Rwanda/RDC:Abaminisitiri b’Ububanyi n’amahanga bagiye gusinya amasezerano y’Amahoro muri USa.
Kuri uyu wa gatatu, ibihugu by’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatangaje ko umushinga w’amasezerano y’amahoro biteganyijwe ko azashyirwaho umukono mu cyumweru gitaha, hagati y’ ibihugu byombi na Amerika aya masezerano akaba agamije guhagarika imirwano mu burasirazuba bwa Congo. Amasezerano y’agateganyo,
U Rwanda na Tunisia mu biganiro byo gushimangira umubano n’ubufatanye mu iterambere
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, yaganiriye kuri telefone na Minisitiri wa Tunisia, Sarra Zaafrani Zenzri, ku wa 17 Kamena 2025, bagaruka ku ngingo zitandukanye zijyanye no gushimangira ubufatanye hagati y’ibihugu byombi, cyane cyane mu by’ubucuruzi, ingufu, ubwikorezi n’imishinga y’iterambere rusange. Mu
RDC: Constant Mutamba yahungiye muri Ambasade ya Cuba I Kinshasa
Uwahoze Ari minisitiri w’ubutabera muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo nyuma Yuko yeguye kuri izo nshingano kubera ibyaha akurikiranyweho amaze guhungira muri Ambasade ya Cuba I Kinshasa . Constant Mutamba yatangaje ko aza kwegura ,nyuma Yuko umuryango Lucha wandikiye Perezida Tshisekedi ko akwiye
INTAMBARA: Ibyaranze ijoro ryo kuwa kabiri hagati ya Israel na Iran (Amafoto)
Umunsi wa gatandatu w’intambara iri hagati ya Iran na Israel wagaragayemo ibitero bikomeye byahuriranye hagati y’impande zombi. Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, Iran yakoze ibitero by’indege n’ibisasu ku bice bitandukanye birimo n’Umujyi wa Tel Aviv hamwe n’ahandi hagenzurwa na Israel mu misozi
Col Innocent Kaina yasabye Tshisekedi kwegura byihuse
Colonel Innocent Kaina uheruka gushinga umutwe Coalition National Pour la liberation du Congo ufite igisirikare ugamije gukuraho ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, yamusabye guhita yegura byako kanya. Ibi yabinyujije mw’itangazo ry’umutwe ayoboye wa Coalition National Pour la liberation du Congo (CNLC)
Constant Mutamba yeguye ahitanywe na miliyoni 19$
Constant Mutamba wari Minisitiri w’ubutabera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yeguye kuri izi nshingano nyuma y’iminsi mike umushinjacyaha mukuru, Firmin Mvonde, amubujije kurenga umujyi wa Kinshasa kubera amukurikiranyeho kunyereza miliyoni 19 z’amadolari. Mu ijoro ryaraye ryakeye rishyira kuri uyu wa gatatu tariki
Abagabo Babiri Bafashwe bazira Ibiganiro byabo kuri YouTube ya ‘Dawa Rwanda TV’
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo babiri bazwi mu gutambutsa ibiganiro kuri shene ya YouTube yitwa Dawa Rwanda TV, isanzwe ikora ibikorwa by’iyobokamana bya Islam. Nk’uko RIB yabitangaje, aba bagabo bafashwe ku wa 10 Kamena 2025 ku bufatanye n’Inzego za Polisi,
Iran vs USA:Perezida Donald Trump yarakariye Iran ashobora kuyirasaho.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika k’urukuta rwe rwa Truth Social yasabye abaturage bose kuva mu mujyi wa Tehran ,umurwa mukuru wa Iran ,aho bivugwa ko USA ishobora kuba igiye kuhagaba ibitero simusiga. Trump yagize ati:”Iran yagombaga kwemera amasezerano nabasabye.Ni agahomamunwa
Burundi:Polisi yatangiye guhohotera impunzi z’Abanyekongo.
Mu nkambi y’impunzi iri m’Uburasirazuba bw’igihugu cy’u Burundi yitwa Musenyi ,iherereye muri komine Giharo mu ntara ya Rutana ahari impunzi z’Abanyekongo zatangiye guhohoterwa n’igipolisi cy’Uburundi. Nk’uko bitangazwaz nizi mpunzi biravugwa ko impunzi igerageje gusoka inkambi icibwa amafaranga cyane iyo ufatiwe mu isoko rya
RDC/Burundi:Igisirikare cy’Uburundi cyatumije abasirikare bakuru babo bari muri Uvila.
Igisirikare cy’Uburundi cyatumije abasirikare bakuru biki gisirikare bari k’urugamba mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo,ahatumijwe abasirikare bakuru ndetse n’abasirikare bakuru bashinzwe ubutasi muri izo ngabo zagiye kurwana muri iki gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Amakuru dukesha ikinyamakuru cya Telegrame