Menya umukuru w’abacancuro ba black water Eric Prince uwo ariwe waraye afashwe na m23
Eric Prince ubundi amazina ye ni Dean Prince ni umucuruzi w’umunyamerika, washinze kompanyi yigenga inshinzwe umutekano (private military company) yitwa Blackwater yayishinze mu mwaka 1997 imwe mu zamenyekanye cyane ku Isi kubera ibikorwa byayo mu bihugu birimo Iraq na Afghanistan , kandi akaba
Komisiyo y’umuryango w’Ubumwe bw ‘Afurika na USA byamaganye igitero kiterabwoba cyabaye muri NIGER na Nigeria
Komisiyo y’Ubumwe bw’Afurika na Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika byamaganye igitero kiterabwoba cyabaye mu gihugu cya Nijeriya tariki ya 3 Gashyantare 2026 ndetse n’igitero cyabaye muri NIger ku kibuga cy’indege. Tariki ya 28 na 29 Mutarama 2026 mu mujyi wa Niamey naho habaye igitero
Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya yapfuye
Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya imyaka 42 kugeza mu 2011, Saif al-Islam Gaddafi, yiciwe muri iki gihugu cy’Abarabu. Al Jazeera yatangaje ko Saif al-Islam Gaddafi, yishwe ku wa 3 Gashyantare 2026. Yaguye mu Mujyi wa Zintan uherereye mu burengerazuba bwa Libya, aho
Umuyobozi w’umujy wa Goma yasobanuye uko umutekano wifashe muri uyu mujyi nyuma yo gufatwa na afc/m23
Umuyobozi w’Umujyi wa Goma, Julien Katembo Ndaliema, yatangaje ko kuva ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangira kuwugenzura, ryawusubije ku murongo mu nzego zitandukanye zirimo umutekano ndetse n’ubucuruzi. Meya Katembo yasobanuye ko Leta ya RDC yari yarinjije abarwanyi b’umutwe
Intumwa za Afc/m23 i Doha yasabye ko Monusco yajya mu mujyi wa Uvira
Mu gihe umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo umaze imyaka myinshi uhungabanywa n’intambara n’amakimbirane ya politiki, Guverinoma ya RDC n’ihuriro AFC/M23 bongeye kugaragaza ubushake bwo guhindura amateka, basinyira i Doha muri Qatar amasezerano agamije gushimangira inzira y’amahoro arambye mu
Tshisekedi yasabiye ibihano u Rwanda kuko rwemeje ko rukorana na m23
Amagambo yatangajwe na perezida Tshisekedi yerekeranye nuko u Rwanda rwemeje ko rukorana na m23 , Tshisekedi avuga ko yishimiye ko Isi imenye ibyo yakunze kugaragaza ko yatewe n’u Rwanda Kandi asaba umuryango mpuzamahanga ko gufata Ibyemezo bikwiye hashingiwe kubyo u Rwanda rwiyemereye, Tshisekedi
Naje gusaba afc/m23 ko twafatanya ariko sinihuje nayo/Claude Ibalanky Ekolomba wakoranye bya hafi na perezida Tshisekedi
Umunyapolitiki Claude Ibalanky Ekolomba wakoranye bya hafi na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko ashaka gukorana n’ihuriro AFC/M23. Ibalanky yagizwe na Tshisekedi umuhuzabikorwa w’urwego rushinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Addis Abeba agamije kugarura amahoro muri RDC. Mu
Umunyamakuru Uwera Jean Mourice yagizwe umuvugizi wa guverinoma wungirije
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 28 Mutarama 2026, yagize Jean Maurice Uwera, Umuvugizi wa Guverinoma Wungirije. Asimbuye Alain Mukuralinda witabye Imana muri Mata 2025 azize uburwayi bwo guhagarara k’umutima. Uwera wamusimbuye yari asanzwe ari Umunyamakuru wa SK FM yagiyeho avuye kuri Televiziyo y’u
MRDP Twirwaneho yamaganye ibitero byongeye kugabwa ku midugudu ituwe n’Abanyamulenge
Mu itangazo ryasowe n’umutwe wa MRD Twirwaneho wavuze ko wamagana ibitero biri kugabwa n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’ubutegetsi bwa Kinshasa byibasira imidugudu ituwe nabo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Uyu mutwe uvuga ko ibyo bitero byahereye muri teritwari ya Fizi na Uvira cyane cyane mu midugudu
AFC/M23 yahishuye uburyo ikoramo n’ubutegetsi bw’u Rwanda n’ubwa Uganda
Umuyobozi wa AFC/M23, Corneille Nangaa Yobeluo, yatangaje ko nta kidasanzwe kiri mu bufatanye bw’iri huriro n’u Rwanda mu gihe bihuje umupaka. Nangaa yagize ati “Nk’uko tubivuga mu Gifaransa, ese gukorana bivuze gufasha? Oya. Ese dukorana n’u Rwanda? Ntidukorana n’u Rwanda gusa, tunakorana na