Uvira: Ingurube za Perezida Ndayishimiye zitumye abantu bapfa
Uvira: Ingurube za Perezida Ndayishimiye zitumye abantu bapfa Uvira, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, 28 Nzeri 2025 Hari igihe amakimbirane y’imitwe yitwaje intwaro arushaho kugaragaza ko ubuzima bw’umuntu bushobora kugurwa n’ubusa. Mu mujyi wa Uvira, mu Burasirazuba bwa Kivu, haturutse inkuru idasanzwe ishimangira
Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai
Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai Umugabo w’Umunya-Uganda witwa Charles Mwesigwa, uzwi ku izina rya Abbey, wamamaye mu makuru y’ubugenzuzi yakozwe n’ikinyamakuru BBC cyamushinje uruhare mu icuruzwa
Ikigo FBI gishinzwe iperereza ryo hagati mu gihugu muri Amerika cyirukanye abakozi bacyo bafashwe amashusho bapfukamye muri cya gihe cy’imyigaragambyo yo kwamagana ivanguraruhu
Ikigo FBI gishinzwe iperereza ryo hagati mu gihugu muri Amerika cyirukanye abakozi bacyo bafashwe amashusho bapfukamye muri cya gihe cy’imyiyerekano yo kwiyamiriza ivanguraruhu yateguwe inyuma y’urupfu rwa wa mwirabure George Floyd, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru vya Amerika bisubiramwo amasoko atavuzwe amazina. Bivugwa ko aba
Amerika yatangaje ko igiye kwambura visa, Perezida wa Colombia Gustavo Petro
Amerika yatangaje ko igiye kwambura visa, Perezida wa Colombia, Gustavo Petro nyuma y’imyitwarire idakwitse ndetse iteza ibyago yo gutiza umurindi abigaragambya mu Mujyi wa New York. Gustavo Petro yabonywe hanze y’Icyicaro Gikuru cya Loni i New York akoresha indangururamajwi ari kuganiriza abantu bashyigikiye
Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda
Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda Ku wa 23 Nzeri 2025, mu igazeti ya Leta y’u Rwanda hasohotse urutonde rw’abanyamahanga 74 bakomoka mu bihugu 20 bitandukanye, bahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda. Ni ubwa mbere mu mateka y’iki gihugu habonetse
Walikare umutwe wa m23 ukomeje kongera abarwanyi mu bice byinshi
Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kongera ingabo mu bice bitandukanye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo by’umwihariko muri teritwari ya Walikale, mu gace ka Ihula muri gurupoma ya Kisimba, mu rwego rwo kwitegura kurinda abaturage cyane ko ibitero by’Ingabo za RDC n’abo
Rwamagana :Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda bwa mbere rifunguye ibiro byaryo mu ntara
Ishyaka riharanira Demokarasi nokurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR/Green Party) ryafunguye ku mugaragaro ibiro by’iri shyaka biherereye mu karere ka Rwamagana mu ntara y’iburasirazuba akaba ari igikorwa cyakozwe n’ubuyobozi bukuru bwiri shyaka burangajwe imbere na Perezida waryo Hon Dr Frank Habineza kuri uyu wa
Amatora y’Ubuyobozi bw’Abanyamulenge i Nakivale yabaye mu mutuzo; byinshi kuri yo
Amatora y’Ubuyobozi bw’Abanyamulenge i Nakivale yabaye mu mutuzo; byinshi kuri yo Impunzi z’Abanyamulenge zicumbikiwe na Uganda mu ikambi y’i mpunzi ya Nakivale iherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bw’iki gihugu, zatoye ubuyobozi bwazo mu matora yaranzwemo n’ituze. Aya matora yabaye kuri uyu wa kane
Menya FDLR umutwe ugizwe n’abagize uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda
Bivugwa ko FDLR igizwe ahanini n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, bahora bifuza kugaruka mu Rwanda gusoza umushinga basize batarangije neza, wo gutsemba icyitwa Umututsi ari nayo mpamvu igomba gusenwa burundu. Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku
Umuyobozi w’Umujyi wa Londres Sadiq Khan yasubije Perezida Donald Trump
Umuyobozi w’Umujyi wa Londres, Sadiq Khan, yasubije Perezida Donald Trump, nyuma y’uko amwise umuyobozi mubi, avuga ko uyu mugabo uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika agira ivangura. Mu butumwa Perezida Trump aherutse gutangira mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye (UN), yagaragaje ko afite impungenge ko