Menya umukuru w’abacancuro ba black water Eric Prince uwo ariwe waraye afashwe na m23

Menya umukuru w’abacancuro ba black water Eric Prince uwo ariwe waraye afashwe na m23

Feb 7, 2026

Eric Prince ubundi amazina ye ni Dean Prince ni umucuruzi w’umunyamerika, washinze kompanyi yigenga inshinzwe umutekano (private military company) yitwa Blackwater yayishinze mu mwaka 1997 imwe mu zamenyekanye cyane ku Isi kubera ibikorwa byayo mu bihugu birimo Iraq na Afghanistan , kandi akaba

Read More
Komisiyo y’umuryango w’Ubumwe bw ‘Afurika na USA byamaganye igitero kiterabwoba cyabaye muri NIGER na Nigeria

Komisiyo y’umuryango w’Ubumwe bw ‘Afurika na USA byamaganye igitero kiterabwoba cyabaye muri NIGER na Nigeria

Feb 6, 2026

Komisiyo y’Ubumwe bw’Afurika na Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika byamaganye igitero kiterabwoba cyabaye mu gihugu cya Nijeriya tariki ya  3 Gashyantare 2026  ndetse n’igitero cyabaye muri NIger ku kibuga cy’indege. Tariki ya 28 na 29 Mutarama 2026 mu mujyi wa Niamey naho habaye igitero

Read More
Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya yapfuye

Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya yapfuye

Feb 4, 2026

Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya imyaka 42 kugeza mu 2011, Saif al-Islam Gaddafi, yiciwe muri iki gihugu cy’Abarabu. Al Jazeera yatangaje ko Saif al-Islam Gaddafi, yishwe ku wa 3 Gashyantare 2026. Yaguye mu Mujyi wa Zintan uherereye mu burengerazuba bwa Libya, aho

Read More
Umuyobozi w’umujy wa Goma yasobanuye uko umutekano wifashe muri uyu mujyi nyuma yo gufatwa na afc/m23

Umuyobozi w’umujy wa Goma yasobanuye uko umutekano wifashe muri uyu mujyi nyuma yo gufatwa na afc/m23

Feb 3, 2026

Umuyobozi w’Umujyi wa Goma, Julien Katembo Ndaliema, yatangaje ko kuva ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangira kuwugenzura, ryawusubije ku murongo mu nzego zitandukanye zirimo umutekano ndetse n’ubucuruzi. Meya Katembo yasobanuye ko Leta ya RDC yari yarinjije abarwanyi b’umutwe

Read More
Intumwa za Afc/m23 i Doha yasabye ko Monusco yajya mu mujyi wa Uvira

Intumwa za Afc/m23 i Doha yasabye ko Monusco yajya mu mujyi wa Uvira

Feb 3, 2026

Mu gihe umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo umaze imyaka myinshi uhungabanywa n’intambara n’amakimbirane ya politiki, Guverinoma ya RDC n’ihuriro AFC/M23 bongeye kugaragaza ubushake bwo guhindura amateka, basinyira i Doha muri Qatar amasezerano agamije gushimangira inzira y’amahoro arambye mu

Read More
Tshisekedi yasabiye ibihano u Rwanda kuko rwemeje ko rukorana na m23

Tshisekedi yasabiye ibihano u Rwanda kuko rwemeje ko rukorana na m23

Feb 1, 2026

Amagambo yatangajwe na perezida Tshisekedi yerekeranye nuko u Rwanda rwemeje ko rukorana na m23 , Tshisekedi avuga ko yishimiye ko Isi imenye ibyo yakunze kugaragaza ko yatewe n’u Rwanda Kandi asaba umuryango mpuzamahanga ko gufata Ibyemezo bikwiye hashingiwe kubyo u Rwanda rwiyemereye, Tshisekedi

Read More
Naje gusaba afc/m23 ko twafatanya ariko sinihuje nayo/Claude Ibalanky Ekolomba wakoranye bya hafi na perezida Tshisekedi

Naje gusaba afc/m23 ko twafatanya ariko sinihuje nayo/Claude Ibalanky Ekolomba wakoranye bya hafi na perezida Tshisekedi

Feb 1, 2026

Umunyapolitiki Claude Ibalanky Ekolomba wakoranye bya hafi na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko ashaka gukorana n’ihuriro AFC/M23. Ibalanky yagizwe na Tshisekedi umuhuzabikorwa w’urwego rushinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Addis Abeba agamije kugarura amahoro muri RDC. Mu

Read More
Umunyamakuru Uwera Jean Mourice yagizwe umuvugizi wa guverinoma wungirije

Umunyamakuru Uwera Jean Mourice yagizwe umuvugizi wa guverinoma wungirije

Jan 29, 2026

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 28 Mutarama 2026, yagize Jean Maurice Uwera, Umuvugizi wa Guverinoma Wungirije. Asimbuye Alain Mukuralinda witabye Imana muri Mata 2025 azize uburwayi bwo guhagarara k’umutima. Uwera wamusimbuye yari asanzwe ari Umunyamakuru wa SK FM yagiyeho avuye kuri Televiziyo y’u

Read More
MRDP Twirwaneho yamaganye ibitero byongeye kugabwa ku midugudu ituwe n’Abanyamulenge

MRDP Twirwaneho yamaganye ibitero byongeye kugabwa ku midugudu ituwe n’Abanyamulenge

Jan 28, 2026

Mu itangazo ryasowe n’umutwe wa MRD Twirwaneho wavuze ko wamagana ibitero biri kugabwa n’ihuriro ry’ingabo  zirwana k’ubutegetsi bwa Kinshasa byibasira imidugudu ituwe nabo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Uyu mutwe uvuga ko ibyo bitero byahereye muri teritwari ya Fizi na Uvira  cyane cyane mu midugudu

Read More
AFC/M23 yahishuye uburyo ikoramo n’ubutegetsi bw’u Rwanda n’ubwa Uganda

AFC/M23 yahishuye uburyo ikoramo n’ubutegetsi bw’u Rwanda n’ubwa Uganda

Jan 28, 2026

Umuyobozi wa AFC/M23, Corneille Nangaa Yobeluo, yatangaje ko nta kidasanzwe kiri mu bufatanye bw’iri huriro n’u Rwanda mu gihe bihuje umupaka. Nangaa yagize ati “Nk’uko tubivuga mu Gifaransa, ese gukorana bivuze gufasha? Oya. Ese dukorana n’u Rwanda? Ntidukorana n’u Rwanda gusa, tunakorana na

Read More