Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi Nkingi, yeguye kuri uwo mwanya
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi Nkingi, yeguye kuri uwo mwanya. Kamerhe ku wa 22 Nzeri 2025, mu ibaruwa yishyiriyeho umukono, yavuze ko yeguye kuri uyu mwanya ku mpamvu ze bwite. ariko siwe gusa weguye
Perezida Donald Trump narangiza ikibazo cy’umutekano mukeya mu gihugu nyobora nzamutorera kubona Prix Nobel/Perezida Tshisekedi
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze ko Donald Trump, narangiza ikibazo cy’umutekano muke kimaze imyaka irenga 30 mu Burasirazuba bw’igihugu cye, azaba mu ba mbere bazashyigikira ko ahabwa igihembo cy’abaharaniye amahoro kizwi nka ‘Prix Nobel’. Ni ingingo Tshisekedi
Hamenyekanye impamvu yajyanye Perezida Tshisekedi muri Afurika Y’Epfo igitaraganya
Hamenyekanye amakuru yajyanye Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Thisekedi, m’ uruzinduko i Pretoria muri Africa y’Epfo, amakuru avuga ko yaruhuriyemo na Joseph Kabila yasimbuye ku buyobozi baganira ku busabe bwa perezida wa Africa y’Epfo, Cyril Ramaphosa nawe akaba yari yabisabwe
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi urateganya guha Ukraine amafaranga y’u Burusiya yafatiriwe
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi uteganya guha Ukraine amafaraga abarirwa muri miliyari 170 z’Amayero, y’u Burasiya yafatiriwe nyuma y’uko icyo gihugu gishoje intambara kuri Ukraine mu 2022. Ikinyamakuru Financial Times cyatangaje ko EU iteganya ko ayo mafaranga yakoreshwa mu gusubiranya Ukraine imaze kuba isibaniro
Masisi:umutwe wa m23 wigaruriye imidugudu ibiri mishya nyuma yo kwirukana Wazalendo
Umutwe wa m23 wigaruriye uduce tubiri muri teritwari ya Masisi aritwo Ndurumo na Kinyaonga. Imirwano ikaze yashyamiranyije umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo guhera ku Cyumweru cyashize tariki ya 14 Nzeri 2025 nibwo abarwanyi ba Wazalendo bagabweho ibitero n’abarwanyi bo mu mutwe wa
Burundi:Niyonkuru Dieudonne alias Rabin impunzi yabaga mu Rwanda yashimuswe n’inzego z’iperereza z’u Burundi
Dieudonné Niyukuri Alias Rabin na bagenzi be bane barashimuswe n’iperereza ry’Uburundi kuva tariki ya 28.8.2025 umurundi uzwi cyne kuri chaîne ya YouTube mu Rwanda yitwa Bwiza Tv azwi kw’izina rya Rabin, amaze imisi 19 mu iperereza ry’Uburundi (SNR). Amazina yiwe y’ukuri ni Dieudonné
UBURASIRAZUBA BWA CONGO: AFC/M23 YINJIJE ABAKOMANDO 7,437 BASOJE IMYITOZO YA GISIRIKARE
UBURASIRAZUBA BWA CONGO: AFC/M23 YINJIJE ABAKOMANDO 7,437 BASOJE IMYITOZO YA GISIRIKARE Kuri iki Cyumweru mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo, mu karere ka Kivu ya Ruguru, habereye umuhango ukomeye wo kwinjiza mu ngabo za AFC/M23 abakomando bashya 7,437 basoje imyitozo ikomeye ya gisirikare.
AFC/M23 ikomeje kubaka inzego zayo nka Leta
UBURASIRAZUBA BWA CONGO: ABANYAMATEGEKO BASHOBORA GUHINDUKA ABACAMANZA B’UBUCAMANZA BWA AFC/M23 AFC/M23 ikomeje kubaka inzego zayo nka Leta Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kugaragara nk’ahantu AFC/M23 iri kwiyubakira inzego zisa n’iz’igihugu, ku munsi w’ejo hashize habereye igikorwa gikomeye kitabiriwe
Israel ikomeje kunengwa n’amahanga
QATAR YASABYE UMURYANGO MPUZAMAHANGA GUFATIRA ISRAEL IBIHANO Israel ikomeje kunengwa n’amahanga Minisitiri w’Intebe wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim al-Thani, yongeye kugaragaza ko igihe kigeze ngo isi ihaguruke ikumire ibikorwa by’igitugu n’intambara bimaze igihe bikorwa na Israel. Mu ijambo rye rikomeye
U Rwanda,RDC na Amerika byemeranyije ku mahame agenga ubufatanye mu bukungu
Muri Kanama, u Rwanda, RDC na Amerika byemeranyije ku mahame agenga ubufatanye mu bukungu. Nubwo umushinga w’amasezerano y’ubufatanye mu bukungu wateguwe, amasezerano y’amahoro uwayo ntarubahirizwa uko bikwiye.Uyu mushinga w’impapuro 17 ushingiye ku mahame agenga ubufatanye mu by’ubukungu u Rwanda na RDC byashyizeho umukono