Perezida Kagame yavuze ku bafasha interahamwe n’abibasira u Rwanda
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rutazatezuka ku rugendo rwo kwirinda no gusigasira umutekano warwo, nubwo amahanga akomeje kurushinja impamvu zidafite ishingiro, zirimo gushaka amabuye y’agaciro ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi yabitangarije mu birori byo kwizihiza imyaka 31 ishize
Elon musk yagaragaje icyatumye ashinga ishyaka rya politike
Umuherwe w’Umunyamerika Elon Musk yatangije ishyaka rishya rya politiki yise America Party, avuga ko rigamije gusubiza ubwisanzure abaturage, no guhangana n’ibibazo byugarije Amerika birimo ruswa no gusesagura umutungo wa Leta. Iri shyaka ryatangajwe ku mugaragaro ku wa Gatandatu tariki ya 5 Nyakanga 2025,
Iyo zibeshya zigakomeza kurasa zari kubona urupfu/Perezida Kagame Paul
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Perezida Paul Kagame yatangaje ko ingabo z’umuryango w’ubukungu w’Afurika y’Amajyepfo SADC zari zaje mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo zari zifite gahunda yo kurasa u Rwanda,gusa ashimangira ko iyo zibeshya zigakomeza kurasa zari guhura n’urupfu. Perezida Paul
Leta y’Uburundi ihakana ibivugwa na TV5 Monde ivuga ubucuruzi bw’abantu n’ubuja bukorerwa abarundikazi muri Arabia Saoudite.
Leta y’Uburundi ihakana ibivugwa na TV5 Monde ivuga ubucuruzi bw’abantu n’ubuja bukorerwa abarundikazi muri Arabia Saoudite. “Baracuruzwa nk’ibintu”, umurundikazi aratabaza avuye muri Arabia Saoudite Leta y’Uburundi yamenyesheje ko yagaye ibyasohowe na televiziyo TV5 Monde, by’uko hari abarundikazi boherezwa muri Arabia Saoudite kugira
Twafashe icyemezo ko ingabo z’u Rwanda zizaba umusingi wo guhindura igihugu/ brig Gen Rwivanga
Mu kiganiro n’itangazamakuru umuvugizi w’iIngabo z’u Rwandayakoze asobanura ibyerekeranye n’urugamba rwo kubohora igihugu no guhagarika Jenoside yakorerwaga Abatutsi 1994 yasobanuye uburyo bafashe ibyemezo bikomeye n’uburyo bemeje ko ingabo z’u Rwanda arizo zizagira uruhare rukomeye mu guhindura isura y’igihugu. Yanagaragaje uburyo kwibohora nyabyo kwabonetse
Akazi cyangwa Ubucakara? Abarenga 17,000 b’abarundi boherejwe mu bihugu by’abarabu, bamwe baragarutse barakomerekejwe.
Akazi cyangwa Ubucakara? Abarenga 17,000 b’abarundi boherejwe mu bihugu by’abarabu, bamwe baragarutse barakomerekejwe. Byibura abarundi 17,000 bamaze koherezwa ku mugaragaro mu bihugu by’abarabu, aho bajyanywe mu rwego rwo gukorera yo akazi binyuze mu masezerano y’ubufatanye hagati ya Leta y’ Uburundi na Arabiya Sawudite.
RDC/AFC,M23:Niba bashaka ko dusubira mu biganiro biduhuza nabo i Doha nibubahirize ibyo tubasaba
Mu kiganiro ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa ryagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Kane ,tariki ya 3Nyakanga 2025 watangaje ko ufite ubushake bwo gusubira mu biganiro bibahuza n’ubutegetsi bwa Kinshasa gusa ugira ibyo usaba ubwo butegetsi bukwiye kubahiriza kugira ngo iri huriroribe ryakitabira ibi
Akazi katoroshye ingabo zakoze mu buvuzi mu mezi atatu(Amafoto)
Minisitiri w’Ubuzima w’u Rwanda, Dr. Sabin Nsanzimana, yagaragaje ishimwe rikomeye ku gikorwa cy’ubuvuzi bwakorewe abaturage barenga ibihumbi 40, gifatanyijwemo n’inzobere mu buvuzi zaturutse mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) hamwe n’inzego z’umutekano z’u Rwanda. Yabitangaje ku wa Kane, tariki ya 3
AFC/M23 yavuze ku hazaza hayo nyuma y’amasezerano ya DRC n’u Rwanda
Ihuriro rya politiki n’igisirikare Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) riteganya kugira icyo ritangaza ku cyerekezo ryahisemo nyuma y’ihungabana ryagaragaye mu biganiro by’amahoro byaberaga i Doha muri Qatar, aho ryari rimaze igihe riganira n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi biteganyijwe gutangazwa mu
Menya aho izina rya Radio Muhabura ryaturutse
Izina Muhabura risobanura guhabura umuntu wayobye ,inkotanyi igihe zavaga mu gihugu cya Uganda zashinze Radio ziyita Muhabura bagamije guhabura abahabye kubera ubutegetsi bwa Maj Habyalimana Juvenal ,iyi Radio rero yitiriwe igitekerezo cyo kugarura mu murongo abanyarwanda bayobye. Iyi Radio ikaba yaragize uruhare runini