Donald Trump yahaye Vladimir Putin iminsi 50 yo kurangiza intambara muri Ukraine.
Donald Trump yahaye Vladimir Putin iminsi 50 yo kurangiza intambara muri Ukraine. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku wa mbere tariki 14/7/2025 yatangaje ko yahaye Uburusiya ultimatum y’iminsi 50 ngo buhagarike intambara muri Ukraine, bitaba ibyo bugafatirwa ibihano
Intambara nshya ishobora kwambukiranya imipaka.
Intambara nshya ishobora kwambukiranya imipaka. Uko ibikorwa by’intambara bikomeje kwiyongera mu bice bya Uvira no muri Kivu y’Epfo, imitwe yitwaje intwaro irimo FARDC, abarundi, Wazalendo ndetse n’abacanshuro baragenda biyongera ku rugamba, mu gihe M23 ikomeje kugaragaza imbaraga zidasanzwe. Ibi biri gutuma agace
RDC:Teritwari ya Kabare yongeye kuba isibaniro ry’abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo nabo mu mutwe wa M23
Byakugora ko wabona umunsi ushize utumvise ko muri Teritwari ya Kabare hongeye kuba isibaniro ry’abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo nabo mu mutwe wa M23,ni nako byagenze ku munsi wo ku Cyumweru aho umutwe wa m23 wongeye gusakirana n’umutwe wa Wazalendo mu mirwano
Rubavu:Umugore yicishije umugabo we ishoka kubera urukundo
Ubushinjacyaha bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Rubavu dosiye y’umugore ukekwaho kwica umugabo babanaga mu buryo butemewe n’amategeko, nyuma y’uko amubonanye n’undi mugore mu Karere ka Burera. Iki gikorwa gishinjwa uwo mugore cyabaye mu ijoro ryo ku wa 25 Kamena 2025, mu Mudugudu wa Yungwe,
RDC, Intambara yarenze amasasu, yinjiye mu ikoranabuhanga.
RDC, Intambara yarenze amasasu, yinjiye mu ikoranabuhanga. FARDC yazamuye ubushobozi mu guhangana n’indege zitagira abapilote (drones) za M23. FARDC yazanye ikoranabuhanga rishya ryo guhangana na drones; ingabo za Leta ya RDC (FARDC) byemejwe ko zamaze kugura no kohereza (deployment) Bel D4
Bihinduye isura, indege itinyitse ya SUKHOI ku rugamba rwo kurwanya abayiguriye.
Bihinduye isura, indege itinyitse ya SUKHOI ku rugamba rwo kurwanya abayiguriye. Nyuma y’amezi menshi indege ya gisirikare yo mu bwoko bwa SUKHOI isenyutse ikanatereranwa ku kibuga cy’indege cya Goma kubera igitutu gikomeye cy’ingabo za Leta (FARDC), iyi ndege yashoboye gusubizwa mu kazi.
Perezida Kagame yirukanye abakozi 219 ba RCS, anazamura abandi mu ntera
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yafashe icyemezo cyo gusezerera abakozi 219 bo mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS), barimo ACP Dr. George Ruterana wari ushinzwe ishami ry’ubuzima muri uru rwego. Iri tangazo ryasohowe na RCS ku wa 11 Nyakanga 2025, ntiryatangaje
RDC:Byinshi mutamenye ku ngabo za FARDC,FDLR,FNDB na Wazalendo zoherejwe gutera Twirwaneho
Grupoma ebyirii zo muri teritwari ya Uvira arizo iya Runingu n’iya Kigoma mu ntara ya Kivu y’Epfo, n’izo zoherejwemo abasirikare benshi ba Leta ya Repubulika Iharanira Demokrasi ya Kongo barimo abasirikare ba FARDC, n’abarwanyi bo mu mitwe yitwaje intwaro ya FDLR na Wazalendo
Canada:Menya uko byifashe mu rubanza rw’umunyarwanda ushinjwa kwica umugore we amuteye icyuma
Urukiko rwo muri Canada ruzasoma urubanza rwa Ramadhan Nizigiyimana ku wa 18 Nzeri 2025, aho ashinjwa kwica umugore we amuteye icyuma inshuro nyinshi, mu gikorwa cyabaye ku wa 3 Ukwakira 2021. Uyu mugabo yageze muri Canada mu 2020 avuye mu Rwanda, ari kumwe
Gatsibo:Umusore yivuganye nyina wamubuzaga gutereta umugore baturanye
Umusore w’imyaka 25 wo mu Murenge wa Muhura mu Karere ka Gatsibo, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo yo gukekwaho kwica nyina umubyara w’imyaka 60, amuziza ko amubuza gutereta umugore baturanye yari yarinjiye. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane