RDC: M23 yafashe utundi duce muri Kivu y’Amajyepfo
Imirwano ikaze yongeye kuba hagati y’abarwanyi ba Wazalendo n’abarwanyi b’umutwe wa m23 ,ni yabaye ku munsi wejo muri teritwari ya Walungu,mu ntara ya Kivu y’amajyepfo. Iyi mirwano yabeye ejo kuwa Gatandatu,muri territoire ya walungu, muri localité za KANIOLA ,BURHALE,KANKINDA,na CHIHANDE yaturutse kuri Wazalendo
Isesengura ry’imiterere y’imitwe y’inyeshyamba muri RDC: aho “wazalendo” ishingiye ku nyungu z’abategetsi.
Isesengura ry’imiterere y’imitwe y’inyeshyamba muri RDC: aho “wazalendo” ishingiye ku nyungu z’abategetsi. Mu ntambara z’igihe kirekire zibangamiye uburenganzira n’umutekano w’abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), akenshi hibandwa ku mitwe yitwaje intwaro nka M23, CODECO, FDLR, n’abandi bazwi nk’inyeshyamba. Nyamara, ubushakashatsi
Aya masezerano ntazabe amasigarakicaro nk’ayo u Rwanda na RDC bagiye basinya/Nduhungirehe Olivier
Mu ijambo minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb Nduhungirehe J P Olivier yavuze nyuma yo gushyira umukono ku masezerano y’amahoro yasinywe hagati ya Repubulika iharanirademokarasi ya Congo n’u Rwanda ,uyu minisitiri yasabye Perezida Donald Trump ko akwiye gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ryaya masezerano
Imitwe yitwaje intwaro mu Ntara ya Ituri yiyemeje guhagarika ibikorwa by’urugomo
Ku wa 27 Kamena 2025, imitwe inyuranye ikorera mu Ntara ya Ituri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, irimo na CODECO, yemeranyije guhagarika ibikorwa by’ubugizi bwa nabi no kurwana. Aya masezerano yagezweho nyuma y’imishyikirano yamaze iminsi itanu yabereye muri teritwari ya
MI6 yatangaje ko ihagaze kure n’inkomoko ya sekuru wa Blaise Metreweli, uherutse kugenwa nk’Umuyobozi wayo mushya
Urwego rw’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutasi bw’u Bwongereza (MI6), rwatangaje ko rwatandukanye n’amateka y’umuryango wa Blaise Metreweli, uherutse gutangazwa nk’umuyobozi mushya warwo, akaba anazaba umugore wa mbere uruyoboye mu mateka yarwo y’imyaka 116. Nubwo Metreweli atazwi cyane mu ruhame, raporo zagiye ahabona zigaragaza ko sekuru,
RDC/Rwanda:Hamenyekanye amoko y’intwaro umutwe wa m23 watse FARDC mu mujyi wa Goma
Amazina ya zimwe mu mbunda umutwe wa m23 wanyaze igisirikare cya FARDC harimo 122 mm Howitzer M1938 M-30 ,M23 yazifashe zari ku marembo ya Goma zinarasa mu Rwanda.Ndetse banafashe za 122 mm howitzer 2A18 (D-30) zose zakoreshejwe muri za 2021 na 2025
IRAN: Igihe cyo guherekeza abaguye mu ntambara na Israël; igihugu cyateguye imihango y’icyubahiro.
IRAN: Igihe cyo guherekeza abaguye mu ntambara na Israël; igihugu cyateguye imihango y’icyubahiro. Téhéran, ku wa Gatandatu, tariki ya 28 Kamena 2025, Leta ya Iran yatangiye imihango y’icyubahiro ku rwego rw’igihugu yo guherekeza abasirikare bakuru n’abashakashatsi mu by’ubumenyi bwa kirimbuzi (nucléaire) bishwe mu
UGANDA: MUSEVENI YIHANANGIRIJE ABIMA ABANYARWANDA BO MURI UGANDA IBYANGOMBWA.
UGANDA: MUSEVENI YIHANANGIRIJE ABIMA ABANYARWANDA BO MURI UGANDA IBYANGOMBWA. Perezida Yoweri Kaguta Museveni yihanangirije abima Abanyarwanda bo muri Uganda ibyangombwa, bitewe no gukomeza gushidikanya ku bwenegihugu bwabo mu buryo budafite ishingiro. Itegeko Nshinga rya Uganda ryo mu mwaka wi 1995 ryemeza
Burundi: Imyaka 10 nyuma y’ibibazo bya politiki, ONU yatangaje raporo iteye impungenge.
Burundi: Imyaka 10 nyuma y’ibibazo bya politiki, ONU yatangaje raporo iteye impungenge. Raporo yatangarijwe i Genève, kuwa 26/2025 hasohotse raporo ivuga ko hashize imyaka icumi havutse ibibazo bikomeye bya politiki mu Burundi byatangijwe n’uwari Perezida Pierre Nkurunziza washakaga kwiyamamariza manda ya gatatu.