Umwuka mubi watutumbye hagati ya Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ubutegetsi bwa RD, Gen Evariste Kakule Somo, n’abadepite bo ku rwego rw’intara
Umwuka mubi watutumbye hagati ya Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Evariste Kakule Somo, n’abadepite bo ku rwego rw’intara, bapfa umushahara. Aba badepite tariki ya 15 Kanama 2025 banditse ibaruwa, bagaragaza ko abakozi bo muri iyi
AFC/M23 na Leta ya RDC bigiye kohereza intumwa muri Qatar
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya,bigiye kohereza intumwa muri Qatar kugira ngo zisuzume uko amahame yashyizweho umukono tariki ya 19 Nyakanga 2025 ari kubahirizwa. Umuyobozi wungirije wa AFC/M23, Bertrand bisimwa, yatangaje ko mu ngingo zizasuzumirwa muri Qatar zirimo ihagarikwa
Drones zituruka i Bujumbura mu gitero cyahitanye abaturage i Kanyola na Nzimbira: Impungenge ku mutekano w’akarere
Drones zaturutse i Bujumbura mu gitero cyahitanye abaturage i Kanyola na Nzimbira: Impungenge ku mutekano w’akarere Ku Cyumweru, tariki ya 17 Kanama 2025, amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko ingabo za Leta ya Kinshasa, zifatanyije n’abambari bazo,
Imirwano ikaze yongeye kwaduka muri Kivu y’Amajyepfo: abaturage ba Nzimbira na Kanyola bari mu kangaratete
Imirwano ikaze yongeye kwaduka muri Kivu y’Amajyepfo: abaturage ba Nzimbira na Kanyola bari mu kangaratete Bukavu, kuwa 17 Kanama 2025; Amakuru aturuka mu bice bya Kivu y’Amajyepfo aravuga ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) n’abambari bazo bo mu
UMUNYAKOREYA YAKOZE IJISHO RY’IKORANABUHANGA RIRINDA IMPANUKA ZITERWA NO KURENGARIRA TELEFONI
UMUNYAKOREYA YAKOZE IJISHO RY’IKORANABUHANGA RIRINDA IMPANUKA ZITERWA NO KURENGARIRA TELEFONI Mu gihe abantu benshi ku isi basigaye bamara umwanya munini bareba mu matelefoni yabo aho kuba mu nzira, bishobora gutera impanuka, umunyakoreya witwa Paeng Min-wook, w’imyaka 28, yakoze agashya kitamenyerewe: ijisho ry’ikoranabuhanga rishobora
UBUHANGA BUSHYA BWO MU BUSHINWA: ROBOT ZISHOBORA GUTWITIRA UMUNTU
UBUHANGA BUSHYA BWO MU BUSHINWA: ROBOT ZISHOBORA GUTWITIRA UMUNTU Isi yose ikomeje gukurikirana amatsiko n’impungenge inkuru ivuga ko mu Bushinwa hari abashakashatsi bari gukora kuri robot idasanzwe izashobora gutwitira umuntu, kugeza umwana avutse. Ubu bushakashatsi bwatangajwe mu bitangazamakuru byo muri Aziya ndetse n’ibinyamakuru
RDC yikomye Perezida Ruto ku kugena uhagarariye Kenya i Goma: Impaka za dipolomasi n’isesengura ku mutekano w’akarere
RDC yikomye Perezida Ruto ku kugena uhagarariye Kenya i Goma: Impaka za dipolomasi n’isesengura ku mutekano w’akarere Ku wa 15 Kanama 2025, Perezida wa Kenya William Ruto yatangaje icyemezo gishya cyateye impaka mu karere kose: kugena Judy Kiaria Nkumiri nk’uhagarariye inyungu za Kenya
Kirehe:umugore n’urubyiruko ni inkingi za mwamba mu guteza igihugu imbere/hon Icyizanye Masozera
Abarwanashyaka b’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR Green Party) bo mu karere ka Kirehe, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 16 Kanama 2025 bakoranye inama ndetse n’amahugurwa yatangijwe na Hon Icyizanye Masozera akaba n’umucungamutungo mukuru wiri shyaka, aho bamwe mu
RDC: Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yatangaje ko ashobora kwinjira Kisangani niba M23 ifashe Uvira
RDC: Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yatangaje ko ashobora kwinjira Kisangani niba M23 ifashe Uvira Goma, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Kanama 2025; mu butumwa buteye impungenge ku mutekano mu burasirazuba bwa RDC, umuhungu wa Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni,
Kenya yashyizeho Uhagararira Inyungu zayo i Goma mu Burasirazuba bwa DRC
Kenya yashyizeho Uhagararira Inyungu zayo i Goma mu Burasirazuba bwa DRC Goma, DRC, Kanama 2025; Perezida wa Kenya, William Ruto, yamaze gushyiraho uhagararira inyungu z’igihugu i Goma, umujyi ukomeye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC). Madamu Judy Kiaria Nkumiri ni