RDC:FDLR na Wazalendo muguhigana bukware mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,umutwe wa m23 guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri wazindutse uhiga bukware abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR . Ibi ni ibikorwa byatangiye mu buryo budasanzwe biri gukorwa n’umutwe wa m23 ,aho babitangiriye muri gurupoma ya
Uganda:Perezida Museveni w’imyaka 80 azongera guhatanira intebe iruta izindi 2026.
Perezida Museveni w’imyaka 80 azongera guhatanira intebe iruta izindi 2026,nk’uko byatangajwe n’ishyaka rye rya NRM( National Resistance Movement) yryemeje ko uyu mukabwe azongera kurihagararira mu matora ya Perezida wa Repubulika azaba muri Mutarama umwaka utaha wa 2026. Perezida Yoweri Kaguta Museveni yagiye
Rwanda:Ni fake news RDF ivuga kubyabitiriwe k’ubuzima bwa Perezida Paul Kagame.
Mu butumwa bwanyujijwe k’urukuta rwa Twitter rw’igisirikare cy’U Rwanda RDF buvuga ko itangazo ryasowe n’abantu bataramenyekana buvuga k’ ubuzima bwa Perezida w’U Rwanda butameze neza ari ibihuha cyangwa Fake news nk’uko RDF yabyanditse. Hamaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga zabarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bandika
RDC: Imirwano ikomeje gukara muri Nyangezi
Imirwano ikaze ikomeje guhanganisha abarwanyi bo m’umutwe wa m23 nabo m’umutwe wa Wazalendo mu bice by’intara ya Kivu y’amajyepfo cyane mu gice cya Nyangezi. Amakuru ava Nyangezi aremeza ko abarwanyi ba Wazalendo bateye ibirindiro by’umutwe wa m23 bihereye muri Nyangezi ,maze umutwe wa
Gen Maj Muhoozi yiyemeje kurwanya Wazalendo n’abandi nkabo
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka Maj Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko mu mitwe yitwaje intwaro agiye kurwanya ku ikubitiro harimo umutwe wa Wazalendo. Ibi Muhoozi yabitangaje k’urukuta rwe rwa Twitter aho yavuze ko atazihanganira ibikorwa bibi by’uyu mutwe mukubuza umutekano abaturage
Gen.Muhoozi yasabye Perezida Tshisekedi gukura Gen Luboya muri Ituri
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka Maj Gen Muhoozi kenerugaba yatangaje ko umutekano wa Perezida Tshisekedi urinzwe ariko amusaba ko akwiye gukora ibishoboka byose agakura umuyobozi wa Gisirikare w’intara ya Ituli kubuyobozi bw’iyo ntara,Gen Johnny Luboya Nkashama ko igihe cye kibaze, Muhoozi
Iran na Israel mu Ntambara y’Ikoranabuhanga: Intwaro n’Ubwirinzi bugezweho biri hagati mu makimbirane
Mu gihe ibihugu bibiri bikomeye mu Burasirazuba bwo Hagati, Iran na Israel, bikomeje guterana amagambo n’ibisasu, uburyo bugezweho mu gukoresha intwaro n’indege z’intambara nibwo bugena uko ibibera ku rugamba bigenda. N’ubwo igihugu gishobora kugira abasirikare benshi kandi b’intwari, igihe kidafite ibikoresho bijyanye n’igihe,
Urutonde rw’abaperezida 7 bafite imiyoborere mibi kurusha abandi muri Afurika mu 2025
Urutonde rw’abaperezida 7 bafite imiyoborere mibi kurusha abandi muri Afurika mu 2025 Icyo urutonde rushingiraho: Uburyo igihugu kiyobowe (neza cyangwa nabi), kubahiriza uburenganzira bw’ibanze bw’abaturage, kuba umuyobozi ufite icyerekezo rusange kandi gihuriweho, ivangura ry’ubutegetsi rishingiye ku nyungu bwite cyangwa ku gushaka gukundisha
Umusore w’imyaka 20 yasanzwe yapfiriye mu ishyamba, hakekwa irondo
Mu gitondo cyo ku wa 22 Kamena 2025, mu Mudugudu wa Rusisiro, Akagari ka Matyazo mu Murenge wa Ngoma, Akarere ka Huye, habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 20 witwa Nkurunziza Patrick, aho bivugwa ko yagiririwe nabi nyuma yo gufatwa n’abanyerondo b’umwuga. Amakuru aturuka mu
RDC: Ese koko SADC yaricyuye abarwanyi ba FDLR koko?
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ,tariki ya 22Kamena 2025 nibwo hatashye abandi basirikare ba SADC bari mu butumwa bwa SAMIDRC m’Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ,abatashye bose hamwe bakaba bagera kuri 461,bagizwe na 317 b’Afurika Y’Epfo ni 144 ba Malawi