Umukozi w’Imana cyangwa igikoresho cya politiki?
Umukozi w’Imana cyangwa igikoresho cya politiki? Apôtre Mbayahaga Isidore akomeje gushinjwa guharabika u Rwanda no guhakirizwa ubutegetsi bwa CNDD-FDD. Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhangana n’ibibazo by’ubukungu, inzara n’iyicarubozo rikorerwa bamwe mu baturage, bamwe mu banyapolitiki n’abayobozi b’amatorero barashinjwa gukoreshwa
Goma: FDLR na Wazalendo bongeye kugaba igitero kuri M23 mubirindiro bitandukanye munkengero za Goma
Igisirikare cya FARDC gifatanyije n’umutwe wa Wazalendo ,ndetse na FDLR bongeye kugaba igitero gikomeye mu nkengero z’umujyi wa Goma . Ni igitero cyumvikanyemo urufaya rw’amasasu yimbunda zubwoko bwose kuva 19h 20 muri territoire ya NYIRAGONGO mu bice bya Mugunga ndetse n’ibindi byinshi nk’uko
Umusenateri w’imyaka 89 yatorewe kuyobora Inama y’Urubyiruko rwa Yaoundé.
Umusenateri w’imyaka 89 yatorewe kuyobora Inama y’Urubyiruko rwa Yaoundé. Mu buryo butunguranye kandi bwatangaje benshi, Umusenateri Pierre Henri w’imyaka 89 y’amavuko yatorewe ku bwiganze busesuye (100%) kuba Perezida w’Inama y’urubyiruko rwa Yaoundé, mandat izamara imyaka 4 ishobora kongerwa. Iri torwa ryabaye
Rutshuru: Imirwano irakomeje hagati ya AFC/M23 na FDLR-CMC n‘ubwo amasezerano ya Doha atarahabwa agaciro.
Rutshuru: Imirwano Ikomeje hagati ya AFC/M23 na FDLR-CMC n‘ubwo amasezerano ya Doha atarahabwa agaciro. Imirwano ikaze yongeye kubaho mu bice bya chefferie ya Bwito mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho abarwanyi ba AFC/M23 bakomeje kurwana na CMC-FDLR, umutwe w’inyeshyamba wiyita Wazalendo, wiyita
Doha: Kinshasa na AFC/M23 bashyize umukono ku masezerano y’amahoro ariko se amahoro arashoboka aka kanya?
Doha: Kinshasa na AFC/M23 bashyize umukono ku masezerano y’amahoro ariko se amahoro arashoboka aka kanya? Mu murwa mukuru wa Qatar, Kinshasa na Alliance Fleuve Congo/M23 bashyize umukono ku masezerano y’agateganyo agamije guhagarika imirwano n’ugushaka amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya
Rutshuru:imirwano ikaze yongeye guhanganisha umutwe wa m23 n’umutwe wa Wazalendo muri Nyamilima
Rutshuru imirwano ikaze yongeye guhanganisha umutwe wa m23 n’umutwe wa Wazalendo muri Nyamilima ni imirwano yubuye guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 21Nyakanga 2025 guhera mu masaha ya saa kumi n’ebyiri . Iyi mirwano yubuye mu bice bya Sisa
Impanuka ikomeye y’ubwato yahitanye abantu barenga 30 mu kiyaga cya Ha Long, Vietnam
Nibura abantu 37 bitabye Imana abandi benshi baracyashakishwa nyuma y’impanuka y’ubwato yabereye mu kiyaga cya Ha Long giherereye mu Majyaruguru ya Vietnam, ahazwi cyane nk’ahantu h’ubukerarugendo bukomeye muri iki gihugu. Iyi mpanuka yabaye ubwo ubwato bwari butwaye ba mukerarugendo barimo abaturutse mu Murwa
Mossad Boulos yashimye Leta ya RDC na AFC/M23 kubera umukono bashyize ku mahame ndenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro arambye
Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yashimye impande zombi zashyize umukono ku mahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro hagati ya Leta ya DRC na AFC/M23, avuga ko bigaragaza intambwe ikomeye kandi iganisha ku mahoro arambye mu gukemura
U Rwanda rwishimiye isinywa ry’amahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23
U Rwanda rwishimiye isinywa ry’amahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23, yasinyiwe i Doha muri Qatar. U Rwanda ruvuga ko aya masezerano ari intambwe ikomeye iganisha ku kurangiza amakimbirane mu mahoro mu Burasirazuba bwa DRC, gukemura intandaro y’amakimbirane no
Qatar:Intumwa za Leta ya RDC na AFC/M23 basinyanye amahame ngenderwaho agamije amasezerano y’amahoro arambye
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasinyanye n’Ihuriro rya AFC/M23 amahame ngenderwaho agamije kubashyitsa ku masezerano y’amahoro arambye ,aya mahame agizwe n’ingingo zirindwi z’ingenzi.Arizo: 1.Amahame rusange: Impande zombi zemeye gukemura amakimbirane mu mahoro, hagamijwe kurinda umutekano w’Abanye-Congo. Leta ya RDC na AFC/M23 byemeranyije