Uvira: Ingurube za Perezida Ndayishimiye zitumye abantu bapfa

Uvira: Ingurube za Perezida Ndayishimiye zitumye abantu bapfa

Sep 28, 2025

Uvira: Ingurube za Perezida Ndayishimiye zitumye abantu bapfa Uvira, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, 28 Nzeri 2025 Hari igihe amakimbirane y’imitwe yitwaje intwaro arushaho kugaragaza ko ubuzima bw’umuntu bushobora kugurwa n’ubusa. Mu mujyi wa Uvira, mu Burasirazuba bwa Kivu, haturutse inkuru idasanzwe ishimangira

Read More
Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai

Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai

Sep 28, 2025

Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai Umugabo w’Umunya-Uganda witwa Charles Mwesigwa, uzwi ku izina rya Abbey, wamamaye mu makuru y’ubugenzuzi yakozwe n’ikinyamakuru BBC cyamushinje uruhare mu icuruzwa

Read More
Ikigo FBI gishinzwe iperereza ryo hagati mu gihugu muri Amerika cyirukanye abakozi bacyo bafashwe amashusho bapfukamye muri cya gihe cy’imyigaragambyo yo kwamagana ivanguraruhu

Ikigo FBI gishinzwe iperereza ryo hagati mu gihugu muri Amerika cyirukanye abakozi bacyo bafashwe amashusho bapfukamye muri cya gihe cy’imyigaragambyo yo kwamagana ivanguraruhu

Sep 28, 2025

Ikigo FBI gishinzwe iperereza ryo hagati mu gihugu muri Amerika cyirukanye abakozi bacyo bafashwe amashusho bapfukamye muri cya gihe cy’imyiyerekano yo kwiyamiriza ivanguraruhu yateguwe inyuma y’urupfu rwa wa mwirabure George Floyd, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru vya Amerika bisubiramwo amasoko atavuzwe amazina. Bivugwa ko aba

Read More
Amerika yatangaje ko igiye kwambura visa, Perezida wa Colombia Gustavo Petro

Amerika yatangaje ko igiye kwambura visa, Perezida wa Colombia Gustavo Petro

Sep 28, 2025

Amerika yatangaje ko igiye kwambura visa, Perezida wa Colombia, Gustavo Petro nyuma y’imyitwarire idakwitse ndetse iteza ibyago yo gutiza umurindi abigaragambya mu Mujyi wa New York. Gustavo Petro yabonywe hanze y’Icyicaro Gikuru cya Loni i New York akoresha indangururamajwi ari kuganiriza abantu bashyigikiye

Read More
Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda

Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda

Sep 27, 2025

Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda Ku wa 23 Nzeri 2025, mu igazeti ya Leta y’u Rwanda hasohotse urutonde rw’abanyamahanga 74 bakomoka mu bihugu 20 bitandukanye, bahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda. Ni ubwa mbere mu mateka y’iki gihugu habonetse

Read More
Walikare umutwe wa m23 ukomeje kongera abarwanyi mu bice byinshi

Walikare umutwe wa m23 ukomeje kongera abarwanyi mu bice byinshi

Sep 27, 2025

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kongera ingabo mu bice bitandukanye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo by’umwihariko muri teritwari ya Walikale, mu gace ka Ihula muri gurupoma ya Kisimba, mu rwego rwo kwitegura kurinda abaturage cyane ko ibitero by’Ingabo za RDC n’abo

Read More
Rwamagana :Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda bwa mbere rifunguye ibiro byaryo mu ntara

Rwamagana :Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda bwa mbere rifunguye ibiro byaryo mu ntara

Sep 26, 2025

Ishyaka riharanira Demokarasi nokurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR/Green Party) ryafunguye ku mugaragaro ibiro by’iri shyaka biherereye mu karere ka Rwamagana mu ntara y’iburasirazuba akaba ari igikorwa cyakozwe n’ubuyobozi bukuru bwiri shyaka burangajwe imbere na Perezida waryo Hon Dr Frank Habineza kuri uyu wa

Read More
Amatora y’Ubuyobozi bw’Abanyamulenge i Nakivale yabaye mu mutuzo; byinshi kuri yo

Amatora y’Ubuyobozi bw’Abanyamulenge i Nakivale yabaye mu mutuzo; byinshi kuri yo

Sep 26, 2025

Amatora y’Ubuyobozi bw’Abanyamulenge i Nakivale yabaye mu mutuzo; byinshi kuri yo Impunzi z’Abanyamulenge zicumbikiwe na Uganda mu ikambi y’i mpunzi ya Nakivale iherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bw’iki gihugu, zatoye ubuyobozi bwazo mu matora yaranzwemo n’ituze. Aya matora yabaye kuri uyu wa kane

Read More
Menya FDLR umutwe ugizwe n’abagize uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda

Menya FDLR umutwe ugizwe n’abagize uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda

Sep 26, 2025

Bivugwa ko FDLR igizwe ahanini n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, bahora bifuza kugaruka mu Rwanda gusoza umushinga basize batarangije neza, wo gutsemba icyitwa Umututsi ari nayo mpamvu igomba gusenwa burundu. Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku

Read More
Umuyobozi w’Umujyi wa Londres Sadiq Khan yasubije Perezida Donald Trump

Umuyobozi w’Umujyi wa Londres Sadiq Khan yasubije Perezida Donald Trump

Sep 26, 2025

Umuyobozi w’Umujyi wa Londres, Sadiq Khan, yasubije Perezida Donald Trump, nyuma y’uko amwise umuyobozi mubi, avuga ko uyu mugabo uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika agira ivangura. Mu butumwa Perezida Trump aherutse gutangira mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye (UN), yagaragaje ko afite impungenge ko

Read More