M23 ishobora kujya mu kaga
M23 ishobora kujya mu kaga Inyandiko iri mu gitabo cy’inyandiko za Kongere ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (Congressional Record), irimo icyifuzo cy’ivugururwa ry’itegeko ryagejejweho na Senateri RISCH kuri projet de loi S.2296, rigamije guha uburenganzira bwo gukoresha ingengo y’imari y’umwaka wa 2026
“Urubyiruko ni urufunguzo rw’ejo hazaza”: Abanyarwanda baratanga ibyifuzo kuri gahunda nshya ya miliyari 49 Frw igamije kuruteza imbere
“Urubyiruko ni urufunguzo rw’ejo hazaza”: Abanyarwanda baratanga ibyifuzo kuri gahunda nshya ya miliyari 49 Frw igamije kuruteza imbere Guverinoma y’u Rwanda yatangije ku mugaragaro gahunda nshya y’imyaka itanu igamije guteza imbere urubyiruko, aho izashorwamo arenga miliyari 49 z’amafaranga y’u Rwanda. Iyi gahunda,
Abagize Guverinoma nshya y’u Burundi
Guverinoma nshya iyobowe na Minisitiri W’intebe ,Nestor Ntahontuye yongewemo abandi baminisitiri bashya benshi. ku wa 5 Nyakanga 2025 Perezida Evariste Ndayishimiye nibwo yabashyizeho. Perezida Evariste Ndayishimye yashyizeho abagize Guverinoma nshya , bamwe bagaruka mu buyobozi abandi barahindurwa, bwa mbere umugore yagizwe Minisitiri W’Ingabo
Masisi: Imirwano Ikaze hagati ya Wazalendo na AFC-M23 yahitanye Colonel Hangi Miujiza
Masisi: Imirwano Ikaze hagati ya Wazalendo na AFC-M23 yahitanye Colonel Hangi Miujiza Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’imitwe ya Wazalendo na AFC-M23 mu gace ka Kalembe, muri Territoire ya Masisi, Groupement ya Bashali Mokoto, aho intambara y’amajwi y’imbunda ziremereye yumvikanye. Iyi mirwano yatewe
Guverineri Bahati Musanga yagize Lumumba Kambere Muyisa Umuvugizi we Mukuru; Impinduka nshya muri politiki y’intara
Guverineri Bahati Musanga yagize Lumumba Kambere Muyisa Umuvugizi we Mukuru; Impinduka nshya muri politiki y’intara Goma, 5 Kanama 2025, Guverineri mushya wa Kivu ya Ruguru, Bwana Bahati Musanga Joseph Erasto, yatangaje itegeko ryihariye ritangaza ishyirwaho rya Lumumba Kambere Muyisa nk’Umuvugizi Mukuru w’Ibiro bye.
UVIRA: Amashuri ya gisirikare ya SYPADEC agiye gufungurwa, Urubyiruko rurahamagarirwa kwitoza kurwana
UVIRA: Amashuri ya gisirikare ya SYPADEC agiye gufungurwa, Urubyiruko rurahamagarirwa kwitoza kurwana Uvira, tariki ya 6 Kanama 2025, mu itangazo ryaraye ritangajwe n’ubuyobozi bwa coalition ya Wazalendo binyuze muri SYPADEC, byemejwe ko bagiye gutangiza ishuri rya gisirikare hamwe na centre y’imyitozo y’ingabo z’abaturage,
UVIRA: Wazalendo bo muri SYPADEC bongeye kwigaragaza, batangaza imyiteguro yo guhangana na M23
UVIRA: Wazalendo bo muri SYPADEC bongeye kwigaragaza, batangaza imyiteguro yo guhangana na M23 Uvira, tariki ya 5 Kanama 2025, mu gihe ibiganiro byo gushaka amahoro bikomeje kubera i Doha, imitwe yitwaje intwaro yihuje mu huriro SYPADEC (Coalition des Patriotes – Wazalendo) yongeye
U Rwanda rufite impungenge ku masezerano y’Amahoro rwagiranye na RDC
Mumasezerano y’amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC agashyirwaho umukono ,rufite impungengeko ashobora kudashyirwa mubikorwa nk’uko byemeranyijwe n’impande zombi. Ibi byagarutsweho na Minisiti w’uhanye n’amahanga n’ubutwererane, Amb. Olivier nduhungirehe ubwo yagize Ati”Impamvu eshatu z’ingenzi u Rwanda rushingiraho rugira impungenge ku ishyirwa mu bikorwa ry’ayo
Abasirikare n’Abasivile 22 bakurikiranywe n’ubutabera bwa gisirikare
Igisirikare cy’u Rwanda, Rwanda Defence Force (RDF) cyatangaje ko Abasirikare n’Abasivile bakurikiranywe n’Ubushinjacyaha bwa Gisirikari kubera ibyaha bikomeye bijyanye no gukoresha umutungo wa Leta mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Kigali, 5 Kanama 2025,Ubuyobozi bwa RDF bwatangaje ko Ubushinjacyaha bwa gisirikari buri gukurikirana abasirikare babiri
Minisitiri w’intebe w’u Burundi yahinduriwe imirimo
Leta y’u Burundi yatangaje ko Gervais Ndirakobuca wari Minisitiri w’Intebe wayo kuva muri Nzeri 2022, kuri uyu wa 5 Kanama 2025 yatorewe kuba Perezida mushya wa Sena y’iki gihugu. Ndirakobuca uri mu basenateri babiri baherutse gutorerwa guhagararira ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu