Sematama wa Twirwaneho yagize icyo atangaza ku masezerano ya Doha. Bikomeje kugorana
Sematama wa Twirwaneho yagize icyo atangaza ku masezerano ya Doha. Bikomeje kugorana Twebwe ntituri abasinye amasezerano ya Doha. Ayo masezerano ni hagati y’umutwe wa M23 n’ubutegetsi bwa RDC, ntabwo ari hagati na Twirwaneho,” uko byavuzwe na SAMATAMA, jenerali uyoboye umutwe w’inyeshyamba wa Twirwaneho,
Abanyamulenge bagiye kurega umutwe wa FDLR m’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa ICC
Me Maingain yatangaje ko we na bagenzi be bafite ibimenyetso bigaragaza ubugizi bwa nabi bwa FDLR kandi ko bazabishyikiriza ICC Abanyamategeko bunganira Abanyamulenge, Abatutsi n’Abahema bakorewe ibyaha muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bateganya gushyikiriza urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) ibimenyetso bigaragaza ubugizi bwa
Imirwano ikaze yongeye kubura hagati ya Wazalendo na m23 muri Walungu
Imirwano ikaze yongeye kubura muri teritwari ya Walungu hagati y’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo n’abarwanyi b’umutwe wa m23 ikaba yatangiye mu bice m23 yariherutse kunyaga umutwe wa Wazalendo. Ni imirwano yatangiye kuri iki Cyumweru mu masaha ya nyuma ya saa sita aho bivugwa ko
DonaId Trump yahagaritse intambara mu gihugu cya Congo
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashimangiye ko yahagaritse intambara yo mu Burasirazubabwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kandi ngo abaturage barabyishimiye cyane. Donald Trump yabivuze ku wa 8 Kanama 2025, nyuma yo gufasha Perezida IIham Aliyev wa Azerbaijan na
Addis-Abeba, RDC n’Urwanda byifashe gute?
Abahagarariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda bahuriye Addis-Abeba Abahagarariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda bahuriyeyo ku matariki ya 7 na 8 Kanama i Addis-Abeba mu nama ya mbere y’umuryango w’ubufatanye mu gucunga umutekano, igamije gushyira mu bikorwa amasezerano ya
AFC/M23 yamaganye ibirego bidafite gihamya
AFC/M23 yamaganye ibirego bidafite gihamya Mu gihe isi yose ikomeje gukurikirana ibibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umwe mu mitwe yitwaje intwaro imaze igihe kirekire ivugwa mu itangazamakuru ni AFC/M23. Uyu mutwe, uvuga ko uharanira uburenganzira bwa rubanda n’abandi
AFC/M23 Ishyigikiye Impinduka mu Miyoborere ya RDC binyuze muri ‘Fédéralisme’
Ihuriro rya politiki n’umutwe wa gisirikare AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryasohoye icyifuzo risaba ko imiyoborere y’iki gihugu yahinduka ikajya ishingira ku ihame rya federalisme, rishingiye ku gutanga ububasha bwisumbuye ku nzego z’ibanze, nk’uko bikorwa mu bihugu nka
Ghana iri mu gahinda k’abayobozi bayo bakuru bahitanywe n’impanuka ya kajugujugu
Igihugu cya Ghana kiri mu gihe cy’amarira n’agahinda nyuma y’uko indege ya kajugujugu ikoze impanuka igahitana abantu umunani, barimo abayobozi bakuru ba Leta. Iyi ndege yari yavuye i Accra, Umurwa Mukuru, igana mu mujyi wa Obuasi, ariko ntibyigeze bigenda uko byari byitezwe kuko
Umuskuti ayoboye igisirikare!
Umuskuti ayoboye igisirikare! Uyu munsi, Uburundi buri mu bihe bigoye byo guhindura no kunoza imikorere ya gisirikare, ndetse hakaba hanagaragara impinduka zidasanzwe mu miyoborere y’igisirikare; nko gushyiraho Marie-Chantal Nijimbere nka Minisitiri w’Ingabo wa mbere w’umugore mu mateka y’igihugu. Uko byakiriwe n’abaturage n’abasirikare: Hagati
Ni uko Marie Chantal afata intwaro
“Ni uko Marie Chantal afata intwaro” Ishyirwaho bwa mbere ry’umugore ku mwanya wa Minisitiri w’Ingabo mu Burundi, ari we Marie-Chantal Nijimbere. Marie-Chantal yafashe intwaro… Ku nshuro ya mbere, umugore agizwe Minisitiri w’Ingabo mu Burundi. Uwo mugore ni Marie-Chantal Nijimbere, ukomoka mu muryango