Muhoozi Kainerugaba wavuze ko agiye guhiga abazalendo, igisirikare cye cyifatanyije na FRDC mu guhiga wazalendo.
Muhoozi Kainerugaba wavuze ko agiye guhiga abazalendo, igisirikare cye cyifatanyije na FRDC mu guhiga wazalendo. Nord-Kivu: Imirwano ikaze i Muhola hagati ya FARDC-UPDF n’inyeshyamba za Maï-Maï. Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, tariki ya 26 Kamena, habaye imirwano
RDC:Nzaba uwa mbere kugutorera guhabwa Prix Nobel intambara nihagarara Tshisekedi abwira Trump
Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yasezeranije Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika ,kuzaba uwa mbere mukumutora mu gihe amasezerano agiye gusinywa hagati yiki gihugu n’igihugu cy’u Rwanda . Yagize ati:”Nzaba uwa mbere mugutorera Donald Trump ko ahabwa igihembo kitiriwe
Gitifu w’Akagari ka Kizura yafashwe n’inzego z’ubugenzacyaha akurikiranyweho gufungira abaturage mu biro
Banyangiriki Alphonse, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kizura mu Karere ka Rusizi, yatawe muri yombi akekwaho gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho bivugwa ko yajyaga afungira abaturage mu biro by’akagari. Amakuru y’itabwa muri yombi rya Banyangiriki yatangiye kumenyekana ku wa 26
Lubero: Imirwano ikaze yashyamiranyije umutwe wa Wazalendo n’igisirikare cya UPDF ifatanyije na FARDC
Muri teritwari ya Lubero mu ntara ya Kivu y’amajyaruguru imirwano ikaze hagati ya Wazalendo n’Ingabo za Repubulika iharanira demokarasi ya Congo(FARDC) zifatanije n’Ingabo za Uganda(UPDF) byatumye imirimo y’ubucuruzi ihagarara. Ibi byabereye muri teritwari ya Lubero ,chefferie ya Baswagha, gurupoma ya Muhola, loocalite ya
Iran ku mwanya wa 3 ku Isi mu kugira ba injeniyeri; Intambara y’ubwenge
Iran ku mwanya wa 3 ku Isi mu kugira ba injeniyeri: Intambara y’ubwenge yatinze gufatwa nk’inkubiri y’ubwirinzi bushya n’ibihugu byo mu Burengerazuba Irani isohora ku isoko ry’umurimo aba injeniyeri 233,700 buri mwaka. Uyu ni umubare w’abanyeshuri barangiza amasomo y’ikoranabuhanga buri mwaka muri
Burundi, abakozi ba za ambasades babaye abambuzi.
Burundi, abakozi ba za ambasades babaye abambuzi. Kuva mu mpera z’umwaka wa 2021, Brigadier General w’igipolisi Bertin Gahungu, ushinzwe umutekano muri Ambasade y’u Burundi ku cyicaro cya ONU i New York, yanze gusubira mu gihugu nk’uko byategetswe na Leta ya Gitega. Umupolisi
Mu ntara ya Ngozi, hari abanyeshuri bashimuswe na Leta iyobowe na CNDD-FDD, baburiwe irengero.
Mu ntara ya Ngozi, hari abanyeshuri bamaze imyaka myinshi bashimuswe na Leta iyobowe na CNDD-FDD, baburiwe irengero. Umwe muri abo banyeshuri ni uwitwa Irakoze Emery, umuryango we ukaba ukeneye kumenya ukuri ku ishimutwa yakorewe muri 2017 i Ngozi. Imyaka umunani irashize umuryango
Ubuzima bubi bw’imbonerakure ku rugamba muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo.
Imbonerakure, ku miterere yazo, ni urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD rwakomeje gukoreshwa mu bikorwa bijya gusa n’iby’igisirikare birimo kugenzura abaturage, kwikoma abatavuga rumwe n’ubutegetsi, gukora ibikorwa byo guhashya abarwanya ubutegetsi mu buryo butemewe n’amategeko. Mu gihe zimaze gufatwa nk’inkingi y’ubutegetsi, zikoreshwa nk’igisirikare cyo hanze
RDC:Urugamba ntirurwanwa n’amagambo Perezida Kabila abwira Perezida Tshisekesdi
Perezida Joseph Kabila Kabange wayoboye igihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo imyaka 18 yibiye ibanga mugenzi we wamusimbuye Perezida Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo Alias Beton,amugaragariza ko afite amahitamo atatu gusa atarenga. Perezida Felix Antoine Tshisekedi yabwiwe ko asigaranye amahitamo atatu gusa aryo
TRUMP yashyizeho agahenge hagati ya Iran na Israel, ibihugu byombi birashinjanya kutubahiriza ako gahenge.
TRUMP yashyizeho agahenge hagati ya Iran na Israel, ibihugu byombi birashinjanya kutubahiriza ako gahenge. Ku wa 24 Kamena 2025, Iran na Israel binjiye mu masezerano y’agahenge, ariko ako gahenge kavugwaho ko kari kabangamiwe cyane n’uko impande zombi ziregana kukarengaho mu masaha ya