Leta ya RDC, FDLR na Wazalendo ni bo batwirutseho: ubuhamya bw’impunzi z’abanyekongo ziri mu nkambi ya Nkamira
Leta ya RDC, FDLR na Wazalendo ni bo batwirutseho: ubuhamya bw’impunzi z’abanyekongo ziri mu nkambi ya Nkamira Inkambi y’agateganyo ya Nkamira, iri mu Karere ka Rubavu, yakomeje kuba ubuhungiro bw’ingenzi ku mpunzi z’Abanyekongo zahunze ubugizi bwa nabi bwibasiye uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi
Nyuma y’i Kinshasa, Kigali na Nkamira, Umukuru wa HCR ku isi yerekeje i Goma guhura n’abayobozi ba M23
Nyuma y’i Kinshasa, Kigali na Nkamira, Umukuru wa HCR ku isi yerekeje i Goma guhura n’abayobozi ba M23 29 Kanama 2025 Nyuma y’uruzinduko rwe muri Kinshasa aho yahuye na Perezida Félix Tshisekedi, no muri Kigali aho yaganiriye na Perezida Paul Kagame, ndetse no
Bamwe mu bimukira birukanywe muri Amerika bamaze kwakirwa mu Rwanda
Bamwe mu bimukira birukanywe muri Amerika bamaze kwakirwa mu Rwanda Mu gihe ibihugu byinshi byo ku mugabane wa Afurika bikomeje kugaragaza impungenge ku kibazo cy’abimukira, u Rwanda rwongeye kuba ku isonga mu kugaragaza ubushake bwo kwakira abimukira birukanywe muri Leta Zunze Ubumwe za
Ibicuruzwa 10 bya mbere byatumijwe hanze y’igihugu ku bwinshi, harimo n’ibyo abaturage bashobora kwibonera bashyize imbaraga ku murimo
Ibicuruzwa 10 bya mbere byatumijwe hanze y’igihugu ku bwinshi, harimo n’ibyo abaturage bashobora kwibonera bashyize imbaraga ku murimo. Mu myaka ya vuba, u Rwanda rwagaragaje ubushake bukomeye bwo guteza imbere inganda no gushyigikira gahunda ya Made in Rwanda. Intego ni ukugabanya igipimo cy’ibicuruzwa
Igisirikare cya Finlande kigiye gukura ikirango cy’Aba-Nazi ku birango byacyo
Igisirikare cya Finlande kirwanira mu kirere kiri gutegura uburyo cyakura ikimenyetso kizwi nka ‘Swastika’ ku mpuzankano, amabendera no ku bindi birango byacyo nk’uburyo bwo kwitandukanya n’Aba-Nazi. Ni ikimenyetso mu myaka yo hambere cyubahwaga kigafatwa nk’icy’ubukire n’imibereho myiza ,amahoro n’amahirwe n’ibindi. Cyakoreshwaga mu myizerere
Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo
Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo Uvira, Minembwe, Bukavu, kuwa 28 Kanama 2025; Umutekano wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo wongeye kujya mu icuraburindi, nyuma y’icyumweru cyuzuye imirwano ikomeye mu bice bitandukanye by’Intara ya
Kigali mu mpinduramatwara y’ubwikorezi: Umushinga w’imigozi yo mu kirere (Cable Cars) ushobora guhindura isura y’umurwa mukuru
Kigali mu mpinduramatwara y’ubwikorezi: Umushinga w’imigozi yo mu kirere (Cable Cars) ushobora guhindura isura y’umurwa mukuru Kigali, umurwa mukuru w’u Rwanda, umaze igihe kinini uzwi nk’uwicishe bugufi, utuje kandi ukeye, ubu uri mu nzira nshya yo guhindura ishusho. Mu misozi yacyo itatse icyatsi
Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yagaragaje ko hakenewe ingendo z’indege zihuza Kigali na Maputo nta handi zinyuze
Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yagaragaje ko hakenewe ingendo z’indege zihuza Kigali na Maputo nta handi zinyuze Mu ruzinduko rwe mu Rwanda, Perezida mushya wa Mozambique, Daniel Chapo, yongeye kugaragaza icyifuzo gikomeye gishobora guhindura isura y’ubucuruzi n’ubwikorezi hagati y’u Rwanda na Mozambique. Ni
Bamwe baba babuze ibyo barya, abandi nabo bari kwirukanka kugira ngo bibashiremo
Bamwe baba babuze ibyo barya, abandi nabo bari kwirukanka kugira ngo bibashiremo: Ese ntibyashoboka ko duha abatabifite aho kubyirukansa? Mu gihe isi igenda yihuta mu iterambere, igikenewe cyane kuri buri muntu ni ukugira ibyo kurya bihagije, amahoro mu mutima no kubona amahirwe yo
Ikirego cy’ababyeyi ba Adam Rain kuri OpenAI: Ikibazo gishingiye ku bwenge buhangano bukomeje guca ibintu ku isi
Ikirego cy’ababyeyi ba Adam Rain kuri OpenAI: Ikibazo gishingiye ku bwenge buhangano bukomeje guca ibintu ku Isi Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 25 Kanama 2025, inkuru yagiye hanze yaturikije itangazamakuru ku Isi hose. Ababyeyi b’umwana w’imyaka 16 witwa Adam Rain