Uvira na Kalemie uduce dufatiye runini ubukungu bw’Uburundi.
Uvira na Kalemie uduce dufatiye runini ubukungu bw’Uburundi. Uvira Aho iherereye: Uvira ni umujyi uri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo (Sud-Kivu), mu burasirazuba bwa RDC, ku nkombe z’ikiyaga Tanganyika. Uhera bugufi n’umupaka wa Gatumba uva i Bujumbura mu Burundi. Mu mateka: Uvira
America yagaragarije DRC ibyo igomba kuzibukira(kureka)
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zabujije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR kurwanya Leta y’u Rwanda,zibwibutsa ko uwo mutwe wafatiwe ibihano. Ni ubutumwa bwatanzwe n’Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika, Tammy Bruce, ku wa 23 Nyakanga
Ibivugwa kuri Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente.
Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente. Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho Dr Justin Nsengiyumva nka Minisitiri w’Intebe mushya, asimbura Dr Edouard Ngirente wari umaze imyaka umunani (2017–2025) ku buyobozi bwa Guverinoma.
Burundi: Minisitiri w’intebe yahinduye imirimo
Minisitiri w’Intebe w’u Burundi,Gervais Ndirakobuca usanzwe kuri uyu mwanya kuva muri Nzeri 2022 yatsinze amatora ya Sena yabaye ku wa 23 Nyakanga 2025. Ndirakobuca yagizwe umukandida w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi, ahagararira intara ya Bujumbura nyuma yo gusezererwa muri Polisi tariki ya 9
Kwegura cyangwa kuvanwa ku mirimo kwa Minisitiri w’Intebe ntibigarukira ku mwanya umwe.
Kwegura cyangwa kuvanwa ku mirimo kwa Minisitiri w’Intebe ntibigarukira ku mwanya umwe. Mu Rwanda, birakurikirwa n’iyegura ry’abagize Guverinoma bose, nk’uko biteganywa mu Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, mu ngingo ya 124 n’iya 125. Minisitiri w’Intebe ni inkingi ya Guverinoma Ingingo
Kigali: Utubari tudakora neza twabaye nk’umurwayi ubagwa nta kinya
Ubugenzuzi bwakorewe mu tubari 601 mu turere twose tw’Umujyi wa Kigali, ku wa Gatandatu tariki ya 19 no ku Cyumweru tariki ya 20 Nyakanga 2025, mu rwego rwo gusuzuma iyubahirizwa ry’amabwiriza agenga ubu bucuruzi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police
DRC:Umuyobozi wari waraburiwe Irengero yabonetse mu buryo butunguranye
Elias Kaombi, uyobora agace ka Busi gaherereye muri Lokarite ya Banaulengo, mu Gurupoma ya Luberike (Teritwari ya Walikale), mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagarutse mu rugo nyuma y’ibyumweru bibiri yari amaze ari mu maboko y’inyeshyamba bikekwa ko ari iz’umutwe wa
Ese Lt. Col. Willy Ngoma yaba yafunguwe?
Ese Lt. Col. Willy Ngoma yaba yafunguwe? Bimaze iminsi bivugwa n’ibitangazamakuru bitandukanye ko Lt. Col. Willy Ngoma yafunzwe mu buryo bwa discipline mu rwego rw’akazi. Lt. Col. Willy Ngoma, umuvugizi w’umutwe wa M23, yaba yarafunzwe mu buryo bwa discipline (ibihano bijyanye n’imyitwarire
Umugore yafatiwe mu cyuho afite ibiyobyabwenge muri Mageragere
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali, ku bufatanye n’abaturage, yafashe umugore witwa Mukamana Thamar w’imyaka 33, nyuma yo kumusangana ibiro bibiri by’urumogi hamwe n’udupfunyika 184 twarwo, mu gikorwa cyabaye ku wa Kabiri, tariki ya 22 Nyakanga 2025, ahagana saa tanu z’amanywa.
Amerika yaburiye abaturage bayo ku ngendo bakorera mu turere twa Rusizi na Rubavu
Leta Zunze Ubumwe Za Amerika zasabye abaturage bazo kwirinda gukorera ingendo mu turere tw’u Rwanda duhana imbibi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,kubera ko hari ibyago by’uko imirwano ishobora kwaduka hafi yatwo. Mu itangazo riburira ryasowe kuwa 16Nyakanga 2025 ryiswe Travel Advisor Leta