe mu bashinzwe umutekano yatangarije ikinyamakuru The New York Times ku ya 16 Gicurasi 1997, nyuma yuko Mobutu ategeka gutwika umurambo wa Habyarimana wapfuye muri Mata 1994, ati: “Iyaba ari njye bireba, nari kujugunya mu
RDC:Kuki leta ya Congo Kinshasa yananiwe kugarura amategeko n’umutekano mu burasirazuba bwa DRC kuva 1994?
Mu myaka irenga mirongo itatu, amahoro yakomeje kuba ingorabahizi ku baturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Ariko Kuki leta ya Congo Kinshasa yananiwe kugarura amategeko n’umutekano mu burasirazuba bwa DRC kuva 1994? Byose byatangiranye n’uwahoze ari perezida wa Zayire (ubu ni
Perezida Felix Antoine Tshisekedi yatanze igihuru (indabo) ku mugore utari uwe.
Perezida Felix Antoine Tshisekedi yatanze igihuru (indabo) ku mugore utari uwe. Si ubwa mbere mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo hagaragaye ibisa n’ikinamico bikorwa n’umukuru w’icyo gihugu abantu benshi bafata nk’utagira ubwenge bukwiye, bwana Antoine Felix Tshisekedi Tshilombo wiyita Faschi
RDC:Umuyobozi wa Lamuka Martin Fayulu yahuye na perezida Felix Tshisekedi.
Kuri uyu wa kane, Martin Fayulu Madidi yakiriwe muri Palais de la Nation na Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo baganira igihe kingana n’amasaha abiri,babonanye nyuma y’amasaha 72 Fayulu abisabye ko babonana. Ubusanzwe Martin Fayulu ni Perezida w’ishyaka rya Ecidé . Umurebye mu maso
RDC/Goma:Afc/m23 yahishuye ibanga ry’ibiganiro bya Doha na perezidaTshisekedi.
Ihuriro rya Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi nyuma yuko ryikuye mu biganiro i Doha ryatangaje ibinga ryibi biganiro ko aribyo byonyine byakemura ibibazo bya repubulika iharanira demokarasi ya Congo . Umuvugizi mukuru mubya politike wa Afc/m23 Lawrence Kanyuka ,yemeje ko itsinda ryari rihagarariye
RDC:Afc/m23 yikuye mu biganiro bya Qatar nyuma yo kumarayo ukwezi.
Ihuriro rya Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa repubulika iharanira demokarasi ya Congo ryikuye mu biganiro ryarimo n’ubu butegetsi nyuma yuko intumwa ziri huriro zimaze iminsi irenga mirongo itatu muri Qatar. Ihuriro rya Afc/m23 ryahamagaje intumwa zaryo zari i Doha mu gihugu cya Qatar aho
RDC/Goma:Birato Rwihimba Emmanuel wari guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo yakuweho.
Mu itangazo ryasohowe n’ihuriro rya alliance fleuve Congo rigaragaza ko uwari guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo yamaze gukurwa muri izo shingano agahabwa izindi shingano zo kuba diregiteri ushinzwe uburezi,igenamigambi no guteza imbere ishoramari . Guverineri Birato Rwihimba yari yashyizwe kuri uyu mwanya mu
RDC/MASISI:Imirwano ikaze yongeye kubura hagati ya Wazalendo na m23 muri Kiringi.
Imirwano ikaze yongeye kubura hagati y’umutwe wa Wazalendo n’umutwe wa m23 muri teritwari ya Masisi cyane cyane mu gace ka Kiringi nkuko amakuru aturuka muri kano gace abivuga. Imirwano ikaze yongeye kubura muri teritwari ya Masisi hagati ya Wazalendo na m23 ,iyi mirwano
RDC/Ituli:inyeshyamba za Thomas Lubanga zongeye gutera ibirindiro bya Fardc.
Inyeshyamba za Thomas Lubanga ziri m’umutwe wa CRP zashinzwe n’uyu mugabo zongeye gutera ingabo za repubulika iharanira demokarasi ya Congo muri teritwari ya Ituli mu nkengero z’ikiyaga cya Vert. Imirwano yongeye kubura hagati y’ingabo z’umutwe w’inyeshyamba washinzwe na Thomas Lubanga witwa CRP
RDC: Joseph Kabila yashenguwe n’urupfu rwa Lt gen Sikatenda Shabani .
Perezida Joseph Kabila Kabange yashenguwe n’urupfu rwa liyetena jenerali Sikate Shabani waguye muri gereza ya repubulika ya demokarasi ya Congo i Kinshasa. M’ubutumwa yanyujije kumbuga nkoranyambaga ziwe Joseph Kabila yavuze ko ababajwe n’urupfu rwa liyetena jenerali Sikatenda Shabani kandi ko amuhaye icyubahiro