Nyagatare:kugirango mugere ku nzozi zanyu mukwiye kwirinda ibiyobyabwenge/Green Party
Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 12 Nzeri 2025, Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR) ryakomeje kwegera abarwanashyaka baryo bo mu Ntara y’Iburasirazuba mu nama rusange yaryo yabereye mu Karere ka Nyagatare. Kuri ubu, iri shyaka riri gukorera ibikorwa byaryo
Tshisekedi yatumije inama y’igitaraganya yiga ku mutekano wa Uvira; amakuru y’i Kinshasa, Masisi, Beni, Idjwi
Tshisekedi yatumije inama y’igitaraganya yiga ku mutekano wa Uvira; amakuru y’i Kinshasa, Masisi, Beni, Idjwi Uvira: Tshisekedi yatumije inama y’igitaraganya yiga ku mutekano wa Uvira Mu masaha ya kare ku wa mbere tariki 08 Nzeri 2025, Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo yatumije inama
Uvira hazindukiye imyigaragambyo ikaze yo kwamagana brig gen Gasita Olivier
Kuva taliki ya 1 Nzeri 2025, General Olivier Gasita Mukunda yagizwe Commandant wungirije wa gisirikare unshinzwe ibikorwa bya gisirikare n’ubutasi mu gace ka 33 yoherezwa gukorera mu gace ka Uvira (Kivu y’Epfo). Icyo gihe, abayobozi b’imitwe ya Wazalendo (abasanzwe bafasha FARDC) bamwangiye ko
UVIRA: Inama yarangiye nta bwumvikane; Wazalendo bamaganye ubuyobozi bwa Gasita, bateguza gufunga imipaka n’umurwa wose
UVIRA: Inama yarangiye nta bwumvikane; Wazalendo bamaganye ubuyobozi bwa Gasita, bateguza gufunga imipaka n’umujyi wose. Uvira, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo; amakuru yizewe yaturutse mu mujyi wa Uvira, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC), aravuga ko inama yabaye kuri iki
Amahirwe ya zahabu ku rubyiruko rw’abahinzi n’abashoramari bita ku kubungabunga Ubutaka
Amahirwe ya zahabu ku rubyiruko rw’abahinzi n’abashoramari bita ku kubungabunga Ubutaka Impamvu iki gikorwa ari ingenzi Mu gihe isi yose iri mu rugamba rukomeye rwo guhangana n’ihindagurika ry’ibihe, isuri n’iyangirika ry’ubutaka, urubyiruko rugaragazwa nk’imbaraga zishobora guhindura ibintu. Isi itakaza hafi hegitari miliyoni 12
Corneille Nangaa yatangije umwaka w’amashuri mu bice byose bigenzurwa na M23: Imirimo yose irakorwa, abakozi bahembwa n’ihuriro AFC/M23
Corneille Nangaa yatangije umwaka w’amashuri mu bice byose bigenzurwa na M23: Imirimo yose irakorwa, abakozi bahembwa n’ihuriro AFC/M23 Ku itariki ya 1 Nzeri 2025, Corneille Nangaa, uyoboye Ihuriro AFC/M23, yatangije ku mugaragaro umwaka w’amashuri mu turere twose tugenzurwa n’uyu mutwe. Ni intambwe ikomeye
Hagati y’Intara y’Amajyaruguru, Amajyepfo n’Iburengerazuba, hagiye kuvuka ikiyaga gishya kizaba gifite agaciro kadasanzwe
Hagati y’Intara y’Amajyaruguru, Amajyepfo n’Iburengerazuba, hagiye kuvuka ikiyaga gishya kizaba gifite agaciro kadasanzwe Mu gihe isi yose iri mu rugamba rwo gushaka ibisubizo by’imihindagurikire y’ibihe, gukumira imyuzure, kongera ingufu z’amashanyarazi n’uburyo bushya bwo guteza imbere ubukungu, u Rwanda rurimo kwandika indi paji nshya
Goma:Abanyekongo bazaganira Perezida Tshisekedi atagihari kuko ameze nka Yona/Corneille Naanga
Abanyekongo bazaganira Perezida Tshisekedi atagihari kuko ameze nka Yona aya ni amagambo yatangajwe n’umuhuzabikorwa w’Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa RDC (AFC/M23) Corneille Naanga Yobelua mu kiganiro iri huriro ryagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa mbere tariki ya 01 Nzeri 2025 mu mujyi wa Goma. Mu
UVIRA: UMUJYI WAHINDUTSE GEREZA KU BANYAMULENGE
UVIRA: UMUJI WAHINDUTSE GEREZA KU BANYAMULENGE Umujyi mu mwijima w’urwango Uvira, umujyi uri ku nkengero z’ikiyaga cya Tanganyika, ni umuyoboro ukomeye w’ubucuruzi n’ubuhahirane hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Uburundi n’u Rwanda. Ariko uyu munsi, ishusho yawo ikomeje kugenda isobanurwa mu magambo
RDC, Kenya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika: Intambara, umutekano, politiki n’uburenganzira bwa muntu
RDC, Kenya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika: Intambara, umutekano, politiki n’uburenganzira bwa muntu Mu ijoro ryo ku wa 29 rishyira 30 Kanama 2025, ibice bitandukanye bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Rwanda, Kenya na Leta zunze Ubumwe za Amerika byabaye