Kinshasa: Televiziyo Antenne A yatewe n’abantu bitwaje intwaro.
Kinshasa: Televiziyo Antenne A yatewe n’abantu bitwaje intwaro. Hari umwuka w’igitutu kuri uyu wa Kabiri, tariki 29 Nyakanga 2025, ku muhanda witwa “Avenue du Livre” uherereye muri komine ya Gombe, i Kinshasa. Inzego z’umutekano zifite intwaro ziremereye zinjiye ku ngufu mu nyubako
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahaye nyirantarengwa Perezida VladimirPutin
Perezida Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za Amerika yahaye nyirantarengwa y’iminsi 10 kugeza kuri 12, mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, akaba yahagaritse intambara kuri Ukraine. Ni imwe mu ngingo Perezida Donald Trump yagarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru nyuma yo kuganira na Keir
Uburundi: SNR yataye muri yombi umukozi wa Ambasade ya Congo, ukomeye mu muryango w’Abanyamulenge.
Uburundi: SNR yataye muri yombi umukozi wa Ambasade ya Congo, ukomeye mu muryango w’Abanyamulenge. Amakuru aturuka mu murwa mukuru w’ubukungu w’Uburundi, Bujumbura, aravuga ko ku cyumweru tariki 27 Nyakanga 2025, Urwego rw’Ubutasi rw’iki gihugu (SNR), ku bufatanye na Polisi n’Ingabo z’Uburundi, rwataye
Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza.
Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza. Umuvugizi wa M23 mu bijyanye na politike, bwana Lawrence Kanyuka yatangaje ku rukuta rwe rwa X amagambo asobanura ibyo abantu bibaza, akabayavuze ko: “Aho gushyira mu bikorwa ingamba zubaka icyizere hagati
Masunzu muri M23, yaba atagira isoni n’ikimwaro.
Biravugwa ko Masunzu yaba ari hagati nk’ururimi, Kinshasa ikaba yaramuhamagaye ngo agende afungwe, akaba ashaka kujya muri M23. Masunzu wari umukuru wa zone ya 3 ya gisirikare ya FARDC, ikorera mu ntara za Kivu ya Ruguru, Kivu y’Epfo n’izindi intara z’Iburasirazuba bwa
Burundi: ishyamba rya Kibira niryo riri gutorezwamo FDLR
Burundi: ishyamba rya kibira niryo riri gutorezwamo FDLR Ibikorwa bya gisirikare bya FDLR (Forces démocratiques de libération du Rwanda) biri kuba muri ishyamba rya Kibira riherereye mu burengerazuba bwo mu Burundi, abasirikare ba FDLR bari kwiyegeranyiriza muri iryo shyamba nk’igicumbi cyangwa ahabera
Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare.
Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare. ‘Ni nk’ikinamico, ni urukurikirane rw’ibintu bitumvikana, mu gihe igihugu kiri mu bibazo bya politiki bikomeye. Ufashe icyemezo nk’iki cy’akarengane kandi cy’ubugwari bukabije, ubutegetsi ntibwibaza ko uru rubanza rw’amafuti rwakongera gutanya abanyekongo kurushaho? Iki ni
Canada: Ununyapolitiki wavuze ko imibare y’abatutsi bishwe ikabirizwa ntajya imbizi n’Abanyarwanda baba muri icyo gihugu (Inkuru irambuye)
Abanyarwanda batuye muri Canada, bamaganye Umunyapolitiki, Yves Engler, uri guhatanira umwanya wo kuyobora ishyaka rya NDP (New Democratic Party), wigeze gupfobya Jenoside avuga ko imibare y’Abatutsi bishwe mu 1994 ikabirizwa. Mu 2017, Engler abinyujije ku rubuga rwe yavuze ko ibyo u Rwanda ruvuga
Ibishya byaranze guverinoma nshya yashyizweho
Minisiteri y’Ibidukikije yahawe Minisitiri mushya, Dr. Bernadette Arakwiye, akaba asimbuye Dr. Uwamariya Valentine, mu gihe Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yahawe Dominique Habimana muri Guverinoma nshya yashyizweho kuri uyu mugoroba. Dominique Habimana asimbuye Dr Patrice Mugenzi wari muri MINALOC kuva tariki 18 Ukwakira 2024. Ku
Umunwa wa Mbayahaga Isidore wamuhesheje amahirwe adasanzwe.
Umunwa wa Mbayahaga Isidore wamuhesheje amahirwe adasanzwe. Mbayahaga Isidore ugereranywa na KAJUGA Robert wo mu Rwanda nawe ahawe amahirwe ari ku rwego rumwe n’ayahawe KAJUGA Robert. Mbayahaga Isidore agereranywa na Robert Kajuga, cyane kandi ko bombi bahawe amahirwe yo gukora