RDC/UGANDA:Umupaka wa Bunagana wongeye gufungurwa na AFC/M23 k’ubufatanye na Perezida Museveni
Umupaka wa Bunagana wongeye gufungurwa na AFC/M23 k’ubufatanye na Perezida Museveni ni umupaka wari warafunzwe guhera mu kwezi kwa Gatandatu umwaka wa 2022,ukaba wari wafunzwe n’umutwe wa m23 ukimara gufata aka gace ka Bunagana gahana imbibi n’igihugu cya Uganda. Uyu mupaka wafunguwe mu
Aimable Karasira yavuze impamvu itangaje yatumye asanganywa amafaranga menshi
Aimable Karasira yongeye gusubira imbere y’urukiko yiregura ku nkomoko y’umutongo we n’iyezandonke ashinjwa, yinubira gusabwa gusobanura inkomoko ya buri faranga yatunze kandi biri mu bintu atitaho cyane mu buzima bwe. Mu iburanisha ryo ku wa 8 Nyakanga 2025, Karasira n’ubunganizi be bagenewe umwanya
Musanze:Inzoga zashyize akadomo ku buzima bw’umuturage
Ryambabaje, w’imyaka 35, wari utuye mu Kagari ka Nturo, Umurenge wa Rwaza mu Karere ka Musanze, yasanzwe yapfiriye aho yari yacumbikiwe na mubyara we. Birakekwa ko yishwe n’inzoga nyinshi yakundaga kunywera mu nda nsa. Amakuru avuga ko ku wa 6 Nyakanga 2025 yari
Urubanza rwa Ingabire Victoire rwasubitswe
Mu gitondo cyo kuwa 8 Nyakanga 2025 umunyapolitiki utavugwa rumwe na Leta, Ingabire Victoire habereye urubanza rwabereye ku Rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro aho yari yunganiwe na Me Gatera Gashabana. Ingabire Victoire yavuze ko hari amajwi ari muri sisisteme atabashijr kumva. Ni amajwi yakuwe
Abagize Umuryango wa Perezida Tshisekedi bakurikiranyweho ubusahuzi bw’amabuye y’agaciro
Ubushinjacyaha bwo mu gihugu cy’u Bubiligi bwashyikirijwe ikirego gishingiye ku byaha bikomeye byo kwiba amabuye y’agaciro, bivugwa ko byakozwe n’abantu icyenda bo mu muryango wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi. Abo bantu bashinjwa kugira uruhare mu busahuzi bw’amabuye y’agaciro
U Rwanda rwagize impungenge kubacacuro RDC ikomeje kuzana,rwagize impungenge ku masezerano ya Washington
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe atangaza ko nubwo u Rwanda rufite icyizere ku Masezerano y’Amahoro ruherutse gusinyana na DRC i Washington, ariko gicagase, kuko iki Gihugu gikomeje kuzana intwaro za rutura mu burasirazuba bwacyo ndetse cyanazanye abandi bacancuro. Ibi byose biri
Afurika Y’Epfo:Minisitiri wa Polisi arashinjwa gukorana n’agatsiko k’abagizi ba nabi
Minisitiri wa Polisi muri Afurika Y’Epfo arashinjwa gukorana n’amatsinda y’abagizi ba nabi no kwivanga mu iperereza rya Polisi ku bwicanyi bufitanye isano n’abanyepolitike n’ibindi byaha byakorewe mu ntara ya KwaZulu-Natal. Minisitiri Senzo Mchunu yashinjwe ibi bikorwa bishobora kuba bigize ibyaha ,nyuma yuko agaragaye
Perezida Museveni yavuze ku byo guha ubwenegihugu impunzi z’Abanyarwanda muri Uganda
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko impunzi z’Abanyarwanda zituye muri icyo gihugu zidashobora guhabwa ubwenegihugu bwa Uganda, kuko amategeko ahari ubu atabyemera. Ibi yabigarutseho ku wa 7 Nyakanga 2025, asubiza ibibazo ku bibazo bimaze igihe bivugwa bijyanye n’uburenganzira bw’abimukira bakomoka mu
Uwari Minisitiri w’Ubwikorezi mu Burusiya yapfuye nyuma yo gukurwa ku mirimo
Roman Starovoit, wahoze ari Minisitiri w’Ubwikorezi mu Burusiya, yapfuye ku wa Mbere tariki ya 7 Nyakanga 2025, nyuma y’amasaha make akuwe kuri izi nshingano na Perezida Vladimir Putin. Umurambo we wasanzwe muri kimwe mu bice byo mu Murwa Mukuru wa Moscow, aho bawusanze
Bamwe mu banyapolitiki n’abasirikare bakomeye ba RDC bashinjwa kugirana ibiganiro na AFC/M23
Hari amakuru yemeza ko bamwe mu banyapolitiki bakomeye ndetse n’abayobozi b’ingabo bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bamaze igihe mu biganiro n’abahagarariye ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo umutwe wa M23, hagamijwe kuba baryinjiramo. Ibi byagaragajwe na raporo y’impuguke z’Umuryango