Uganda:Perezida Museveni yaba yabujije muramu wa Gen Muhoozi kongera kwiyamamariza kuba depite?
Kwikura mu matora kwa Musherure kubayeho nyuma y’iminsi mike yongeye gushyamirana na murumuna wa Perezida Museveni ,witwa Sodo Aine Kaguta bombi bapfa umwanya wo mu nteko Ishinga amategeko. Shartsi Musherure usanzwe ari muramu wa Gen Muhoozi Kainerugaba ,yatunguranye avuga ko atazongera kwiyamamariza kujya
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel mu bitero ku byanya bya nikeleyeri bya Irani, bikaba bishobora gutera intambara nini kurushaho.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel mu bitero ku byanya bya nikeleyeri bya Irani, bikaba bishobora gutera intambara nini kurushaho. Ku mugoroba wo ku wa gatandatu, Perezida Donald Trump yagejeje ijambo ku gihugu avuga ko indege za gisirikare za Amerika
Cote d’Ivoire: Perezida Alassane Ouattara yemejwe nk’umukandida Perezida mu matora ataha
Ishyaka riri k’ubutegetsi mu gihugu cya Cote d’Ivoire ryemeje Perezida Alassane Ouattara nk’umukandida Perezida wiri shyaka mu matora ataha ,ngo azongere guhatanira uyu mwanya ku shuro ya kane. Alassane yemejwe nk’umukandida Perezida wiri shyaka nyuma y’iminsi ibiri,amashyaka amurwanya atangije ibikorwa birwanya kandidatire yiwe
RDC:Menya ibyo Gen Muhoozi yaganiriye na Perezida Felix Antoine Tshisekedi.
Perezida wa Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo Nyakubahwa Felix Antoine Tshisekedi yabonanye n’umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka ,Gen Maj Muhoozi Kainerugaba uri i Kinshasa m’uruzinduko rw’akazi aho yagiye mu bikorwa bya gisirikare byo kuvugurura amasezerano y’imikoranire ihuriweho hagati y’igisirikare cya Uganda
Rwanda/Burundi: Umubano wa Kigali na Gitega waba ugiye kuzahuka?
Umubano w’igihugu cy’U Rwanda n’igihugu cy’U Burundi umaze igihe urimo agatotsi kubera ibibera m’uburasirazuba bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo aho u Rwanda rushinja Uburundi gukongeza umuriro mu makimbirane Ari hagati y’ibihugu byombi , Uburundi nabwo bugashinja u Rwanda gucumbikira abagize uruhare mugushaka
Isesengura ry’ukuntu misile za Iran zabashije kunyura kuri systeme y’ubwirinzi ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA).
Isesengura ry’ukuntu misile za Iran zabashije kunyura kuri systeme y’ubwirinzi ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Dore isesengura ry’uko misile za Iran zabashije kunyura kuri système ya THAAD ya Amerika, n’impamvu eshanu zikomeye zituma izi ntwaro nshya zigora cyane ubwirinzi bwa
Minisitere y’abakozi ba Leta n’umurimo itanze konji icyumweru cyose!
Minisitere y’abakozi ba Leta n’umurimo itanze konji icyumweru cyose! Kuwa 20/6/2025, ku rukuta rwa X rwa minisitere y’abakozi ba leta n’umurimo hasohotse itangazo rigaragaza iminsi y’ikiruhuko uko izakurikirana, bigaragara ko hazabaho konji icyumweru cyose. Iryo tangazo riragira riti ”Minisiteri y’abakozi ba Leta
Trump yatangaje ko azafata icyemezo cyo gutera Iran mu byumweru 2 .
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yatangaje ko azafata icyemezo ku gutera cyangwa kudatera Iran mu byumweru bibiri biza. Mu kiganiro n’abanyamakuru yakoze ejo kuwa Gatatu Karoline Leavitt yagize ati”Reka tubyumve neza,Iran ifite ibyo ikeneye byose kugira ngo igere ku ntwaro
U Rwanda rwafashe ingamba kubera intambara ya Israel na Iran
Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko Leta y’u Rwanda yashyizeho itsinda rihoraho rishinzwe gukurikirana ibijyanye n’ibikomoka kuri peteroli, byinjira mu gihugu ndetse n’ububiko bufite, hagamijwe kwirinda ingaruka zituruka ku makimbirane ari kuba hirya no hino ku Isi, cyane cyane intambara yahuje Israel
Ingabire Victoire yongeye gutabwa muri yombi
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Ingabire Victoire Umuhoza, nyuma y’uko Urukiko Rukuru rusabye ko hakorwa iperereza rirambuye ku ruhare akekwaho mu bikorwa bivugwaho kuba bigamije guhungabanya umutekano w’igihugu. Iri perereza rishingiye ku byaha bikubiyemo kurema umutwe w’abantu bagamije ibikorwa by’urugomo no gukwirakwiza