Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda yavuze ko amasezerano y’amahoro na Congo ataragera ku rwego rwo gusinywa
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Jean Patrick Nduhungirehe, yatangaje ko amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akiri mu nzira y’ibiganiro, bityo hataragera ku gihe cyo kuyashyira umukono. Ibi yabitangaje mu gihe hari amakuru yavugaga ko
Donald Trump yahakaniye Israel umugambi wo kugerageza kwivugana Ayatollah wa Iran
Bivugwa ko Donald Trump, wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, atigeze yemeranya n’umugambi wa Israel wo kugerageza kwivugana Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mu gihe yari agifite ububasha bwo kuyobora. Amakuru aturuka ku bayobozi batatu bo muri Amerika
RDC:Tumenye inkomoko y’umutwe wa M23 n’abawugize.
Umutwe wa m23 bisobanura itariki 23 z’ukwezi kwa Gatatu ,ibi byavuye m’ururimi rw’igifaransa 23 Mars, ni umutwe wavutse ukomotse ku masezerano yasinywe hagati y’ubutegetsi bwa Perezida Joseph Kabila Kabange n’abahoze mu barwanyi b’umutwe wa CNDP(Congres National Pour la Defense du Peuple) mu mwaka
Russia :Menya Perezida Vladimirovic Putin uwo ariwe.
Vladimir Vladimirovich Putin ni umugabo w’imyaka 73 ugira isabukuru ku ya 7 Ukwakira buri mwaka kandi iyi sabukuru kuyizihiza biba ari ibirori bikomeye cyane mu gihugu cy’Uburusiya. Putin ni Prezida w’igihugu cya mbere kinini ku isi aho kiri ku buso bwa Km² 17,098,242.
RDC:Ubutumwa bwa Bintou Keita mu nama n’abayobozi ba AFC/m23 I Goma.
Ubutumwa bwatanzwe n’intumwa idasanzwe y’umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’abibumbye Bintou Keita ubwo yahuraga n’abayobozi ba AFC m23 mu mujyi wa Goma. Bintou Keita yagize ati”Naje mu mujyi wa Goma kumva no kungurana ibitekerezo n’ihuriro rya AFC m23,uru rugendo rwaje mu gihe ibintu bitameze neza
Rwanda: Hiyemejwe kongera umubare w’abana bajya mu mashuri y’inshuke kugera kuri 65%
Leta y’u Rwanda yatangaje ko igiye gukaza ingamba zo kongera umubare w’abana bajya mu mashuri y’inshuke, igamije gutuma batangira amashuri abanza bafite ubumenyi bubafasha kwitwara neza mu myigire. Intego ni uko mu myaka itanu iri imbere nibura 65% by’abana bazaba banyuze muri ayo
RDC/GOMA:Umuyobozi wa MONUSCO atangiye inama n’ubuyobozi bwa AFC/M23.
Intumwa idasanzwe y’umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’abibumbye ,Bintou Keita Ari mu nama n’abayobozi bakuru n’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi AFC/m23 iyi nama ikaba yatangiye guhera saa yine kuri uyu wa Gatanu 13 Kamena2025 ikaba iri kubera mu mujyi wa Goma. Umuyobozi wa Monusco yageze
Kazungu Denis ushinjwa kwica abantu 13 yavuze amagambo agaragaza ko yifuza gufungurwa
Kazungu Denis, wahamijwe ibyaha bikomeye by’ubwicanyi n’ibindi byaha byibasiye ikiremwamuntu, yasabye Urukiko Rukuru rwa Kigali ko rwamugabanyiriza igihano cy’igifungo cya burundu yahawe. Mu rubanza rwabaye ku wa 12 Kamena 2025, Kazungu yavuze ko yemeye ibyo ashinjwa, abisabira imbabazi kandi afasha ubutabera mu iperereza,
RDC/GOMA:Umuyobozi wa MONUSCO Bintou Keita yageze i Goma kubonana n’abayobozi ba AFC/M23.
Umuyobozi wubutumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo MONUSCO ,Bintu Keita yaraye ageze mu mujyi wa Goma ugenzurwa n’ihuriro rya AFC/M23 bikaba biteganyijwe ko azanahura n’abayobozi biri huriro rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa bakaganira. Amakuru yagiye ahagaragara nuko
Le rôle de l’intelligence artificielle (IA) dans le développement
Le rôle de l’intelligence artificielle (IA) dans le développement L’intelligence artificielle (IA) joue un rôle important et visible dans plusieurs domaines. Voici quelques-uns des principaux secteurs où l’IA contribue largement au développement : Économie et commerce Augmentation de la productivité: L’IA permet