Perezida Kagame Paul na Perezida Felix Tshisekedi batumweho na Perezida Donald Trump
Perzida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe ZA amerika yatumiye i Washington Perezida Paul Kagame w’igihugu cy’u Rwanda na Perezida Felix Tshisekedi Tshilombo alias Beto Fatshi wa Repubulika iaharanira demokarasi ya Congo kubonana nawe. Trump yasinye ku butumire bwa bariya ba Perezida bombi
RDC:Minembwe FARDC yongeye kuharasa ikoresheje indege ya Sukoi 25
Ingabo za Repubulika iharanira demokarasi ya Congo FARDC,ndetse nabo bafatanya kurwanya umutwe wa Twirwaneho ubarizwa mu ihuriro rya AFC/M23, bazindutse barasa amabombe bakoresheje indege mu misozi ya Minembwe aho barashe indege yari izanye imiti ku mavuriro ari muri kano gace. Amakuru dukesha abaturage
RDC/Kinshasa:Amasezerano y’u Rwanda na RDC si inyandiko gusa/Perezida Tshisekedi
Mu ijambo Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yagejeje ku gihugu kuri uyu munsinwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 65 ,iki gihugu kibonye ubwigenge yatanagaje ko amasezerano igihugu cye cyagiranye n’u Rwanda atari inyandiko gusa ko ari icyizere cy’anahoro. Yagize ati:”ibirori by’uyu munsi bifite
U Burusiya bwagabye igitero gikomeye ku nganda za gisirikare muri Ukraine
Mu ijoro ryo ku wa 29 Kamena 2025, u Burusiya bwakoze igitero cy’ubukana kigabwa ku bikorwa remezo bya gisirikare muri Ukraine, by’umwihariko ku nganda zikora intwaro ndende n’indege zitagira abapilote, ndetse n’izitunganya ibikomoka kuri peteroli. Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko icyo gitero
RDC:Kubeshya ko nta kibazo kiri muri RDC ko ari ikibazo cya Kigali na Kinshasa byaba ari ubushukanyi butakihanganirwa/Nangaa Corneille
Umuhuzabikorwa w’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo (AFC/M23) Corneille Nangaa yatangaje ko amasezerano aherutse gusinywa hagati y’ubwo butegetsi n’ubutegetsi bw’u Rwanda ,i Washington ari intambwe ituzuye ariko ko ari amasezerano y’ingenzi. Mu ijambo yavuze ko ageneye abaturage ba Repubulika iharanira
Iran ishyize ingaruka z’ibitero bya Amerika mu rukuta rw’ibiganiro kuri nucléaire
Iran yatangaje ko ititeguye gusubira mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bijyanye n’intwaro za kirimbuzi (nucléaire), igihe cyose hatabayeho ibisobanuro birambuye ku byerekeye ibitero Amerika iheruka kuyigabaho. Kuwa 22 Kamena 2025, Leta ya Amerika yagabye igitero ku bice bikomeye bya
RDC:ONU yahagaritse iperereza ku byaha byakorwaga m’Uburasirazubwa bwa RDC kubera kubura amafaranga
Mu rugendo rwiwe mu kwezi kwa kane 2025,Volker Turk uyobora OHCHR yavuze ko abaturage bo mu ntara ya Kivu Y’Amajyaruguru na Kivu Y ‘Amajyepfo bihebye,barushye cyane ,bacitse intege kubera imyaka mirongo bamaze mu ntambara. Ishami rya ONU rishinzwe uburenganzira bwa muntu OHCHR ryashinze
RDC:Menya amasezerano yose RDC yagiye isinya agamije gusenya FDLR akaba amasigarakicaro
KANDA HANO UBONE VIDEO YIBIBAYE IMURENGEGuhera umutwe w’iterabwoba wa FDLR ushinzwe n’abagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, watangiye gukora ibikorwa bibuza umutekano abaturage b’u Rwanda ndetse n’abanyekongo batuye m’uburasirazuba bw’iki gihugu ,cyane cyane abo mu bwoko bw’Abatutsi nk’uko raporo
RDC: Byongeye gusubira ibubisi ibya Tshisekedi na Martin Fayulu
KANDA HANO UBONE VIDEO YIBIBAYE IMURENGEMu ntangiriro za Kamena 2025, Fayulu warwanyaga ubutegetsi bwa Tshisekedi kuva bwajyaho mu 2019, yatangaje ko ashaka guhuza imbaraga n’uyu Mukuru w’Igihugu kugira ngo barwanye Joseph Kabila n’ihuriro AFC/M23 nkuko babikoraga buriwese kuruharerwe. Tariki ya 4 Kamena, Tshisekedi
Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump
Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump Mu butumwa bwe ku rukuta rwe rwa X, uwahoze ari perezida wa Kongo Kinshasa, bwana Joseph Kabila, yatangaje amagambo akomeye agaragaza ko amasezerano yakorewe imbere ya Trump ntacyo avuze ku ntambara iri kubera muri