Ubutumwa bwa Bertrand Bisimwa: “Urwango rwamunze imitima y’abari ku butegetsi i Kinshasa”
Ubutumwa bwa Bertrand Bisimwa: “Urwango rwamunze imitima y’abari ku butegetsi i Kinshasa” Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X (rizwi na benshi nka Twitter), Bertrand Bisimwa, umuyobozi ukomeye mu Ihuriro AFC/M23, yongeye kuvuga ku buryo ubutegetsi bwa Leta ya Félix Tshisekedi bwubatse urwango
Imodoka ebyiri zaturutse mu Burundi zahagaritswe n’abagize Wazalendo, biteza impagarara
Imodoka ebyiri zaturutse mu Burundi zahagaritswe n’abagize Wazalendo, biteza impagarara Kuwa mbere tariki ya 25 Kanama 2025, mu mujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, habaye akavuyo n’impagarara zatewe n’imodoka ebyiri zitwaye abagenzi ziturutse mu gihugu cy’u Burundi. Izi modoka zari
AFC/M23 yatangaje ko FARDC, FDLR na Wazalendo byacengeye mu nkengero za Goma bigahitana abasivili
AFC/M23 yatangaje ko FARDC, FDLR na Wazalendo byacengeye mu nkengero za Goma bigahitana abasivili Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25 Kanama 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zifatanyije n’umutwe wa
Mozambique yashimye umusanzu w’u Rwanda mu bya gisirikare n’umutekano
Guverinoma ya Mozambique yashimiye u Rwanda kuba umufatanyabikorwa w’ingenzi w’icyo gihugu kandi ubufatanye bw’impande zombi bugatanga umusaruro by’umwihariko mu bya gisirikare n’iterambere ry’imibereho myiza y’abaturage. Byagarytsweho na Minisiteri w’ingabo wa Mozambique Maj.Gen.cristo’vao Artur chume,uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu u Rwanda.Ni uruzinduko kandi rurimo
Kuki Urubyiruko rukunze kugaragara mu mitego y’ibiyobyabwenge n’ibitekerezo byo kwiyambura ubuzima?
Kuki Urubyiruko rukunze kugaragara mu mitego y’ibiyobyabwenge n’ibitekerezo byo kwiyambura ubuzima? Mu bihe bya none, ikibazo cy’urubyiruko rwinjira mu biyobyabwenge no kugira ibitekerezo byo kwiyambura ubuzima kiri mu byugarije isi yose. Abahanga mu by’imitekerereze, abashakashatsi mu mibereho y’abantu ndetse n’abashinzwe politiki y’urubyiruko bagenda
Leta y’u Burundi iravugwaho kubeshya imbonerakure zagiye kurwana muri Kongo
Leta y’u Burundi iravugwaho kubeshya imbonerakure zagiye kurwana muri Kongo Amakuru ava mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangajwe n’abanyamakuru n’abashakashatsi mu by’umutekano yagaragaje inkuru ikomeye: urubyiruko rwinshi rw’Imbonerakure rushamikiye ku ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi bw’u Burundi, ruvuga ko
ITANGAZO RYA BERTRAND BISIMWA: AFC/M23 YAMAGANYE AMASEZERANO YA DOHA YATEKEREJWE NA KINSHASA
ITANGAZO RYA BERTRAND BISIMWA: AFC/M23 YAMAGANYE AMASEZERANO YA DOHA YATEKEREJWE NA KINSHASA Ku wa 22 Kanama 2025, umutwe wa AFC/M23 watangaje ku mugaragaro ko utishimiye na busa amasezerano yiswe aya “Doha” yatekerejwe na Leta ya Kinshasa nk’umuti w’ibibazo bya politiki n’umutekano muri Repubulika
Urubanza rwa Joseph Kabila: Kwamburwa amazina, ubwenegihugu n’inkomoko i Kinshasa
Urubanza rwa Joseph Kabila: Kwamburwa amazina, ubwenegihugu n’inkomoko i Kinshasa Mu rukiko rukuru rwa gisirikare rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), urubanza rwa Joseph Kabila rwatangiye kugira umwihariko udasanzwe ubwo abanyamategeko baharanira inyungu z’igihugu basabye ko umuyobozi wigeze kuyobora RDC ahamwa ibyaha
Ingengabihe y’umwaka w’amashuri 2025/2026 yashyizwe ahagaragara
Ingengabihe y’umwaka w’amashuri 2025/2026 yashyizwe ahagaragara Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda yashyize ahagaragara ingengabihe nshya y’umwaka w’amashuri 2025/2026, igaragaza uburyo igihembwe kizakurikirana, amatariki y’ibizamini bya Leta ndetse n’igihe cy’ibiruhuko. Iyo ngengabihe izagenderwaho n’amashuri yose ku rwego rw’igihugu, yaba ayisumbuye, abanza ndetse n’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro.
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar Ibi byemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, nyuma yo kwakirwa i Kinshasa ku wa 19 Kanama 2025 na Perezida Tshisekedi. Uyu muyobozi w’Uburayi yagize ati: “Rwose Perezida Tshisekedi yampamirije ko inyandiko yateguwe