AFC/M23yagaragaje uburyo yasuzuguwe na Tshisekedi Felix nyuma yuko bafashe Bunagana

AFC/M23yagaragaje uburyo yasuzuguwe na Tshisekedi Felix nyuma yuko bafashe Bunagana

Jan 28, 2026

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwatangaje ko bwigeze kugerageza kwegera Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, nyuma yo gufata umujyi wa Bunagana, mu rwego rwo gushaka inzira ya politiki yahagarika imirwano, ariko ngo icyo cyifuzo cyateshejwe agaciro. Nk’uko byatangajwe, Bunagana yafashwe

Read More
MRDP Twirwaneho iratanga impuruza y’ibitero biri gutegurwa n’ihuriro rya Kinshasa mu bice bya Minembwe na Fizi

MRDP Twirwaneho iratanga impuruza y’ibitero biri gutegurwa n’ihuriro rya Kinshasa mu bice bya Minembwe na Fizi

Jan 26, 2026

Umutekano w’abaturage bo mu misozi miremire ya Kivu y’Amajyepfo uravugwaho impungenge zikomeye, nyuma y’amakuru avuga ko hari ingabo n’imitwe yitwaje intwaro bikomeje kwinjizwa muri utu duce mu buryo budasanzwe. Ibyo byatangajwe n’umutwe wa MRDP–Twirwaneho, uvuga ko mu bice birimo Fizi, Itombwe na Uvira

Read More
Igisirikare cya USA kigiye gutoza igisirikare cya RDC n’icy’u Burundi

Igisirikare cya USA kigiye gutoza igisirikare cya RDC n’icy’u Burundi

Jan 26, 2026

Umugaba mukuru w’ingabo za Kongo FARDC yoherereje abakuru b’ingabo telegram ya gisirikare yihutirwa abasaba gutoranya no kohereza byihuturwa abasirikare bazajya mu mutwe udasanzwe uzatozwa kandi ugakorana n’ingabo za Amerika muri Congo mu kwisubiza buri sentimetero yose y’ubutaka bwabo no kurinda ubusugire bwa Congo

Read More
Afc/m23 yamaganye ibitero biri kugabwa na leta ya Kinshasa ku baturage

Afc/m23 yamaganye ibitero biri kugabwa na leta ya Kinshasa ku baturage

Jan 26, 2026

Umuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka yatangaje ko iri huriro ryamaganye ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC, Wazalendo n’Abarundi byahitanye abasivili mu gace ka Minzenze. Ni ibitero byagabwe ku wa Gatandatu tariki ya 24 Mutarama 2026. Bikaba byanifashishijwemo

Read More
Nukuzana Bobi Wine ari muzima cyangwa ari umupfu/Gen Muhoozi Kainerugaba

Nukuzana Bobi Wine ari muzima cyangwa ari umupfu/Gen Muhoozi Kainerugaba

Jan 26, 2026

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yatangaje ko amabwiriza mashya ingabo zahawe ari ukuzana Bobi Wine  umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi uri mu bwihisho “ari muzima cyangwa apfuye”. Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yanditse ku rubuga rwa X, ko mu masaha 24 bari bahagaritse gushakisha Robert Kyagulanyi 

Read More
U Rwanda rwemereye USA ko rufitanye imikoraniye n’umutwe wa Afc/m23

U Rwanda rwemereye USA ko rufitanye imikoraniye n’umutwe wa Afc/m23

Jan 24, 2026

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ifitanye imikoranire mu by’umutekano n’umutwe wa AFC/M23, ishingiye ku nyungu zihuriweho zo kurinda Abatutsi bamaze igihe bibasirwa n’umutwe wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi byatangajwe n’Ambasaderi w’u

Read More
Nta numwe wadukumira dushatse gusubira mu mujyi wa Uvira/Corneille Nangaa

Nta numwe wadukumira dushatse gusubira mu mujyi wa Uvira/Corneille Nangaa

Jan 23, 2026

Umuyobozi w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, yatangaje ko abarwanyi babo bashatse gusubira mu Mujyi wa Uvira, babigeraho kuko nta wabakumira. Mu nama yahurije abanyamuryango ba AFC/M23 mu Mujyi wa Bukavu tariki ya 21 Mutarama 2026,

Read More
Intumwa z’Ingabo z’u Rwanda zageze muri Maroc

Intumwa z’Ingabo z’u Rwanda zageze muri Maroc

Jan 21, 2026

Intumwa za Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda na RDF ziyobowe na Brigadier General Patrick Karuretwa, Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubufatanye Mpuzamahanga mu bya Gisirikare, ziri i Rabat mu Bwami bwa Maroc kuva taliki 18 kuzageza ku ya 22 Mutarama 2026, aho ziri kwitabira inama ya

Read More
Muyaya Patrick yahawe gasopo na Olivier Nduhungirehe minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda

Muyaya Patrick yahawe gasopo na Olivier Nduhungirehe minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda

Jan 18, 2026

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yihanije Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo washinje Ingabo z’u Rwanda n’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 ubujura. Patrick Muyaya ku wa 16 Mutarama 2026 yanditse ku mbuga nkoranyambaga ko itangazo rya AFC/M23 rimenyesha umuryango mpuzamahanga

Read More
Ibigezweho mu matora ya Uganda n’uburyo Museveni ashobora kwegukana itsinzi

Ibigezweho mu matora ya Uganda n’uburyo Museveni ashobora kwegukana itsinzi

Jan 17, 2026

Mu gihe habura amasaha make ngo Komisiyo y’Amatora muri Uganda itangaze ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu, imibare iri kugaragaza ko nta gihindutse yegukanwa na Yoweri Kaguta Museveni kandi ku kinyuranyo kinini. Ku wa 15 Mutarama 2026 nibwo Abanya-Uganda bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Read More