RDF igiye kuganira na FNDB bayisubize umusirikare wayo wafatiwe mu Burundi
Igisirikare cy’u Rwanda,cyemeje amakuru yifatwa ry’umusirikare wacyo n’igipolisi cy’igihugu cy’u Burundi. RDF yavuze ko igiye gukoresha inzira ya dipolomasi mu gukorana na guverinoma y’u Burundi, kugira ngo umusirikare wayo usanzwe ari umushoferi, Sgt Sadiki Emmanuel, watawe muri yombi n’igipolisi cy’u Burundi nyuma y’uko
Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka
Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka Abasirikare babiri bo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, barimo ufite ipeti rya Captain na mugenzi we ufite irya Sergeant bacyiyonkoyeho biyunga ku ihuriro rya Alliance Fleuve
Albania Robot yagizwe minisitiri yateje impaka mu nteko ishinga amategeko
Albania Robot yagizwe minisitiri yateje impaka mu nteko ishinga amategeko Albania impaka k’ubwenge bw’ubukorano (AI) bwagizwe minisitiri wo kurwanya ruswa Albania yongeye kuba ku isonga mu bikorwa bishya bya politiki n’ikoranabuhanga nyuma y’uko Minisitiri w’Intebe, Edi Rama, atangaje ku wa 14 Nzeri 2025
Abarwanyi ba FDLR baduteraga ubwoba ko nidutaha tuzicwa n’inkotanyi
Kuri uyu wa gatatu ku mupaka minini uhuza u Rwanda na DRC ahazwe nka La Corniche mu Karere ka Rubavu hakiriwe abanyarwanda 328 baturuka mu miryango 105 batahutse bava muri congo “Iyo wageragezaga gushaka gutaha mu Rwanda bakubwiraga ko uhageze bagukorera ibya mfura
Nangaa yatangaje intego bafite kuri perezida Tshisekedi n’umugambi we wo gushukisha Perezida Trump zahabu za Rdc
Nangaa yakwennye Tshisekedi uvuga ko afite zahabu, anatanga igisubizo ku bavuga ko u Rwanda rutera inkunga AFC/M23, ndetse avuga n’intego nyamukuru yabo Corneille Nangaa umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, yongeye gushimangira ko intego y’iri huriro abereye umuyobozi ko ari ugukuraho
Perezida Paul Kagame yageze i Cairo mu Misiri, mu ruzinduko rw’akazi
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, ku wa Kabiri tariki 23 Nzeri 2025, yageze i Cairo mu Misiri, mu ruzinduko rw’akazi. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byanditse kuri X ko yakiriwe na Perezida Abdel Fattah Al-Sisi wa Misiri mu Ngoro ya Ittihadiya. Biti “Aho abakuru
Dr Bizimana Jean Damascène, yasabye urubyiruko kurwanya abagoreka amateka y’u Rwanda ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo bakabanyomoza
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, Dr Bizimana Jean Damascène, yasabye urubyiruko kurwanya abagoreka amateka y’u Rwanda ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo bakabanyomoza. Yabigarutseho ubwo yaganirizaga urubyiruko rurenga 300 mu biganiro “Rubyiruko Menya Amateka” byaruhurije mu karere ka Rusizi, kuri uyu wa kabiri tariki
YIRUKANYWE MU NAMA YA TSHISEKEDI MURI ÉTATS-UNIS KUBERA KO ASA NA MAKENGA
YIRUKANYWE MU NAMA YA TSHISEKEDI MURI ÉTATS-UNIS KUBERA KO ASA NA MAKENGA Ku italiki ya 21 Nzeri 2025, mu mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habaye inkuru yasize benshi bacecetse ariko n’abandi ibashyira mu kantu. Umusore w’umunyekongo witwa Tshidingi
Ubuyobozi bukuru bw’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) bwateraniye mu Mujyi wa Goma mu nama idasanzwe igamije kungurana ibitekerezo
Ubuyobozi bukuru bw’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) bwateraniye mu Mujyi wa Goma mu nama idasanzwe igamije kungurana ibitekerezo ku buryo bushya bwo kuyobora Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu butumwa yashyize kuri X ku wa 22 Nzeri 2025, Umuvugizi wa Politiki wa
Uwahoze ari perezida yarezwe ibyaha byibasiye inyokomuntu muri icc
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwareze Rodrigo Duterte, wahoze ari Perezida wa Philippines, w’imyaka 80, ibyaha byibasiye inyokomuntu. Duterte ashinjwa impfu z’abantu benshi mu ntambara ye yo kurwanya ibiyobyabwenge, aho abarenga ibihumbi bishwe nta manza baciriwe. Umushinjacyaha wungirije wa ICC, Mame Mandiaye Niang, yavuze