RDC:ingabo za SAMIDRC ikiciro cya mbere cyatashye kinyuze mu Rwanda.
Ingabo zari mu butumwa bwa SADC muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bwiswe SAMIDRC ikiciro cya mbere cyatashye kinyuze mu Rwanda aho hatashye abasirikare barenga 700 zitaha zinyuze mu Rwanda mu karere ka Rubavu k’umupaka uzwi ku izina rya Grande Barriere(La Corniche). Mu
Rusizi: Umusore w’imyaka 21 yasanzwe yapfuye nyuma yo gusiga ubutumwa kuri WhatsApp
Mu gitondo cyo ku wa Kane, tariki ya 12 Kamena 2025, mu Mudugudu wa Murongo, Akagari ka Tara, Umurenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi, habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 21 witwa Uwamurengeye Clément, bikekwa ko yaba yiyambuye ubuzima. Amakuru atangwa n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze
Indege ya Air India yarimo abagenzi 242 yakoze impanuka nyuma yo guhaguruka, ibyayo bikomeje gusuzumwa
Indege ya kompanyi y’u Buhinde, Air India, yari itwaye abagenzi 242 yerekeza i London mu Bwongereza, yakoze impanuka nyuma y’iminota mike ihagurutse ku Kibuga cy’Indege cya Ahmedabad, mu gihugu cy’u Buhinde. Iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing 787-8 Dreamliner, izwi nka AI171,
Rwanda/RDC:Uko Senateri Tite Rutaremara abona umuryango wa CEEAC.
Nta handi ku isi wabona abantu bakuraho amategeko bishyiriyeho nta mpamvu igaragara, bakayakuraho badakurikije inzira bishyiriyeho zo kuyakuraho. Umuryango w’Ubukungu bw’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (CEEAC); ibyo wakoze biteye urujijo n’agahinda ,ubwo inama y’uyu muryango waberaga muri DRC iyobowe na Tshisekedi bimye
RDC:Ihuriro rya AFC/M23 ryashyizeho guverineri mushya w’intara ya Kivu y’Amajyepfo.
Ihuriro rya AFC/M23 ryashyizeho guverineri mushya w’intara ya Kivu y’Amajyepfo kuri uyu wa gatatu tariki ya 11 kamena aho ryatangaje ko kubera guverineri Birato Rwihimba Emmanuel yahawe ishingano nshya,hafashwe icyemezo cyo kumusimbuza bwana Busu Bwa Ngwi Nshyombo Patrick. Irihuriro kandi ryashyizeho na
Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri.
Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye none ku wa 09 Kamena 2025 muri Village Urugwiro iyobowe na Minisitiri wintebe, Dr. Edouard Ngirente. Ibyemezo byafashwe muri iyi nama idasanzwe y’abaminisitiri YIBANZE cyane ku kibazo cyerekeranye no kwikura ku Rwanda m’umuryango w’ubukungu w’ibihugu by’Afurika yo
RDC: Martin Fayulu yasobanuye icyo ihuriro ashaka gushinga we na Tshisekedi rizamara.
Martin Fayulu avuga ko ikiruta byose, ari imitekerereze, Ikubiyemo ukwemera ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari imwe, yunze ubumwe, kandi itagabanywa. Yerekana kubahiriza byimazeyo Itegeko Nshinga. Nibigaragaza ijwi ry’abaturage ba congo banze kuyoboka, ubufatanyacyaha, cyangwa guceceka imbere y’iterabwoba nyaryo rigamije gutwara ubutaka
RDC:Abambari ba Perezida Felix Tshisekedi bakamejeje batangaza ko Joseph Kabila yahungiye mu Rwanda.
Ibinyamakuru bikorera hanze y’u Rwanda bisanzwe ari ibirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda byakamejeje byandika ko Perezida w’icyubahiro wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo Joseph Kabila Kabange yahungiye mu Rwanda. Ikinyamakuru gikorera kuri murandasi cyitwa VERITANSINFO cyabyanditse kuri uyu wa gatandatu aho cyavuze ko umujyi
U Budage bwashyizwe ku isonga mu bihugu Abarusiya babona nk’abanzi, Amerika igabanuka ku rutonde
Mu bushakashatsi bushya bwakorewe mu Burusiya, bugaragaza impinduka zikomeye ku buryo abaturage baho bareba ibihugu by’amahanga. Ku nshuro ya mbere mu myaka irenga icumi, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ntiyaje ku mwanya wa mbere w’ibihugu bifatwa nk’ibibangamiye Abarusiya. Icyo cyanya ubu cyegukanywe n’u
Rwanda-RDC:Twibaza niba RDC ishaka amahoro bikatuyobera/Min Olivier Nduhungirehe.
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda Amb Olivivier Nduhungirehe yasobanuye impamvu U Rwanda rwikuye m’umuryano w’ubukungu w’ibihugu by’Afurika yo hagati CEEAC ,agaragaza ko anibaza koko niba Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ishaka amahoro bikamuyobera. Minisitiri Nduhungirehe avuga ko bitumvikana ukuntu RDC ikomeje